Rayon Sports iracakirana na Kirehe FC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 28 Ukwakira 2017,aho karekezi yatangarije abanyamakuru ko bagomba gutsinda ikipe ya Kirehe FC nyuma y’aho mu mukino uheruka...
*Umwe mu bafana ba Rayon Sports witwa munyentwari Jean Maurice yareze Radio 10 n’umunyamakuru wayo Jado Castar gusebanya mu kiganiro cy’imikino yakoze ku wa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,ubwo...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball yegukanye umwanya wa 5 mu mikino nyafurika iri kubera mu Misiri aho yatsinze Libya amaseti 3-2 kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira...
Kiyovu Sports itsinze ikipe ya APPR FC igitego 1-0 kuri uyu wa gatanu cyatsinzwe na Mustapha Francis,nyuma y’imyaka 12 itabasha kuyitsinda ndetse imikino 16 iheruka yose APR FC yabashije kubona...
Ku munsi w’ejo taliki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahagaritse umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise kubera uburangare yagize ku gitego cya...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri aratangaza ko ababajwe n’ibyo itangazamakuru ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru bamuvugaho ku byerekeye imyitwarire ye nyuma yo guhagarikwa n’ikipe ya APR FC mu...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atigeze ahangayikishwa ni uko Rayon Sports imaze iminsi idafite ikibuga cy’imyitozo ko icyo we yashakaga ari ukubona aho abakinnyi bakorera imyitozo...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye ubimburira iyo ku munsi wa 4 wa shampiyona aho umutoza Jimmy Mulisa yatangaje ko atitaye ku mateka y’uko APR FC...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko ryahagaritse imikino 4 umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise wasifuye umukino w’umunsi wa 3 wahuje AS Kigali na APR FC...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon sports Ndayishimiye Eric Bakame aratangaza ko kuba ikipe ya Rayon Sports idafite ikibuga cyo gukoreraho imyitozo ari ikibazo kibagoye ndetse asaba ubuyobozi bwa Rayon...
Umunyamabanga w’ikipe ya Kiyovu Sports Habimana Rachid amaze gutangaza ko bafashe umwanzuro wo kwima ikibuga cya Mumena ikipe ya Rayon Sports yifuzaga kuhakorera imyitozo kuri uyu wa kane Taliki...
Umukinnyi Yannick Mukunzi ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports ntazagaragara mu mukino iyi kipe izahuramo na Kirehe FC ku wa Gatandatu taliki ya 28 Ukwakira 2017.
Uyu musore wagiriye imvune mu...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko yifuza ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakumvikana na SKOL vuba na bwangu kuko bakeneye ikibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove bamaze...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports, Cassa Mbungo aratangaza ko yiteguye gukuraho igisebo ikipe ye ya Kiyovu ifite kuri APR FC aho imaze imyaka 10 itayitsinda ndetse benshi mu bakunzi b’umupira...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaganye icyifuzo AS Kigali yari yabagejejeho ko umukino w’umunsi wa 3 bahuyemo na APR FC wasubirwamo aho bemeza ko habayemo kubogama ndetse umusifuzi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey rimusaba kugaruka ku kazi ndetse no gutanga ibisobanuro ku mpamvu yatumye ata akazi adasabye...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kuvuza myugariro wayo Rwatubyaye Abdul wari umaze igihe afite imvune mu ivi ikomeye yakuye mu mukino Rayon Sports yatsinzemo Bugesera igitego 1-0 mu kwezi kwa Gatatu...
Ikipe ya Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga wasinyiye ikipe ya APR FC agifite amasezerano muri Kiyovu ndetse biza kurangira aya makipe yombi amutanze ku rutonde...
Myugariro w’ikipe ya APR FC Imanishimwe Emmanuel ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo yatangiye imyitozo yoroheje nyuma yo kuvunikira mu mukino wa shampiyona ikipe ya APR FC yanganyijemo...
Ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo ku kibuga yari yahawe na SKOL giherereye mu Nzove igakorera mu Rugunga ahazwi nko kuri Malaria nyuma...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Rutahizamu Tuyisenge Jacques ukinira ikipe ya Gor mahia yamaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri iyi kipe ndetse binyomoza amakuru yavugwaga ko uyu musore yaba yaramaze gusinyira ikipe ya APR FC...
Ikipe y’igihugu Amavubi ishobora kubona amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma y’aho amahirwe yayo yayoyotse ubwo yasezererwaga na Uganda ku bitego 3-2 mu mikino yombi, gusa amahirwe yayo...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,Nzamwita Vincent de Gaulle aratangaza ko yiteguye kwivuna itangazamakuru rimaze imyaka 4 rimwibasira aho yatangaje ko agiye kurega...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
Umukinnyi Nsengiyumva Mustapha rutahizamu wa Police FC yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierrot ubwo bakinanaga mu ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu musore...
Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...