Amakuru aturuka muri Rutshuru aravuga ko kuri uyu wa gatatu habyukiye imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, aho izi nyeshyamba zishyigikiye leta zazindutse zishaka kwirukana M23 mu birindiro...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko ingabo z’akarere k’Afurika y’uburasirazuba zigomba kuva muri icyo gihugu bitarenze mu mpera y’uyu mwaka kuko zananiwe kugarura umutekano mu...
Perezida Tshisekedi mu kiganiro n’abanyamakuru i New York kuwa kabiri,yabwiye abanyamakuru ko ku bufasha bwa Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu,UAE, igihugu cye ubu cyubatse ubushobozi bukomeye bwa...
Ikipe ya Pyramid iri mu Rwanda gukina na APR FC mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma mu gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda y’imikino ya CAF Champions...
Ministri w’Intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed, ku cyumweru yatangaje ko igihugu cye kimaze kubaka urugomero rw’umuriro w’amashanyarazi rwiswe Grand Renaissance ku ruzi rwa...
Umutoza wa Rayon Sports,Umunya Tunisia Yamen Zelfani,arifuzwa n’ikipe yo muri Kuwait ishaka kumuha akayabo k’asaga ibihumbi 17 by’amadolari mu gihe iyi kipe ikunzwe mu Rwanda imuhemba ibihumbi 5500...
U Rwanda ruyoboye ibihugu 10 by’Afurika biza imbere mu kugabanya ikinyuranyo kiri mu itumbagira ry’ibiciro kuva umwaka wa 2023 watangira, aho izamuka ry’ibiciro ryavuye kuri 31.1% muri Mutarama...
Umutwe wa gisirikare muri Soudana RSF uhanganye n’ingabo z’igihugu kuva mu mezi 4 ashize, watangiye gutekereza uburyo wahagarika imirwano imaze kuyogoza igihugu cyabo no gushyira mu kaga ubuzima...
Umutoza wa Rayon Sports, Yamen Zelfani,yavuze ko nubwo APR FC ari ikipe ikomeye itagakwiye gufatwa nk’aho ariwe mukeba wabo wenyine kuko ngo ari ikipe nk’izindi.
Umutoza wa APR FC yatangaje ko Gilbert na Shaiboub bari bagize ibibazo by’imvune kuri ubu bari gukorana na bagenzi babo aho nta gihindutse bazagaragara ku mikino wa Rayon...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza u Burusiya na Afurika, ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano ku bihugu bimwe na bimwe byo...
Umunya-Tunisia Yamen Zelfani ’Alfani’ nk’Umutoza uheruka kwakirwa mu ikipe ya Rayon Sports nk’umutoza mukuru yatangiye ku gaya imikinire y’abamyugariro na barutahizamu bayo asaba kuzana abashya....
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA) yatangaje ko irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2023 ritakibaye kubera ko nta gihe gihagije cyo...
Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 19 muri Afurika na 77 ku Isi muri pasiporo zikomeye, kuko uyifite yemerewe kwinjira mu bihugu 63 atatswe viza.
Byatangajwe mu rutonde The Henley Passport...
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya yashinje William Ruto wamusimbuye ku butegetsi gutoteza umuryango we, avuga ko igihe kigeze ngo awurengere.
Umutwe w’abacancuro wa Wagner Group watangaje ko ugiye kohereza muri Afurika abarwanyi bawo bari bamaze umwaka urenga bafasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zirimo muri...