Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ko guhera kuwa 15/8/2020,mu mujyi wa Kigali nta mumotari uzongera kwemererwa gukora adafite mubazi.
Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwatangaje ko imodoka zitwara abagenzi mu ntara zigomba kurangiza akazi bitarenze saa mbili kugira ngo abantu bose bubahirize gahunda yo kuba bageze mu rugo...
Umujyi wa Kigali urimo gushyira mu bikorwa umushinga wo kubakira abatuye mu bice byegereye ruhurura ya Mpazi by’Imirenge ya Kimisagara, Gitega na Rwezamenyo.
Umubyeyi warokotse Jenocide yakorewe abatutsi mu karere ka Rubavu mu 1994 afite icyizere cyo kongera kubaho neza nyuma yo gusanirwa no no kugabirwa na komisiyo y’igihugu ishinzwe...
Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubiri wabo, ku byo bambaye ndetse no ku binyabiziga baba batwayeho abagenzi ari ngombwa. Abagenzi...
Guhera ejo ku wa Kane,tariki ya 15 Gashyantare 2024, hamaze kuboneka imirambo ine abaturage basanze mu mazi yo muri Ruhurura ya Rwampala ahantu hatandukanye bikekwa ko yatwawe n’imvura yaraye...
Byamaze kumenyekana ko ikipe ya Real Madrid yifuza kugarura umunyabigwi wayo Cristiano Ronaldo ariko akayabo ahembwa ka miliyoni 28 z’amapawundi ku mwaka kari gutuma Perez agenda...
Miss Mutesi Jolly aratangaza ko yakozwe ku mutima n’impano ya Saint Valentin y’ururabo yahawe n’umukozi wo mu rugo iwabo [yamwise nyirabuja] wamushimiye uburyo babana...
Mu masaha y’urukerera wo kuri uyu wa 22 Ukwakira 2019 nibwo umubyeyi tutaramenya amazina ye yabyaye umwana amujugunya muri ruhurura iherereye mu murenge wa Rwezamenyo, akagari ka Kabuguru ho mu...
Umutoza wa Liverpool, Jurgen Klopp yatangaje ko bifuzaga kugarura umukinnyi Philippe Coutinho ariko amafaranga baciwe na FC Barcelona yatumye batabibasha.