Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Majoro Mvuyekure Pierre uvuga ko yari ashinzwe ubutasi no gutegura urugamba muri FDLR, Segiteri Kivu y’amajyaruguru, yatashye mu Rwanda.
Majoro Mvuyekure uzwi ku izina rya Kinyange yageze mu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge ifunze abasore babiri aribo Siborurema Jean w’imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w’imyaka 32, nyuma y’aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura...
Umunyamuziki Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo gitangira umwaka wa 2017 cyiswe ’East African...
Umuhanzi w’ Umunyarwanda umaze igihe aba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Mugisha Benjamin uzwi nka ‘The Ben’ aragera mu Rwanda kuri uyu wa 24 Ukuboza 2016.
Ni mu gihe iby’ uru rugendo rwa Then...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indirimbo ye ’Habibi’ aherutse gushyira hanze yujuje...
Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro muri uyu mwaka wa 2016 ku kigereranyo cya 9,3% ugereranyije n’umwaka washize wa 2015 aho byari 6,8%.
Kuri uyu wa Kabiri...
Ishyaka rya DGPR Green Party ryateranye ryemeza imigabo n’imigambi (Manifesto 2024-2029) baboneraho no kwemeza ku mugaragaro abakandida 63 bazahagararira iri shyaka mu matora y’Abadepite bakaba...
Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa nyuma mu karere k’ibiyaga bigari.
Umuyobozi wa Police y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yatangaje ko Mashami Vincent n’abo bakorana bose bakoze akazi batumwe neza bityo nibabyifuza bazakomezanya na Police...
Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa,kuri uyu wa kane yatangaje ko gahunda y’Ubwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda nta kamaro ifite kandi ifatwa nk’urwenya.
Perezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Petr Pavel wa Repubulika ya Czech uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda aho yaje no kwifatanya n’abaturarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 11 y’amavuko aribwo ababyeyi be bamweretse amafoto ye akivuka,abona iwabo bari bifashije mbere y’uko bahunga aribyo byatumye arota...
Perezida wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi yatangaje ko umugambi wo gushoza intambara ku Rwanda utavuyeho, ahubwo kwemera kujya mu biganiro ngo ari uguha amahirwe ya...
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yakiriwe na Minisitiri w’intebe w’ubwami bw’Ububiligi Alexander De Croo, Kuwa 28/2/2024,nyuma asaba ko u Rwanda rwafatirwa...
Umwongereza Peter Joseph Blackmore w’imyaka 21 ukinira Ikipe ya Israel Premier Tech ni we wegukanye Tour du Rwanda 2024 yakinwaga ku nshuro ya 16, aba umukinnyi 14 uyegukanye kuva ibaye...
Umwongereza w’imyaka 21, Peter Jospeh Blackmore ukinira Israel-Premier Tech yegukanye Agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2024, ahita anafata umwambaro w’umuhondo awambuye William Lecerf...
To sustain and enhance targeted gross revenue in respective Zone by effective implementation of planned strategies that aim at improving distribution...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubuvuzi (RBC), Julien M. Niyingabira, yatangaje ko hari abantu 200 bavuga ko barangije mu buvuzi ariko batarahabwa akazi kubera...
2 job positions of Camera Operator at Rwanda Education Board (REB) Under Contract at : Deadline: Jan 23, 2024
Engineer-IT Demand at MTN Rwanda: 19th Jan 2024
Yego center Nurse / Youth at...