Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yavuze ko kuba u Rwanda rwarafunze umupaka wa Gatuna mu Karere ka Gicumbi, bitabujije ubucuruzi gukomeza gukorwa n’ubwo bwakozwe mu buryo butizewe buzwi nka...
Ifoto@Internet
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane taliki ya 7 Werurwe 2019, Abanyeshuri bo...
Perezida mushya wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi yatangaje ko igihugu cye cyifuza kwinjira mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba kugira ngo kizamure imikoranire mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko...
Leta y’u Burundi yemeye ko izitabira Inama ya 20 y’Abakurub’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yaherukaga gusubikwa kubera kubura kw’iki gihugu. Iyi nama yagombaga kubera i...
Mukura VS niyo yonyine igiye gukomeza kuzamura ibendera ry’u Rwanda mu mahanga,kuko yasezereye Free state Stars yo muri Afrika y’Epfo iyitsinze igitego 1-0,cyatsinzwe na Nshimirimana David ku...
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya...
Ikinyamakuru mpuzamahanga Euro Top Teams gikora intonde z’amakipe ahagaze neza buri mwaka mu mikino yose cyatangaje ko Rayon Sports iri ku mwanya wa 36 mu makipe akomeye muri Africa,mu gihe APR FC...
Izi mpamvu cyangwa se izindi zitazwi ni bimwe mu bishobora kuba bitera abantu kwitukuza. Ese mu by’ukuri uku kwisiga “Mukorogo” ababikora bibamarira iki? Iki kibazo gishobora kuba cyagorana...
Nahimana Shassir na Balogun baratunguranye mu rutonde rw’abakinnyi 20 ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze igomba kujyana muri Tanzania mu mikino ya CECAFA Kagame Cup iteganyijwe guhera ku munsi...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora...
Ubwinshi bw’abafana ba Rayon Sports bwatumye Rutaganda Georges wari visi perezida w’Interahamwe ashaka gufata ubuyobozi bwayo mu mwaka wa 1992 ariko ntibyamuhira kubera ubumwe bwari muri iyi kipe...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018, nibwo Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni,byibanze ku bibazo bishingiye ku muhanda wa gari ya moshi,...
Abasirikare b’inzobere mu buvuzi bo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba biyemeje ko bagiye guhuza imikorere mu kunoza ireme ry’ubuvuzi muri aka karere.
Itsinda ry’aba basirikare...
Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...