Ahitwa Ryamakomari-Ruhango mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, habereye impanuka mu ma saa tanu zo kuri uyu wa gatanu tariki 29 Nzeri 2023, imodoka irangirika cyane, ariko by’amahirwe...
Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo, Akagari ka Kivugiza, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, imodoka yo mu bwoko bwa Suzuki Vitara, yahiye...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Abantu 18 barimo abagore 8 bakekwaho kuba abacuruzi b’ibiyobyabwenge bafatiwe mu mikwabu itandukanye mu karere ka Nyarugenge na Kicukiro beretswe itangazamakuru mu rwego rw’uko Polisi y’u Rwanda...
Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali yishwe n’ingona yamufatiye mu gishanga cya Nyabarongo ubwo yari agiye kuvoma. Ibi byabaye mugitondo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imfungwa n’abagorwa RCS,cyatangaje ko ibyavuzwe ko habaye imyigaragambyo muri iyi gereza ari ibinyoma ko ahubwo ari agatsiko k’abagororwa kigometse ku mategeko ya...
Mu minsi ishize ni bwo inkuru y’ifungwa ry’umunyemari Hategekimana Martin wamenyekanye nka Majyambere wari ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge yasakaye.
Mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge, abanyerondo baciye umuzunguzayi ugutwi, ndetse ngo babanje no kumukubita bikomeye.
Abaturage babonye ibi biba, bavuze ko byabereye ahazwi nko...
Photo/Makuruki Impanuka y’imodoka yabereye mu murenge wa Kanyinya w’Akarere ka Nyarugenge yahitanye abantu bane, abandi 14 barakomereka bikomeye.
Iyi mpanuka yabaye mu ma saa yine z’ijoro ryo...
Mu murenge wa Nyakabanda Akagari ka Munanira II mu karere ka Nyarugenge haravugwa inzu y’ amayoberane abaturage bavuga ko isengerwano Shitani, abandi bakavuga ko iyi nzu ibateye inkenke kuko...
Abagabo 5 bafunzwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gufatanwa ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo za mudasobwa bari bibye mu ishuri ryisumbuye (GS) rya Nzove...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge ku itariki ya 12 Nzeri yataye muri yombi abitwa Habiyambere Gatete Eric w’imyaka 25, Nzayisenga Edward w’imyaka 23 naTwagiramungu Abias w’imyaka 38...
Umugore ubana n’ umugabo w’ umunyerondo wo mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge bafatiye umukobwa mu gitanda cy’ umugabo we.
Ubwo uyu mugore ukora akazi ko gutunganya imisatsi yatahaga...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko mu mezi 10 ashize yakiriye ibirego 184 by’ abahohotewe muri bo umwe yabitakarijemo ubuzima.
Ibi byatangarijwe mu nama rusange y’abagore bo mu Karere ka Nyarugenge,...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa kabili taliki ya 27/11/2018 saa saba z’amanywa (13h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wanditse ku...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa gatanu taliki ya 07/12/2018 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatandatu taliki 05/1/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Succession wa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatandatu taliki 12/1/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya kabili umutungo utimukanwa wa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 03/4/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka...
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko, wakoraga akazi ko gutwara abagenzi kuri moto, yagwiriwe n’igiti yari yugamye munsi ahita apfa,mu gitondo cyo kuri uyu wa wa mbere tariki 14...