Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryashyize i Musanze umukobwa yarize arahogora afite icyifuzo cyo gukora kuri Safi ndetse no kumuryamaho.
Ibi byabaye ubwo umuhanzi Safi Madiba yajyaga ku rubyiniro...
Kutubahiriza isaha yagenwe ndetse no kuririmba Play Back ni bimwe mu byaranze igitaramo Harmonize yatumiwemo I Kigali kuri Camp Kigali.
Kuruyu wa gatandatu taliki ya 24 byari biteganyijwe ko...
Peter Okoye, umwe mu mpanga ebyiri zari zigize itsinda rya P Square ari mu nzira zerekeza i Kigali mu gitaramo cyo gusoza Inama Mpuzamahanga ku miyoborere ya yiswe ‘2018 Mo Ibrahim kizabera Kigali...
Ku isabukuru y’amavuko ya Producer Pacenti yabwiwe n’umukunzi we ko yafashe bugwate umutima we ndetse ko yifuza kuzibanira nawe mu minsi yose azaba akiri ku...
Abahanzi babiri bakizamuka kandi bakiri bato Baby Style usanzwe ariririmba mu njyana ya RNB ndetse na Young Boy uririmba mu njyana ya HIP HOP kuri ubu bari mu maboko ye Umunyamakuru-kazi Uwera...
Umusore wamenyekanye mu Rwanda nka Dj Bob na mugenzi we nawe umaze kumenyerwa mu kuvanga umuziki uzwi nka Deejay Deelex bateguriwe ikirori cyo kwizihiza isabukuru yabo y’amavuko n’inshuti...
Tmc wo muri Dream Boys yatutswe n’abafana be bamukurikiranira hafi kuri instagram nyuma yo kuvuga ko anenga imbuga nkoranyambaga zatumye ubusesenguzi bw’abantu baciriritse bujya...
Umuhanzi Ngabo Medard,Meddy waraye ageze mu Rwanda ari kumwe n’umukunzi we,yabwiye abakunzi be ko yiteguye kubaha igitaramo cy’amateka ku bunani muri “The Eastern African...
Ngabo Medard uzwi cyane nka Meddy yamaze kwerekana umukunzi we mu muryango avukamo bivugwa ko yamwerekanye ku wa 25 Ukuboza 2018, ku munsi mukuru wa...
A-B Godwin umwe mu basore bari kugaragaza ubuhanga mu gufata no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda yashinje umuraperi Mukadaff ko yamuzamuye none kuri ubu akaba yamaze...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 28 Gashyantare Rwarutabura uzwi mu bafana bakomeye ba Rayon Sports, bari bamukuyemo iyo kotsa yihaye kujya kubyinisha Marina.
Hari mu gitaramo cyahuje...
Ubwo Marina yaririmbaga mu gitaramo giherekeza Tour du Rwanda cyabereye i Musanze , yagaragaje imyitwarire idakwiye bituma akurwa ku rubyiniro igitaraganya ndetse ntiyanaririmba mu gitaramo...
Rutahizamu wa Rayon Sports Sarpong Micheal yagaragaye mu birori bya Salax Awards ari kumwe n’umuhanzikazi Asinah Erra bivugwa ko bari mu rukundo rwimbitse.
Karuranga Virgile uzwi nka DJ Miller uri mu ba DJs bagezweho mu mujyi wa Kigali yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Hope Nigihozo biyemeza kubana byemewe na Leta y’u Rwanda ndetse bakaba...
Icyamamare mu njyana ya R&B,Shaffer Chimere Smith wamamaye mu muziki nka Ne-Yo yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 06 Kanama 2019 aho yatumiwe mu gitaramo gikomeye...