Amakuru ava mu Burundi aremeza ko Jenerari Alain Guillaume Bunyoni yagejejwe uyu munsi imbere y’umucamanza mu kuru i Bujumbura ngo akurikiranyweho ibyaha...
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Umutoza wa Police FC, Mashami Vincent yanenze imisifurire nyuma yo kwimwa igitego cyari cyemejwe nyuma abasifuzi bakiherera bakacyanga.
Ku munota wa 78,Iyabivuze Osee yacomekewe umupira,...
Ibaruwa DANI Alves yandikiye umugore we ushaka ko batandukana yashyizwe ahagaragara mu gihe we akomeje gufungwa nyuma y’ibirego bivugwa ko yasambanyije umugore mu kabyiniro ku ngufu.
Uyu...
Umutoza Adil Erradi arashinja abakinnyi kudatanga umusaruro by’umwihariko kapiteni wa APR FC,Manishimwe Djabel,batacyumvikana.
Mu minsi ishize ubwo yari amaze gutsindwa na Bugesera FC ibitego...
Minisiteri y’ingabo za Ukraine ivuga ko undi Jenerali w’Uburusiya, Liyetona Jenerali Yakov Rezantsev, yiciwe mu gitero hafi y’umujyi wa Kherson uri mu majyepfo.
Rezantsev yari akuriye umutwe wa 49...
Raila Odinga wifuza gutorwa nka perezida wa Kenya yasohoye indirimbo ye mu gihe kwiyamamariza amatora yo mu kwezi kwa munani birimbanyije.
Ntibisanzwe ko abakandida ubwabo bisohorera indirimbo...
Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na Oprah Winfrey.
Adele yavuze ko yumvise "yarasuzuguye" ingingo yo gushyingirwa ubwo yatandukanaga...
Mu Ntara ya Kigoma muri Tanzania polisi yatangaje ko hari umugore wabyaye inkoko bityo ubu ikaba igiye kujyanwa muri laboratwari ngo hasuzumwe ikibyihishe...
Mu mpera z’icyumweru gishize, Guverineri wa Mombasa Ali Hassan Joho yahuje abahanzi benshi bo muri Kenya ku nkombe y’amazi ya Mama Ngina, mu gitaramo kidasanzwe cyari kigamije kwizihiza umunsi...
Umukinnyi wa filime, Johnny Depp,uri mu bakinnyi bahembwa menshi muri Hollywood, yabuze akayabo k’amafaranga ndetse ajya mu madeni n’igihe yari amaze akora, nk’uko biherutse...
Umukobwa witwa Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba atuye i Londres mu Bwongereza, yaroze nyina umubyara ashaka kumwikiza ngo abone uko azajya aryamana na Se umubyara nta we...
Umukinnyi Nizeyimana Mirafa ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje itandukaniro benshi batari bazi ku mukinnyi wa APR FC n’uwa Rayon Sports mu mutwe no mu...
Umuryango wamaze imyaka icyenda mu gice cyo hasi (’basement’) cy’inzu "utegereje imperuka" watahuwe na polisi mu Buholandi nyuma yaho umwe muri bo agiye mu kabari, nkuko amakuru...
Umuhanzi akaba n’umunyamideli Rihanna yavuze ko mu barwayi bo mu mutwe bo muri USA,Donald Trump ariwe uri ku isonga kubera ibikorwa bibi byiganjemo urugomo bikomeje kubera muri iki...
Ubushinwa bwo muri iki gihe bwabayeho guhera mu mwaka wa 1949 nyuma yaho iri shyaka ritsindiye intambara yo gusubiranamo kw’Abashinwa hagati yabo nyuma y’intambara ya kabiri y’isi.
Ubushinwa buri...