Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Urubyiruko rugera kuri 50 rwaturutse mu karere ka Rwamagana ruyobowe n’ubuyobozi bwa karere n’umufatantabikorwa wabo Gashumba Foundation basuye igicumbi cy’intwari giherereye I Remera, baza no...
Mu minsi ishize ni bwo inkuru y’ifungwa ry’umunyemari Hategekimana Martin wamenyekanye nka Majyambere wari ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge yasakaye.
Kuri uyu wa Gatandatu, abantu 239 bafatiwe ku musozi wa Kanyarira uherereye mu Kagari Mpanda mu Murenge wa Byimana mu karere ka Ruhango bari gusenga barenze Ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya...
Umunya Kazakhstan w’imyaka 20, Yevgeniy Fedorov ukinira ikipe ya Vino Astana Motors watatse ku kirometero cya 3 mu gace ka mbere ka Tour du Rwanda yakoze atwara agace ka mbere k’iri rushanwa...
Kuri uyu wa mbere, mu kigo cy’imyitozo cya Polisi y’igihugu giherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana habereye umuhango usoza amahugurwa y’abapolisi 1342 bari bamaze amezi icumi bahabwa amasomo...
Umusore witwa Kwizera Evariste wo mu karere ka Rwamagana urangije ayisumbuye mu ishami rya Computer Science agiye gusezerena na Mukaperezida Clotilde umurusha imyaka...
Minisitiri Germaine Kamayirese uyobora Minisiteri y’ Ubutabazi yifatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Fumbwe atera igiti, avuga ko mu kamararo kacyo harimo no kurinda...
Umunya Algeria Azzedine Lagab ukinira ikipe ya GSP Algeria niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda kazengurukaga umujyi wa Rwamagana inshuro 16 ku ntera y’ibirometero...
Rugambwa Jean Baptiste wari umuyobozi wa Les Amis Sportif, ikipe yo gusiganwa ku magare ikomeye ya hano mu Rwanda, ibarizwa mu karere ka Rwamagana yakoze impanuka ahita yitaba Imana kuri iki...
Abaturage bo mu kagari ka Mwurire mu murenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana, barashinja abajyanama b’ubuzima kubima imiti ahubwo ngo bakayigurisha mu bacuruza imiti no muri za...
Minisitiri w’Uburezi Dr Mutimura Eugene na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda Peter Vrooman basuye ibikorwa by’imishinga 3 igamije guteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu bana bato,iterwa...
Abayobozi bashinzwe imyitwarire (Animateur na Animatrice) bo mu kigo cya TTC Bicumbi giherereye mu Murenge wa Nzige,mu karere ka Rwamagana, bari mu maboko y’ubugenzacyaha aho bakekwaho...
Ikipe ya Muhazi United yagaragaje ko yiteguye neza gutangira Umwaka, mushya w’imikino nyuma yo kuguma mu cyiciro cya mbere ku bwa burembe mu mwaka w’imikino wa...
Mu Karere ka Rwamagana umugabo uri mukigero w’imyaka 30 warindaga ishami rya banki riri ahitwa Ntunga mu Karere ka Rwamagana, yishwe atewe ibyuma mu mutwe n’abantu batazwi bashakaga kwiba iyo...
Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Espoir i Rusizi Ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona,ihita ifata umwanya wa kabiri.
Rayon Sports yatangiye umukino iri hejuru,byatumye ibona...
Umwongereza Ethan Vernon ukinira Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2023 nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 45 n’amasegonda 52 ku ntera ya kilometero 115,6...
Ku wa kabiri, tariki ya 4 Ukwakira, nibwo Amina Uwikuzo n’umubyeyi we bageze ku ishuri rya Rwamagana Leaders’ School ku nshuro ya mbere,nyuma y’uko kimuhaye buruse yo kwigira ubuntu.
Uwikuzo...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abakozi ba FERWAFA bari bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na ruswa, Nzeyimana Felix (umukozi wari ushinzwe amarushanwa akaba...
Ikipe ya Sunrise FC yegukany Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri itsinze Rwamagana City FC 1-0.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Kamena 2022, kuri Stade ya Kigali habereye imikino...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Muhire Henry Brulart ,yahagaritswe kuri izo nshingano kubera amakosa yakoze mu nshingano ze.Ni umwanya yari amazeho...
Ikipe ya Sunrise FC yagarutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’umwaka umwe gusa ikivuyemo,nyuma yo guisezerera Vision FC ku bitego 4-1 mu mikino yombi.
Mu mukino wo kwishyura wa 1/2 wabaye uyu...