Imodoka ya kampani itwara abagenzi mu mugi wa Kigali KBS yakoreye impanuka Nyabugogo ahazwi nko Kundagara bamwe barakomereka. Polisi iravuga ko nta wapfuye.
Iyi mpanuka yabaye saa tanu n’ igice...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena 2023, nibwo ku kiraro cya Nyabugogo gitandukanya Umurenge wa Kimisagara n’uwa Gatsata hagaragaye umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 16 Ukuboza 2022, bisi itwara abagenzi ya sosiyete Jali yahiriye i Nyabugogo, Polisi iyizimya itarakongoka.
Amakuru dukesha Radio Rwanda avuga ko nta...
Abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kubasangiza gahunda Umujyi wa Kigali ufite z’iterambere no kuzafatanya nabo mu kuzigeza ku baturage....
Umusore n’inkumi bari basohokeye mu kabari kazwi nko kwa Mutangana I Nyabugogo, bateye akabariro birangira umukobwa bamutwaye ari indembe, nyuma yuko uwamusohokanye amusambanyije akabura umwuka,...
Umugore wo mu Murenge wa Gahanga ,Akarere ka Kicukiro yatabawe ubwo yari agiye kwiyahurira mu nyubako y’Inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara ahazwi nka Nyabugogo.
Ahagana saa sita...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 22/11/2019 saa tatu za mu gitondo (09h00) hazasubukurwa ku ncuro ya 3 igurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Nzeri 2019,undi mugore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 25 na 30 utamenyekanye amazina yiyahuriye ku rukuta rwo mu murenge wa Muhima mu karere ka...
Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe wo mu muhanda yavuze ko imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yaraye itaye umuhanda ikagonga abantu 7 umwe akitaba Imana.
Umukozi wo mu rugo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo 2018, yabyaye uruhinja aruta mu musarane inzego z’ umutekano n’ ubuyobozi zirutabara...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Gashyantare 2018, Nyabugogo ahazwi nko kuri Opoloviya ku mabagiro ikamyo ya rukururana yacomotseho ikinyuma (kontineri) yangiza bikomeye moto eshanu....
Bamwe mu baturage bari mu gare ya Remera mu karere ka Kicukiro baravuga ko batishimiye uburyo babuze imodoka zo kubatwara mu byerekezo byajyagamo, ngo kubera ko ari sositeye zitandukanye bahisemo...
Dukuzumuremyi Valens w’ imyaka 25 y’ amavuko utuye mu mudugudu wa Kamenge akagari ka Nyabugogo, umurenge wa Kigali ho mu karere ka Nyarugenge yatewe n’ abantu bamutera ibyuma mu mihogo bamusiga ari...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko Guverinoma yakuyeho Nkunganire yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu byatumye igiciro cy’ingendo...
Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu nibwo umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriye muri Restaurant iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka...
Umusore w’imyaka 21 uvuka mu Karere ka Rulindo yafatiwe mu nyubako ya Inkundamahoro iherereye mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge ashaka kwiyahura kubera ko yimwe amahirwe yo kwinjira...
Umukokobwa witwa Judith uri mu kigero cy’ imyaka 20 yaguye mu modoka ya kampani itwara abagenzi (Kigali Safaris) arapfa
Mu ma saa sita kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga 2017, nibwo muri gare...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude w’imyaka 26 watabaye umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi menshi yari muri ruhurura ya Nyabugogo ku wa Gatandatu taliki ya mbere Gashyantare 2020,yabonye akazi muri...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Kanama 2017, abaturage benshi muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge, bashyamiranye n’abashinzwe irondo ubwo bafataga umusore umwe bamwita...
Umugabo witwa Kayitare Maurice w’imyaka 55 y’amavuko,yiyahuriye mu nyubako izwi nko ku Nkundamahoro iherereye Nyabugogo, akubita umutwe hasi ahita apfa.
Abakobwa b’ingufu n’amabandi yambura akanakubita abaturage, agakingirwa ikibaba n’inzego zikora irondo ni kimwe mu bibazo byugarije abaturage bo mu Mudugudu w’Agatare , mu Kagali ka Nyabugogo,...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude wakoze igikorwa cy’Ubutwari kuwa 01 Gashyantare 2020 ubwo yatabaraga umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi ya ruhurura I Nyabugogo,abanyarwanda baba muri Amerika...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Madamu Kayisime Nzaramba yakiriye mu biro bye Bwana BUNANI Jean Claude wagaragaye mu mashusho ku mbuga nkoranyambaga ari gutabara umwana w’imyaka 6 witwa Gitego...