Umuryango w’abibumbye ku isi, ONU cyangwa UN, ibihugu biwugize uyu munsi birahurira mu nama rusange aho byizihiza isabukuru y’imyaka 75 umaze, abatuye isi ntibavuga rumwe ku kamaro n’imbaraga z’uwo...
Ku wa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020, Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley yasabye abaherwe batunze za miliyari kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga...
Babiri mu banyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Paul Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye umuryango w’abibumbye (ONU/UN) basaba ko ukora iperereza ku kibazo...
Perezida Donald Trump yateye intambwe ikomeye, mu buryo bw’inyandiko, ku bijyanye na gahunda ye yo gukura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...
Nyuma y’umukino wa UEFA Champions League wahuje Juventus na Manchester United kuwa Gatatu taliki ya 07 Ukwakira 2018,Dybala na Bonucci bagaragaye bari gushwana na Jose Mourinho ndetse bamwe bavuga...
Abasirikare 14 mu bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco), baguye mu gitero bagabweho n’inyeshyamba za ADF muri Kivu y’Amajyaruguru, abandi 53 barakomereka....
Amerika ivuga ko Israel ishobora kuba hamwe na hamwe yarakoresheje intwaro yahawe n’Amerika ikarenga ku mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu mu ntambara muri...
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo watangaje ko washyizeho igihe cy’umukwabu mu duce ugenzura mu ntara ya Kivu ya Ruguru mu burasirazuba...
Mu kiganiro cyihariye Perezida Kagame yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique,yavuze ko nta kibazo na kimwe afitanye na Perezida Felix Tshisekedi ahubwo ikibazo uyu muyobozi agifitanye n’abaturage...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken avuga ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuburyo "ibintu byifashe nabi ku mupaka hagati y’u Rwanda na DR...
Ibiro by’umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpanabyaha mpuzamahanga ,CPI,kuri uyu wa 13 Nyakanga byavuze ko birimo gukora iperereza ku mibiri byibura 87 yabonetse mu mva rusange muri Leta ya Darfur...
Umusirikare w’u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa kabiri, Grandi yatabarije bikomeye abaturage ba Sudan bugarijwe n’amakuba y’intambara.
Uhagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye avuze ko leta y’igihugu cye idashobora kuganira n’umutwe wa M23 ngo nk’uko ku isi yose nta gihugu na kimwe cyigeze kiganira n’umutwe...
Ku gasozi ka Muhororo mu karere ka Gisagara mu majyepfo y’u Rwanda - ahitegeye uruhererekane rw’imwe mu misozi yo muri komine Mwumba mu ntara ya Ngozi mu Burundi - ni ho havukiye Agathe...
Umutwe w’inyeshamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko wo witeguye gushyigikira umugambi w’amahoro ariko ko uruhande rwa leta ari rwo rutabikozwa
Ibi bivuzwe...