skol
Kigali

Search: RURA (5896)

RURA yahaye gasopo Airtel Rwanda yashinjwe gukora amatangazo yibasira MTN Rwanda

Nyuma y’amatangazo Airtel Rwanda yari imaze iminsi ikora akangurira abantu kuva ku giti bakayigana,Urwego ngenzuramikorere [RURA]rwayitegetse kumanura ibyapa bitandukanye bigaragaza umuntu wambaye...
15 December 2020 5425 0

RURA yashyiriyeho abamotari igihe ntarengwa cyo kuba babonye mubazi n’ibiciro bishya bya moto

Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ko guhera kuwa 15/8/2020,mu mujyi wa Kigali nta mumotari uzongera kwemererwa gukora adafite mubazi.
5 August 2020 1687 0

RURA yatangaje isaha ntarengwa imodoka na moto zitwara abagenzi zigomba gusubikira akazi inagira inama...

Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwatangaje ko imodoka zitwara abagenzi mu ntara zigomba kurangiza akazi bitarenze saa mbili kugira ngo abantu bose bubahirize gahunda yo kuba bageze mu rugo...
3 June 2020 5500 0

RURA yatanze umucyo ku bivugwa ko iyo umuntu yahaye undi lift abihanirwa

Mu rwego rwo gusubiza impungenge zagaragajwe n’abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi ndetse n’ingaruka mu mategeko zishobora gutuma umuntu uha...
22 August 2023 2363 0

Rutsiro:Amashanyarazi yakuruwe mu buryo butemewe yahitanye umuntu wasaruraga ibishyimbo

Uwamahoro Jeanine w’imyaka 34 wo mu karere ka Rutsiro, yahinywe n’amashanyarazi yauruwe mu buryo butemewe ubwo yarimo asarura ibishyimbo.
26 December 2022 1399 0

Umujyi wa Kigali wamaze kuzuza inzu ya mbere yimuriwemo abaturiye Ruhurura ya Mpazi

Umujyi wa Kigali urimo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubakira abatuye mu bice byegereye ruhurura ya Mpazi by’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Rwezamenyo.
7 June 2021 4252 0

Dr. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe na Prof. Karuranga wayoboraga Kaminuza ya Kibungo batawe muri...

Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe na Prof Egide Karuranga wayoboraga Kaminuza ya Kibungo, bamaze iminsi ibiri bafunzwe aho bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye bakoze mu...
5 July 2020 1994 0

Umurambo wazutse ubwo bari bagiye kuwukorera Autopsy rubanda rurahurura

Mu gihugu cy’Ubuhindi mu karere ka Bhadrak umurambo w’umusore witwa Sujit Khatua ,wazutse nyuma y’aho abaganga bari bamaze kwemeza ko ukwiriye gukorerwa Autopsy kugira ngo bamenye icyateye...
18 March 2019 6367 0

Dore ibintu 10 biza ku isonga mu gukurura abasore ku buryo barwanira umukobwa ubifite

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa...
23 October 2018 4568 0

Izi nizo turufu ziza ku isonga ku bakobwa muri iyi minsi mu gukurura abasore cyane

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa...
11 October 2018 15270 0

Komisiyo yo kuvugurura amategeko yasuye urwibutso rwa ’Komine Rouge’ inasura umukecuru wajyaga arara munsi y’ igiti yasaniye...

Umubyeyi warokotse Jenocide yakorewe abatutsi mu karere ka Rubavu mu 1994 afite icyizere cyo kongera kubaho neza nyuma yo gusanirwa no no kugabirwa na komisiyo y’igihugu ishinzwe...
15 June 2018 1095 0

Imodoka yataye umuhanda yikubita muri ruhurura [ AMAFOTO]

Umugabo yananiwe kuyobora imodoka yisanga yageze muri ruhurura.
20 May 2018 3359 0

Rurangirwa wongeye gutanga kandidatire yo kuyobora FERWAFA yakoze mu jisho De Gaulle

Rurangirwa Louis wongeye gutanga kanditature yo kwiyamamariza kuyobora FERWAFA yatangaje ko we atazigera atanga ruswa cyangwa ngo yishyurire abayobozi b’amakipe hoteli ngo bamutore nkuko byavuzwe...
24 February 2018 1684 0

P.Kagame yakiriye indahiro ya Min. Mutimura na Min. Rurangirwa ataha n’ingoro y’ amateka yo guhagarika...

Perezida w’ u Rwanda ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2017 yakiriye indahiro z’ abaminisitiri babiri bashya binjiye muri guverinoma y’ u Rwanda anataha ingoro y’...
13 December 2017 1645 0

Ibi ni ibintu 10 biza ku isonga mu gukurura abasore cyane ku buryo barwanira umukobwa ubifite-REBA...

Imico abahungu bakunda ku bakobwa Umukobwa wifuzwa na buri muhungu wese Ese abahungu bakunda umukobwa umeze ute
29 November 2018 18537 0

RURA yasabye abamotari kugira isuku nyuma yo gushinjwa n’abagenzi kutiyitaho

Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubiri wabo, ku byo bambaye ndetse no ku binyabiziga baba batwayeho abagenzi ari ngombwa. Abagenzi...
12 September 2017 280 0

Leta yagabanyije ibiciro by’ amazi n’ iby’ amashyanyarazi

Ikigo cy’Igihugu kigenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyatangaje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 13 Ukuboza 2017, ibiciro bishya by’amashanyarazi mu gihugu n’iby’amazi mu...
13 December 2016 3162 0

Kigali: Abantu 4 babonetse muri ruhurura bapfuye hakekwa imvura nyinshi

Guhera ejo ku wa Kane,tariki ya 15 Gashyantare 2024, hamaze kuboneka imirambo ine abaturage basanze mu mazi yo muri Ruhurura ya Rwampala ahantu hatandukanye bikekwa ko yatwawe n’imvura yaraye...
16 February 2024 1294 0

RURA, PSF n’Amashuli yisumbuye bari hejuru mu bigo byaranzwemo ruswa nyinshi muri 2023

Ubushakashatsi bushya bugaragaza igipimo cya ruswa ntoya mu Rwanda (RBI) bwagaragaje ko Urwego rw’Abikorera n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu...
7 December 2023 557 0

N’iki twizeze mu Rubanza rwa Kabuga ruratangira kuburanishwa mu mizi?

Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside, wahoze ari umwe mu banyemari bakomeye mu Rwanda, ruratangira uyu munsi n’ejo kuwa gatanu nyuma y’imyaka ibiri afatiwe mu...
29 September 2022 484 0

Menya ibintu by’ingenzi wakurikiza ukagira urukundo rwishimye kandi rurambye

Birashoboka ko waba ujya mu rukundo ntirumare kabiri cyangwa se ugasanga muhora mu bibazo bidashira utazi ikibitera ariko hari ibintu bikomeye bishobora kugufasha kugira urukundo rwishimye kandi...
19 June 2022 1294 0

RURA yabonye Umuyobozi mushya w’agateganyo

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwahawe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo asimbuye Dr Nsabimana uherutse kugirwa Minisitiri w’Ibikorwaremezo.
18 February 2022 1519 0

Dore ibiza ku isonga abakobwa bakoresha mu gukurura abasore

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa...
19 May 2021 2871 0

Hamenyekanye imbogamizi ishobora gutuma Real Madrid itagarura Cristiano Ronaldo yifuza

Byamaze kumenyekana ko ikipe ya Real Madrid yifuza kugarura umunyabigwi wayo Cristiano Ronaldo ariko akayabo ahembwa ka miliyoni 28 z’amapawundi ku mwaka kari gutuma Perez agenda...
16 March 2021 1708 0

Miss Mutesi Jolly yatunguwe n’umukozi wo mu rugo amuha ururabo amubwira n’amagambo yamukoze ku mutima

Miss Mutesi Jolly aratangaza ko yakozwe ku mutima n’impano ya Saint Valentin y’ururabo yahawe n’umukozi wo mu rugo iwabo [yamwise nyirabuja] wamushimiye uburyo babana...
17 February 2021 2624 0

RURA yahagaritse kugenda abantu bahagaze mu ma Bisi atwara abagenzi kubera Coronavirus

Guhera kuri iki Cyumweru taliki ya 15 Werurwe 2020, ikigo ngenzuramikorere [RURA] cyahagaritse ibyo kugenda abagenzi bahagaze muri za bisi zitwara abagenzi,gisaba ko buri wese azajya yicara mu...
15 March 2020 2004 0

RURA yatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli

Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda[RURA] rwatangaje igiciro gishya cy’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse ugereranyije nuko byari bihagaze mu minsi ishize.
3 March 2020 2948 0

Snoop Dogg yiyise umugabo ukurura abagore ku isi kurusha abandi

Umuraperi w’icyamamare mu njyana ya HipHOP ku Isi , Snoop Dogg, yiyise umugabo ukurura abagore ku Isikurusha abandi nyuma y’aho John Legend ahawe uyu mwana n’ikinyamakuru cya...
18 November 2019 1825 0

Nyarugenge:Umubyeyi yabyaye uruhinja arushyira mu ikarito arujugunya muri Ruhurura[AMAFOTO]

Mu masaha y’urukerera wo kuri uyu wa 22 Ukwakira 2019 nibwo umubyeyi tutaramenya amazina ye yabyaye umwana amujugunya muri ruhurura iherereye mu murenge wa Rwezamenyo, akagari ka Kabuguru ho mu...
23 October 2019 1637 0

Jurgen Klopp yatangaje impamvu ikomeye yatumye Liverpool itagarura Coutinho

Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp yatangaje ko bifuzaga kugarura umukinnyi Philippe Coutinho ariko amafaranga baciwe na FC Barcelona yatumye batabibasha.
20 August 2019 2056 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 5880