Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 nibwo Ishimwe Dieudonné [Prince Kid] yasabye anakwa umukunzi we Miss Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2017 mu birori byabereye mu busitani...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Prince Kid agiye gusaba no gukwa Miss Iradukunda Elsa, mu muhango uri kubera ahazwi nka Jalia Gardens mu mujyi wa...
Abafana b’ikipe ya Rayon Sports bakoze akarasisi gakomeye i Nyamirambo berekeza kuri Kigali Pele Stadium mbere yo kwerekana abakinnyi no gukina na Kenya Police FC mu mukino wa gicuti.
Mbere yo...
Maria Luisa Varela uturuka muuri Philipine ni we wegukanye ikamba rya Miss Planet International ryatanzwe ku wa 29 Mutarama 2023 mu gihe Umunyarwandakazi wari kuryitabira we yaje...
Mu gihe haburaga iminsi mike ngo irushanwa rya Miss Planet International ribe Uganda yari ifite inshingano zo kuritegura yazambuwe ryimurirwa Cambodia ku wa 19 Ugushyingo...
Umufaransa Karim Benzema ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne ni we wegukanye igihembo cya Ballon Dor cya 2022.
Akaba yagitwaye umunya Senegal Sadio Mané wakiniraga Liverpool n’Umubirigi...
Musengayire Yvette wamenyekanye nka Kellyboo, nk’umubyinnyi ukunze kugaragara mu mashusho y’indirimbo akaba na DJ uri kubyimenyereza muri iyi minsi, yamaze kwerekana umukunzi yemeje ko bamaranye...
Nyuma yo kwemeranya isezerano ry’akaramata mu mpera z’umwaka wa 2021 n’umukunzi we Laura Collete , Umuhanzi Igor Mabano yashyize hanze ifoto y’imfura ye y’umuhugu ku isabukuru ye...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima.
Umurambo...
Umuhanzi Muneza Christopher uzwi nka Christopher yavuze ko akiri muri Kina Music yakubiswe na nyiri Radio&TV1 ,Kakooza Nkuriza Charles uzwi cyane nka KNC amuziza kumusuhuza atamureba.
Mu...
Umuhanzi nyarwanda Kayitare Emmanuel wamenyekaniye mu muziki ku izina rya Kayitare Wayitare Dembe yavuze ko ari we Mwami w’aba-Slay Queen animika ShaddyBoo nk’umwamikazi...
Dream Boys bavuze ko badashobora kujyenda ngo bahereyo kuko bagifite byinshi byo gukora mu Rwanda kandi hari amahirwe menshi yo gukora ku rubyiruko bityo ko batazatindayo ahubwo bashobora...
Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza umugabo washyize hanze amafoto ye hanze yambaye ubusa ,umukobwa yagaragaje imyambarire idasanzwe mu mashusho ya active ,Young...
Umuririmbyi TMC wa Dream Boys atangaza y’uko uyu mwaka mushya wa 2018 afitemo ibyifuzo bitatu kuburyo bizasingira uwa 2019 akora ubukwe nk’uko ari umuhingo amaranye igihe.
TMC wavutse yitwa...
Nyuma yo kwemeranya kubana akaramata,Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we barabarizwa i Dar es salaam mu gihugu cya Tanzaniya mu kwezi kwa Buki.
Bivugwa ko aba bombi...