Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Mata 2020,Perezida Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyiza na perezida wa Amerika Donald Trump cyibanze ku mubano w’ibihugu byombi no ku nkunga iki gihugu...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagizwe umwere mu rubanza rujyanye no kumweguza, ibi bishoje icyo gikorwa cyo kugerageza kumweguza cyatumye politike y’Amerika icikamo...
Ikinyamakuru BBC cyatangaje ko cyabwiwe ko Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yajugunye "mu myanda" (poubelle) ibaruwa ijyanye na Syria yandikiwe na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuryango w’ Afurika y’Uburasirazuba (EAC) rivuga ko inama ya ba Perezida yabereye i Arusha yabaye mu ituze kandi mu buvandimwe, iyi nama ya 20 yafatiwemo ibyemezo...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo...
Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yemereye urukiko rw’i New York ko yishe amategeko agenga ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya...
Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
Mu gihugu cya Senegal abanyeshuri bari mu ishyaka riri ku butegetsi barwanye n’ abajandarume barinda Perezidansi ya Senegal ubwo bari batumiwe na Perezida Macky Sally tariki 30 Gicurasi...
Perezida aba ari umuntu wubashywe mu gihugu, afite ingabo, afite imbaraga n’ ubutware bwo gushyiraho abagize guverinoma no kubirukana. Wakwibaza ukuntu uwahoze ari Perezida wa Uganda Godfrey...
Perezida mushya wa Angola, Joao Lourenco kuri uyu wa gatatu yirukanye ku kazi umukobwa wa perezida Dos Santos, Isabel Dos santos, wari ukuriye ikigo cya leta gishinzwe ubucukuzi bwa peteroli,...
Anastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda akaba yari no muri Guverinoma yaseshwe, yasimbujwe Dr. Ngirente Edouard nk’ uko bigaragara mu itangazo rya perezidansi y’ u Rwanda.
Mu...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Nubwo umukuru w’Igihugu Paul Kagame agaragara arinzwe ntibibuza abaturanyi be kugera iwe kandi bisanzuye mu mahoro.Umugore utuye ku rugabano rw’akarere ka Rwamagana na Kayonza ndetse n’umugabo...
Ubusanzwe umunyapoliti afite inshingano zo gukorera Sosiyete ye ,igihugu cye, gutekereza bikomeye,kuvugwa neza cyangwa nabi hagendewe ku bikorwa bye.Umurimo wa Politiki ubu usigaye ufite...
Mu gitabo “Conversations with President of Rwanda” cya Francois Soudan giherutse gushyirwa ahagaragara kivuga ku buzima bwite bw’umukuru w’igihugu Paul Kagame hakubiyemo byinshi abantu batamenye...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infantino uri mu Rwanda mu uruzinduko rw’iminsi 2 avuga ko u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakakira inama 2 nkuru za FIFA...
Mahmoud Ahmadinejad wahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ubutumwa buvuga kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika anagira inama Trump.
Mu ibaruwa...
Perezida wa Sudani, Omar al Bashir, ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) ku byaha akekwaho by’intambara, yatumiwe na Arabia Soudite mu nama Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umuhanzi Diamond Platnumz wamamaye mu muziki wo muri Africa y’iburasirazuba no hanze yayo by’umwihariko mu gihugu cye cy’amavuko cya Tanzania yibutse ibihe byiza ubwo yahabwaga ingofero na Perezida...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yururutswa kugeza hagati mu gihe kingana n’iminsi itatu, mu rwego rwo...