Uwahoze ari umukinnyi w’iteramakofe mu baremereye, Vitali Klitschko ubu ayoboye urugamba rwo guhangana n’Uburusiya kuko asanzwe ari umuyobozi wa Kiev.
Mu kibuga cy’iteramakofe,Vitali Klitschko...
Kuri uyu wa kane, guverinoma ya U.K yafatiriye imitungo wa nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Chelsea, Roman Abramovich ukomoka mu gihugu cy’Uburusiyakubera ubushuti bukomeye afitanye na Perezida...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Byari ibirori bikomeye n’imyiyereko yitondewe mu Murwa Mukuru w’u Burusiya, Moscow, ubwo kuri uyu wa Kabiri habaga akarasisi kazwi nka Victory Day Parade, kuri Red...
Abategetsi bo mu Burusiya bavuga ko umutwe witwaje intwaro wambukiye muri icyo gihugu uvuye muri Ukraine unyuze mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya kandi ko gukozanyaho kwahabereye hari abantu...
Umusirikare w’Uburusiya ufite ipeti rya Lieutenant Colonel witwa Roman Venevitin yafunze n’abacanshuro ba Wagner kubera ko yabarasheho.
Ibi byagaragaye muri video iri ku mbuga nkoranyambaga...
Umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, Yevgeny Prigozhin, yabonetse mu ifoto i St Petersburg mu nama yo muri iki cyumweru y’Afurika n’Uburusiya.
Uburusiya ahanini bwaricecekeye ku bijyanye n’ubushyamirane hagati y’ingabo za Isiraheli na Hamas, ariko ubuyobozi bw’i Kremlin muri iki cyumweru bwatanze ibimenyetso byerekana ko burimo gutekereza...
Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba
Itangazamakuru mu Burusiya riravuga ko amakuru yatanzwe n’ibiro by’ubutasi bya Amerika yafashije inzego z’umutekano mu kuburizamo igitero...
Kuri uyu wa Kane tariki 14 Kamena 2018 nibwo mu Burusiya hatangiye imikino y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi 2018 mu mupira w’amaguru. Perezida w’u Rwanda Paul Kagame akaba yari mu banayacyubahiro...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora ya perezida yabaye muri Amerika mu mwaka wa 2016 nubwo...
Ni kenshi cyane byagiye bivugwako mu gihugu cya Uganda hari ibyamamare birangiza za Kaminuza kandi ngo abanyeshuri bagenzi babo batarababonye mu ishuri , yewe no kumunsi w’ibizamini ntibaboneka...
Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015,ku munsi wo kuwa mbere yatangaje ko yagerageje kwiyahura kubera urukundo agahagarikwa n’abo mu muryango...
Urukundo hagati ya Miss Vanessa n’umusore w’umunyarwanda w’umuhanzi ukorera umuziki we mu gihugu cya Kenya uzwi ku izina rya Keddyboi rukomeje kugenda rututumba uko iminsi...
Uburusiya na Belarus (Biélorussie) bitangiye imyitozo ya gisirikare bihuriyeho y’iminsi 10, mu gihe harimo kwiyongera guhangayika kuvuye ku kuba Uburusiya bwarakusanyirije abasirikare babwo ku...