Umugabo ukomoka muri Nigeria uzwi ku izina rya Rambo yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa n’abaturanyi be ari gusambanya ihene yaburaga iminsi mike ngo ibyare ndetse ahita yirukanwa mu gace...
Amavubi yatangiye imyitozo ikomeye ku munsi w’ejo taliki ya 03 Mutarama 2018 mu bukonje bwinshi buvanze n’imvura aho aba basore bitegura kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018. Iyi kipe iri mu mugi wa...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Maniraruta Martin wiyeguriye muzika nka Mani Martin, yakomoje ku nzira y’umusaraba yanyuze ava Kigali yerekeza muri Uganda mu mushinga w’indirimbo yari afitanye na Eddy Kenzo wo gusubiramo...
Kuri uyu wa 06 Ukuboza 2017 Wiz Kid yageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda ahagana saa cyenda z’amanywa.Yakiriwe n’abagize ikipe ya Face Tv ikorera muri iki gihugu ndetse na bamwe mu...
Umuririmbyi Banky W wo mu gihugu cya Nigeria yamaze kurushinga n’umukunzi we, Adesua Etomi usanzwe ari umukinnyi wa filime.Ubukwe bw’aba bombi bwabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Ugushyingo...
Umugabo n’umugore bari mu kigero cy’abakuze, nk’uko bigaragara, bafashwe basambanira ku ibaraza ry’inzu y’umuturage mu rusisiro rumwe mu ntara ya Ebonyi muri Nigeria, bahanishwa kuzengurutswa...
Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...
Ikinyamakuru cyo muri Nigeria cyakoze ibyafashwe nko gushotora Kiliziya Gatolika abandi bavuga ko byari bikwiye ko hamenyakana ukuri ko hari Abapadiri n’ababikira basoma ku nzoga nyuma yo kuva mu...
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless yahakanye ko yanze gukorana indirimbo na Sheebah Karungi ahubwo ko bishoboka ko we atigeze abimenyeshwa bisa naho Sheebah afite undi...
Manzi James [Humble Jizzo] umwe mu baririmbyi b’itsinda Urban Boyz yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura yabo mu minsi yavuba, uyu muhanzi yavuze ko ubukwe bwabo bwegejwe...
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Desire Benjamin Chinenye, w’ imyaka 21 y’ amavuko yatangaje uko byamugendeye ubwo yatwikwaga gaz ku bw’ amahirwe agasimbuka urupfu.
Uyu mukobwa yavuze ko...
Prof Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza...
Perezida Kagame mu cyumweru gitaha azatanga ikiganiro mu nama y’ abakuru b’ibihugu ku mubano ushingiye ku bushabitsi businesses hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika izabera New York....