Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump na mugenzi we w’ u Burusiya Vladmir Putin baganiriye kuri telefone bemeranya ko bagiye guhagarika intambara yo muri Syria.
Ni nshuro ya mbere...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki gihugu cyatera Ukraine mu mwaka ushize, ndetse byitezwe ko agirana ibiganiro na Perezida w’Uburusiya...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko isi ishobora kuba iri mu kaga katari kabaho kuva intambara ya kibiri y’isi yose yarangira.
Ibi yabivuze mu ijambo rirerire yavuze ku wa...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yahamagariye abakorerabushake bo mu mahanga kuza kurwanya ingabo za Ukraine.
Mu nama y’abagize akanama gashinzwe umutekano w’Uburusiya, yavuze ko ashaka ko...
Kuri uyu munsi wa 14 w’ibitero by’Uburusiya muri Ukraine, aya ni amwe mu makuru y’ibyo wamenya biri kuba muri iki gitondo n’ibyabaye mu masaha 12 yashize.
Kuwa gatatu mu gitondo kare cyane mu mijyi...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin birashoboka ko yahaye uruhushya ibikorwa byo kugerageza kugena ibyavuye mu matora y’Amerika ashaka ko uwari Perezida Donald Trump ayatsinda, nkuko bivugwa...
Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 75 aba-Nazi batsinzwe na Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete , Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye umudali w’ishimwe Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong...
Ibiro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika byemeje amakuru avuga ko Perezida Donald Trump yagiranye ibiganiro mu ibanga na Perezida w’ u Burusiya Vladmir Putin.
Ibi biganiro byabaye mu...
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ruherereye i Lahe mu Buhorandi, ICC rwatanze impapuro zo guta muri yombi Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin kubera ibyaha by’intambara ruvuga ko byakorewe muri...
Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko yiteguye guhura na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin “niba koko yaba afite ubushake bwo gushaka uko intambara irangira”.
Ari kumwe na Emmanuel Macron...
Mu myigaragambyo bakoze uyu munsi mu mujyi wa Goma,Abanyekongo bari bafite amasahusho ya Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya aho bamusabye ko yaza kubakiza inyeshyamba za M23
Aba banyecongo...
Perezida wa Belarus Alexander Lukashenko yasabye Ukraine kwitegura ibitero igiye kugabwaho n’ingabo z’Umuryango w’Ubumwe bwa Belarus na Russia uzwi nka Union State. Ingabo za Union State ngo zimaze...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yashinje Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya gufunga ibyambu byari kugeza ibiribwa ku bakene cyane ku isi.
Ibi Bwana Johnson yabigarutseho mu...
Benshi mu batuye isi batunguwe n’amafoto ya perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ari gukina umukino ukinirwa ku rubura witwa Ice Hockey.
Uyu muperezida uri mu nkundura yo kongera kwiyamamariza iki...
Yevgeny Prigozhin yapfuye ku wa Gatatu,tariki ya 23 Kanama,nyuma y’amezi abiri we n’umutwe ayoboye bivumbuye kuri Leta y’u Burusiya ndetse bayitangizaho ibitero nubwo nyuma byaje...
Abayobozi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Ukraine baravuga ubwirinzi bw’ibitero by’indege bwari mu kazi i Kyiv mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane kandi humvikanye uguturika kw’ibisasu mu mujyi wa...
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.