Minisitiri w’umuco na siporo madamu Uwacu Julienne yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Mountain Gorilla Rally ku munsi w’ejo taliki ya 07 Nzeri 2017,,irushanwa ritangira mu Rwanda kuri uyu wa...
Umurundi John Nahimana yigisha muri za kaminuza zo muri Amerika isomo ryo kogosha imisatsi, akazi yatangiriye mu kambi y’impunzi ya Kanemba muri Tanzania akoresha umukasi.
Nahimana avuga ko...
Ku italiki ya 11 Werurwe uyu mwaka, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yashyikirije moto ebyiri zibwe mu bihe bitandukanye ba nyirazo. Izo moto zarafashwe ku bufatanye n’abaturage, ubwo zabaga...
Kuri uyu wa Mbere, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba n’uw’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, bagiranye inama na bagenzi babo bo mu Ntara ya Muyinga n’iya Kirundo mu Burundi, igamije gutsura umubano...
Abarundi 75 babaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe muri aya masaha berekeje mu gihugu cyabo, aho batashye ku bushake,kuri uyu wa 21 Gashyantare...
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo zo mu Rwanda ndetse n’uw’Intara ya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya gukora ubuvugizi kugira ngo hafungurwe ibyambu byahoze byambukiraho...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yatangaje ko mu gihe u Burundi bwakenera ko ibiganiro bikomeza, u Rwanda rwiteguye kubikora kuko ruhora rushaka ko ibibazo byarwo n’ibindi...
Intumwa zo mu Burundi zageze mu Rwanda, aho zije gushishikariza impunzi zo muri iki gihugu gutaha. Ni igikorwa kibera mu Nkambi ya Mahama ndetse no mu Mujyi wa Kigali.
Mu gitondo cyo kuri uyu...
Leta y’u Rwanda irizeza iy’u Burundi ubufatanye mu gucyura ku bushake impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda, ni nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere u Rwanda rwakiriye intumwa za leta y’u Burundi zije mu...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Musenyeri Simon Habyarimana uzwi cyane muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri yitabye Imana ku wa Kabiri tariki 11 Mata 2023, aho yaguye mu gihugu cy’u Butaliyani.
Umukobwa wakoraga mu kabari witwa Senzokuhle Khupe ukomoka mu mujyi wa Plumtree muri Zimbabwe, yafunzwe azira gukurura ubugabo bw’umukunzi we nyuma y’amakimbirane yo mu rugo...
Imodoka y’ivatiri yarimo abantu 7 yaguye mu mugezi wa Base uherereye mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gashenyi bituma abagera kuri 3 barakomereka cyane.
Ahagana saa 18h00 zo kuri uyu wa...
Mu Rwanda haravugwa indwara idasanzwe imaze kugera mu bigo bibiri by’amashuri yisumbuye mu burengerazuba no mu burasirazuba, kugeza ubu nta cyo ministeri y’ubuzima iratangaza kuri iyi...
Umuhanuzi ukomeye mu Burundi witwa Kayihura Modeste wari uzwi ku izina rya “Prophète Modeste” wirukanwe ku butaka bw’Uburundi ashinjwa ko ari umunyarwanda, yafunzwe nyuma yo gutabwa ku mupaka...
Mu minsi ishize nibwo abantu bacitse ururondogoro kubera akayabo ka miliyoni 222 z’amayero ikipe ya PSG yaguse Neymar Jr imukura muri FC Barcelona gusa kuri ubu perezida wa PSG Nasser Al Khelaifi...
Ku Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana...
Guverineri w’intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianey yafashe umwanzuro wo kwimura abari basanzwe bakorera mu Mirenge izwiho kweza ibirayi mu turere twa Musanze na Burera bakajyanwa...
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje ibihugu bya Uganda na Kenya ko u Burundi bwafashe umwanzuro wo kubuza amakamyo atwaye ibicuruzwa avuye mu Rwanda kwinjira muri icyo...
Umukinnyi Twizerane Mathieu ukinira ikipe ya CCA y’i Huye niwe wegukanye agace ka central challenge muri shampiona yo gusiganwa ku magare ya hano (Rwanda cycling cup)yari igeze ku gace ka karindwi...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017 harakomeza shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare izwi nka Rwanda Cycling Cup hakinwa irushanwa ryitwa Central Challenge, aho mu cyiciro...