Dr Paul Farmer washinze Kaminuza ya Butaro, yitabye Imana ku manywa yo kuri uyu wa Mbere azize uburwayi.
Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Dr Paul Farmer witabye Imana, avuga ko yari...
Ikinyamakuru The Sun kiratangaza ko Kim Kardashian yahaye akazi itsinda rishya ry’abashinzwe umutekano kugira ngo babuze Kanye West kwinjira mu nzu ye ya miliyoni 60 z’amadolari no kumubuza...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Kim Kardashian nyuma yo gutandukana byeruye na Kanye West akomeje kugirana umubano udasanzwe n’Umunyarwenya Pete Davidson ndetse biri gukekwa ko baba bafitanye umubano ushobora kuvamo...
Umunyamideli Kim Kardashian na Kanye West bahoze babana nk’umugabo n’umugore bagaragaye basohokanye, bikekwa ko baba bongeye kubura umubano hagati yabo.
Mu kiganiro Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame yagiranye na Fred Swaniker Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya African Leadership University, yatangaje ko kuri we umukinnyi w’ibihe byose muri...
Umwongerezakazi wari wararazwe amafaranga menshi yishwe n’umukunzi we wakoraga akazi ko kurinda [bouncer],hanyuma uyu musore abjijwe avuga ko yapfuye bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina,...
Ibihugu bimwe bivuga ko hari inkeke yo ku rwego rwo hejuru yuko hagabwa igitero cy’iterabwoba ku kibuga cy’indege cy’i Kabul muri Afghanistan, ndetse byaburiye abaturage babyo...
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere.
Polisi mu gace ka Vancouver kuva ku wa gatanu imaze kugera ku...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena 2020,hamenyekanye andi makipe 2 akomeye yageze muri 1/16 cy’Irangiza mu mikino ya Euro 2020 iri kubera mu mijyi itandukanye yo k u mugabane w’I...
Kenneth Kaunda yari umwe mu batangije Africa nshya, ubwo ibihugu byikizaga ubukoloni bikagira ubwigenge.
Umugabo w’ubumuntu bukomeye, yashimwaga nk’umwe mu bavuguruye Africa nubwo bwose mbere...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko kuri iki Cyumweru umugore w’imyaka 45 wo mu mujyi wa Kigali, yabaye umuntu wa 360 wishwe na COVID-19 mu Rwanda mu gihe abantu 34 batahuweho icyo cyorezo.
Abashya...
Inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire,ifite amenyo 100 yavumbuwe n’umuturage wo mu gihugu cya Australia iri mu gikoni ateguriramo amafunguro niko kugira ubwoba atabaza abahanga mu gufata no...
Umugore witwa Lavinia « Lavi » Mounga wari mu ndege yavaga Salt Lake City yerekeza ahitwa Honolulu kuwa 28 Mata uyu mwaka,yatunguye abagenzi bari kumwe ubwo yahamagaraga ko ashaka ubufasha...
Umukinnyi wa Sheffield United witwa Oli McBurnie yadukiriye umufana wa Leeds United wamwibasiye bahuriye mu muhanda,amukubita amakofe n’imigeri amuziza...
Umuryango umwe wo mu Bwongereza watunguye benshi ubwo watemberaga hanyuma ushyira ubuzima bwawo mu kaga ushinga ihema hafi y’imanga ndende cyane yari yatewe n’inkangu ikomeye yabaye muri ako gace...
On Sunday, Liverpool and Manchester United played to a goalless draw in a top-of-table clash in the Premier League. This Sunday, Mohamed Salah and Marcus Rashford clubs meet again in Manchester...
Umugore witwa Megan Stone w’imyaka 27,yashyingiranwe n’umukunzi we witwa Mark Stone w’imyaka 51,wamuvangiye imiziki [DJ] mu bukwe bwe bwa mbere bwabaye mu mwaka wa...
Mu mukino twavuga ko ari uwa nyuma waje kare,Liverpool igiye kongera guhura na Manchester United baherukaga kunganya 0-0 ku cyumweru gishize muri Premier...
Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden biboneka ko...
Umukandida w’abademokarate Joe Biden yavuze ko arimo gutsinda muri leta zihagije kuburyo yizeye gutsindira kuba perezida w’Amerika, nubwo hakiri ibyavuye mu matora by’ingenzi...
Ari muri leta ya Delaware, Joe Biden yagejeje ijambo kuri rubanda, avuga ko ari mu nzira zo gutsinda, mukeba we Trump yanditse kuri Twitter ko bari "kugerageza kwiba...
Umugabo witwa Adrian Butler w’imyaka 51 n’umugore we Natasha Rice w’imyaka 34 bafashwe bari gusambanira ku muhanda w’imbere y’isoko ku manywa y’ihangu bagejejwe imbere...