Umugabane w’Afurika ni umwe mu migabane igira uruhare runini mu kuryoshya shampiyona y’Uburayi ahanini kubera abakinnyi bakomeye bo kuri uyu mugabane berekeza mu makipe y’aho akomeye.
5.Emmanuel...
Icyamamare Akon, umuririmbyi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Senegal yemeje ko azaza mu Rwanda kwitabira “Youth Connekt Africa Summit" izaba tariki 19 -21 Nyakanga 2017....
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Umugabane w’ Afurika ufite gahunda yo guteza imbere ubumenyi, imibare n’ ikoranabuhanga hamamijwe ko haramutse hongeye kubaho umuhanga nka Albert Einstein yazaba ari Umunya Afurika.
Ni muri urwo...
Manzi Thierry, myugariro wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports,wavunikiye mu mukino wa Bugesera FC wabaye mu mpera z’ukwezi gushize, ashobora kujya kuvuzwa hanze y’u Rwanda.
Manzi Thierry yakinnye...
Perezida wa Gambia uherutse gutsindwa mu matora y’ umukuru w’ igihugu agahita asimburwa kubutegetsi yatangije gusabirwa ko yazakurikiranwa ku byaha ashinjwa gukora mu gihe yari umuyobozi....
Perezida mushya wa Gambia, Adama Barrow, yatangaje ko igihugu cye kigiye guhindura umugambi wo kwikura mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), ndetse kikanasubira mu muryango w’ibihugu bikoresha...
Umusirikare wahoze arinda Yahya Jammeh wari Perezida wa Gambia yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa imbunda mu masengesho yari yitabiriwe na Perezida mushya w’ iki gihugu Adama Barrow ku wa Gatanu...
Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yarahiriye kuyobora iki gihugu, avuga ko agiye kugiteza imbere mu nzego zitandukanye.
Umuhango w’ irahira rya Perezida Barrow, ryabereye kuri Sitade y’...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball imaze kubona itike y’igikombe cya Afurika ’AfroBasket’ giteganyijwe mu kwezi kwa Kanama.
Amakipe 14 niyo yari yamenyekanye ko azitabira iri rushanwa rya...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, yavuze ko mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ izabera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu muri Gicurasi...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...