China is about to put in place an operational anti-satellite weapon. Meanwhile, the two major powers are working on the development of energy weapons against US satellites. "Ten years after China...
The American actor Steven Seagal, who has been a Russian national since 2016, has been appointed emissary of the Russian Ministry of Foreign Affairs to the United States. Steven Seagal will be in...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo shampiyona y’Ubudage yasubukuwe ku mugaragaro aho hari hitezwe umukino ukomeye uhuza abakeba 2 Borussia Dortmund na Schalke 04 warangiye iyi kipe y’umuhondo n’umukara...
Ikipe ya Liverpool yatwaye igikombe cya UEFA Champions League giheruka ntabwo yahiriwe n’urugendo kuko yasezerewe rugikubita n’ikipe ya Atletico Madrid yakinnye umupira wuzuyemo kugarira bikabije...
Umukino uzahuza ikipe yo mu Bufaransa ya Paris Saint-Germain na Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage, uzakinwa imiryano ya Stade ifunze nta mufana n’umwe uhari mu rwego rwo kwirinda...
Umugore ufashe icyapa kiriho amagambo yamagana intambara yageze muri studio ya televiziyo igenzurwa na leta mu gihe basomaga amakuru kuwa mbere nijoro.
Icyapa, kiboneka neza inyuma y’usoma...
Perezida wa Ukraine yaburiye ko abasirikare b’Uburusiya abo ari bo bose barasa ku ruganda rugoswe rw’ingufu za nikleyeri rwa Zaporizhzhia bazaraswaho n’inzego z’umutekano.
Mu ijambo avuga buri joro...
Umugabo w’Umunya-Ukraine warokotse jenoside y’abayahudi (Holocaust) mu ntambara ya kabiri y’isi yiciwe mu gitero Uburusiya bwagabye ku mujyi wa Kharkiv uri mu burasirazuba...
Ibisasu biremereye byaramutse birasaswa ku murwa mukuru Kyiv none kuwa kabiri.
Bimaze kuba akamenyero muri iyi ntambara ko kare kare mu gitondo abarusiya barasa ibisasu ku mijyi itandukanye...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashinje Amerika kugerageza gushora igihugu cye mu ntambara muri Ukraine.
Mu magambo ya mbere akomeye avuze mu byumweru byinshi byari bishize, yavuze ko...
Ikipe ya Real Madrid yanze gukina irushanwa rya Europa League byashobokaga ko yerekezamo nyuma yo gutsinda Borussia Monchengladbach ibitego 2-0 ikerekeza muri 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions...
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr yatangaje ko ikipe ya Boussia Dortmund bazakina mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions League ifite abakinnyi bakomeye ariko ngo atinya cyane uwitwa Jadon...
Umukinnyi witwa Dario Scuderi wagize imvune ikomeye mu mwaka wa 2016,yatunguye benshi mu bamubonye agaruka mu kibuga kuko benshi baketse ko atazigera akira,kuko ukuguru kwe kwahindukiye kukareba...
Amakipe abiri Borussia Dortmund na Atlético Madrid yitwaye neza mu mikino yo kwishyura ya 1/8 yabaye ku wa Gatatu,aba aya nyuma yinjiye mu yazakina 1/4 cya UEFA Champions...
Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
Ikipe ya Real Madrid yongeye kugera muri ½ cy’irangiza cya UEFA Champions League nyuma yo kunganya na Manchester City 0-0 ariko yibikiye impamba mu mukino ubanza kuko yayitsinze ibitego 3-1 mu gihe...
Ikipe ya Real Madrid itaherukaga kugera muri ¼ cya UEFA Champions League yabigezeho isezereye Atalanta ku bitego 4-1 mu mikino yombi mu gihe Manchester City yo yasezereye Borussia Monchengladbach...
Rutahizamu Karim Benzema uri mu bayoboye Real Madrid muri iyi minsi yagaragaye abuza myugariro Ferland Mendy kudahereza umupira Vinicius Jr bakinana kubera ukuntu yapfushaga ubusa imipira yose...