Umuririmbyi Rihanna Fenty uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika,yajyanye se mu nkiko amushinja gukoresha izina rye ry’ubucuruzi(Business Brand) atabanje kumusaba uburenganzira...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Rihanna uri kwitegura kwibaruka imfura ye na A$AP Rocky ,yerekanye impeta ya zahabu bivugwa ko yambitswe ubwo yari ari guhaha imyenda y’umwana yitegura kwibaruka....
Ku wa kane, Rihanna n’umukunzi we A $ AP Rocky bakiriye umwana wabo wa mbere mu cyumweru gishize.
Uyu mwana w’umuhungu hataramenyekana izina yiswe,yahise ashyirwa ku mwanya wa mbere mu bana...
Umuhanzikazi ukunzwe na benshi ku Isi ndetse akaba adasiba kugaragara mu itangazamakuru umunsi kuwundi, abinyujije muri Fenty Beauty na Fenty Skin yateguje abakunzi be bo muri Afurika ko agiye...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari "urukundo rw’ubuzima bwanjye"....
Robyn Rihanna Fenty wamenyekanye cyane mu muziki ku mazina ya Rihanna,ni umuririmbyikazi w’umunyamerika wavutse tariki ya 20 Gashyantare 1988 ndetse ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe kandi bubatse...
Umuririmbyi Rihana wavukiye i sait Michel muri Barbados, yahawe ishimwe ry’umwaka wa 2016 na Kaminuza ya Harvard yo muri leta zunze ubumwe za Amerika nk’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu...
Umuhanzikazi uri mu bakunzwe muri USA,yongeye guca igikuba kubera igitaramo cyo kumurika imideli yaraye akoreye mu mujyi wa New York,cyagaragayemo abagore babiri batwite bari bambaye...
Bamwe mu byamamare bakunze kugaragara imbere ya camera basa neza n’ubabonye akanezezwa n’ubwo bwiza bafite bushamaje, ariko nyuma bikaza kugaragara ko ubwo bwiza baba babukesha mukorogo...
Umuhanzikazi w’icyamamare ku mugabane wa Amerika ndetse no ku isi yose muri rusange, Rihanna, yagaragaye mu myambaro idasanzwe yamugaragazaga imwe mu myanya y’ibanga y’umubiri we, abantu bamwibazaho...
Nyuma y’inkuru yo gutwita kwa Rihanna yamenyekanye kuwa 31 Mutarama ubwo hajyaga hanze amafoto ye ndetse n’umukunzi we A$AP Rocky agaragaza uyu muhanzikazi atwite, iyi nkuru yashimishije abakunzi...
Rihanna yasabye Trump guhagarika gucuranga indirimbo ze nyuma yuko imwe mu ndirimbo ze yumvikanye iri gucurangwa mu bikorwa byo kwamamaza abakandida b’aba...
Umuhanzi Chris Brown yasabwe kwitaba inzego z’umutekano kubera amafoto yagiye hanze ari kuniga umugore w’inshuti ye aho yazibwiye ko barimo gukina.
Chris Brown yahamagajwe n’inzego z’umutekano...
Nyuma y’uko Miss Mutesi Jolly agaragaye muri mu marushanwa ya Miss Rwanda 2021 yambaye ikanzu byavuzwe ko isa n’iy’umuririmbyikazi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika Rihanna, abantu bamwe...
Hasakaye amafoto abandi bashyira mu majwi umukinnyi Neymar nyuma yo kubura mu birori “Union Nationale des Footballeurs Professionnels (UNFP) Football Awards”ari mu bihe byiza n’umuhanzikazi Rihanna...