skol
Kigali

Search: Remmy (1067)

Ndoli yishimiye gutsinda APR FC yamazemo imyaka 12

Nyuma y’imyaka 12 ikipe ya APR FC itsinda Kiyovu Sports,kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira nibwo kiyovu yakuyeho iyo ngoyi ndetse umunyezamu wayo Ndoli Jean Claude wamaze imyaka 12 akinira...
28 October 2017 553 0

Karekezi yarahiriye kwisubiza icyubahiro imbere ya Kirehe FC

Rayon Sports iracakirana na Kirehe FC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 28 Ukwakira 2017,aho karekezi yatangarije abanyamakuru ko bagomba gutsinda ikipe ya Kirehe FC nyuma y’aho mu mukino uheruka...
28 October 2017 1195 0

Munyentwari yareze Radio 10 kubera gutuka Rayon Sports

*Umwe mu bafana ba Rayon Sports witwa munyentwari Jean Maurice yareze Radio 10 n’umunyamakuru wayo Jado Castar gusebanya mu kiganiro cy’imikino yakoze ku wa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,ubwo...
28 October 2017 9913 0

Volleyball:u Rwanda rwegukanye umwanya wa 5 mu mikino nyafurika

Ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball yegukanye umwanya wa 5 mu mikino nyafurika iri kubera mu Misiri aho yatsinze Libya amaseti 3-2 kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira...
27 October 2017 478 0

Kiyovu Sports yigaranzuye APR FC yari imaze imyaka 12 iyitsinda

Kiyovu Sports itsinze ikipe ya APPR FC igitego 1-0 kuri uyu wa gatanu cyatsinzwe na Mustapha Francis,nyuma y’imyaka 12 itabasha kuyitsinda ndetse imikino 16 iheruka yose APR FC yabashije kubona...
27 October 2017 1648 0

Uwahoze atoza Amavubi ari mu mazi abira nyuma y’aho abakinnyi be basabye ko yirukanwa

Umutoza Stephen Constantine wahoze atoza Amavubi ashobora kwirukanwa mu ikipe y’igihugu y’Ubuhinde nyuma y’aho abakinnyi bakomeye b’iyi kipe basabye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Buhinde AIFF...
27 October 2017 3526 0

Ese guhagarika Hakizimana biraza kuba igisubizo cy’ibibazo by’imisifurire bivugwa mu Rwanda?

Ku munsi w’ejo taliki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahagaritse umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise kubera uburangare yagize ku gitego cya...
27 October 2017 399 0

Muhadjiri yanenze abantu bakomeje kumuharabika

Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri aratangaza ko ababajwe n’ibyo itangazamakuru ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru bamuvugaho ku byerekeye imyitwarire ye nyuma yo guhagarikwa n’ikipe ya APR FC mu...
27 October 2017 703 0

Karekezi yatangaje uko yakiriye ibyo kubura ikibuga cy’imyitozo kwa Rayon sports

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atigeze ahangayikishwa ni uko Rayon Sports imaze iminsi idafite ikibuga cy’imyitozo ko icyo we yashakaga ari ukubona aho abakinnyi bakorera imyitozo...
27 October 2017 1351 0

Mulisa yatangaje byinshi ku mukino uramuhuza na Kiyovu Sports

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye ubimburira iyo ku munsi wa 4 wa shampiyona aho umutoza Jimmy Mulisa yatangaje ko atitaye ku mateka y’uko APR FC...
27 October 2017 294 0

FERWAFA yahagaritse Hakizimana wasifuye umukino wa AS Kigali na APR FC

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gutangaza ko ryahagaritse imikino 4 umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise wasifuye umukino w’umunsi wa 3 wahuje AS Kigali na APR FC...
26 October 2017 532 0

Bakame atewe inkeke n’ibura ry’ikibuga cyo gukoreraho imyitozo

Kapiteni w’ikipe ya Rayon sports Ndayishimiye Eric Bakame aratangaza ko kuba ikipe ya Rayon Sports idafite ikibuga cyo gukoreraho imyitozo ari ikibazo kibagoye ndetse asaba ubuyobozi bwa Rayon...
26 October 2017 1363 0

Kiyovu Sports yanze ko Rayon Sports ikorera imyitozo ku Mumena

Umunyamabanga w’ikipe ya Kiyovu Sports Habimana Rachid amaze gutangaza ko bafashe umwanzuro wo kwima ikibuga cya Mumena ikipe ya Rayon Sports yifuzaga kuhakorera imyitozo kuri uyu wa kane Taliki...
26 October 2017 1488 0

Yannick ntabwo azagaragara mu mukino wa Kirehe FC

Umukinnyi Yannick Mukunzi ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports ntazagaragara mu mukino iyi kipe izahuramo na Kirehe FC ku wa Gatandatu taliki ya 28 Ukwakira 2017. Uyu musore wagiriye imvune mu...
26 October 2017 865 0

Karekezi yagiriye inama ikomeye ubuyobozi bwa Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko yifuza ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakumvikana na SKOL vuba na bwangu kuko bakeneye ikibuga cy’imyitozo cyo mu Nzove bamaze...
26 October 2017 4613 0

Cassa mu ngamba nshya zo gukuraho igisebo cyo kumara imyaka 10 adatsinda APR FC

Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports, Cassa Mbungo aratangaza ko yiteguye gukuraho igisebo ikipe ye ya Kiyovu ifite kuri APR FC aho imaze imyaka 10 itayitsinda ndetse benshi mu bakunzi b’umupira...
26 October 2017 448 0

FERWAFA yamaganye icyifuzo cya AS Kigali cyo gusubiramo umukino wa APR FC

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaganye icyifuzo AS Kigali yari yabagejejeho ko umukino w’umunsi wa 3 bahuyemo na APR FC wasubirwamo aho bemeza ko habayemo kubogama ndetse umusifuzi...
26 October 2017 300 0

FERWAFA yihanije Hey usigaye uta akazi uko yishakiye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey rimusaba kugaruka ku kazi ndetse no gutanga ibisobanuro ku mpamvu yatumye ata akazi adasabye...
25 October 2017 425 0

Rayon Sports yamaze kuvuza Rwatubyaye wari umaze igihe afite imvune

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kuvuza myugariro wayo Rwatubyaye Abdul wari umaze igihe afite imvune mu ivi ikomeye yakuye mu mukino Rayon Sports yatsinzemo Bugesera igitego 1-0 mu kwezi kwa Gatatu...
25 October 2017 1002 0

Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga

Ikipe ya Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga wasinyiye ikipe ya APR FC agifite amasezerano muri Kiyovu ndetse biza kurangira aya makipe yombi amutanze ku rutonde...
25 October 2017 719 0

Imanishimwe yatangiye imyitozo yoroheje muri APR FC

Myugariro w’ikipe ya APR FC Imanishimwe Emmanuel ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo yatangiye imyitozo yoroheje nyuma yo kuvunikira mu mukino wa shampiyona ikipe ya APR FC yanganyijemo...
25 October 2017 465 0

Imikoranire ya Rayon Sports na SKOL ikomeje kuzamo agatotsi

Ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo ku kibuga yari yahawe na SKOL giherereye mu Nzove igakorera mu Rugunga ahazwi nko kuri Malaria nyuma...
25 October 2017 1430 0

Abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda bamenyekanye

Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
25 October 2017 561 0

Tuyisenge wari utegerejwe muri APR FC yongereye amasezerano muri Gor Mahia

Rutahizamu Tuyisenge Jacques ukinira ikipe ya Gor mahia yamaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri iyi kipe ndetse binyomoza amakuru yavugwaga ko uyu musore yaba yaramaze gusinyira ikipe ya APR FC...
24 October 2017 502 0

Amavubi ashobora guhabwa amahirwe ya kabiri yo kwitabira imikino ya CHAN

Ikipe y’igihugu Amavubi ishobora kubona amahirwe yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma y’aho amahirwe yayo yayoyotse ubwo yasezererwaga na Uganda ku bitego 3-2 mu mikino yombi, gusa amahirwe yayo...
24 October 2017 542 0

Nzamwita yarahiriye kwigaranzura itangazamakuru ryamuzengereje

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,Nzamwita Vincent de Gaulle aratangaza ko yiteguye kwivuna itangazamakuru rimaze imyaka 4 rimwibasira aho yatangaje ko agiye kurega...
24 October 2017 1487 0

Nzamwita yagize icyo atangaza ku kibazo cya FERWAFA na Rayon Sports

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
24 October 2017 3057 0

Mustapha yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierro

Umukinnyi Nsengiyumva Mustapha rutahizamu wa Police FC yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierrot ubwo bakinanaga mu ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize. Uyu musore...
24 October 2017 1712 0

AMAFOTO y’ingenzi yaranze umuhango wo guhemba abitwaye neza ku isi mu mupira w’amaguru muri 2016

Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...
24 October 2017 1428 0

Cristiano Ronaldo yatorewe kuba umukinnyi mwiza ku isi ku nshuro ya gatanu

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...
23 October 2017 869 0
0 | ... | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | ... | 1050