skol
Kigali

Search: TMC (45)

Urban Boys yavuze batatu bazavamo uwegukana PGGSS7, banakomoza kwitandukana ryabo

Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
21 June 2017 2636 0

Christopher yahishuye uko KNC yamukubitiye urushyi mu modoka

Umuhanzi Muneza Christopher uzwi nka Christopher yavuze ko akiri muri Kina Music yakubiswe na nyiri Radio&TV1 ,Kakooza Nkuriza Charles uzwi cyane nka KNC amuziza kumusuhuza atamureba. Mu...
21 August 2021 2963 0

Ibitazibagirana mu rukundo rwa Platini na Diane

Platin na Ingabire Diane ni abakunzi b’igihe kirekire babana mu buzima buzira itangazamakuru n’ubwo kenshi bisanga ryabateye imboni. Nemeye Platini abarizwa mu itsinda rimwe na Mujyanama Claude...
8 January 2017 4164 0

Diane yasubije impamvu yatandukanye na Platini biteguraga kurushinga

Umuririmbyi Kitoko Bibarwa muri Rurashonga yateruye agira ati ‘urukundo burya ni nka bombo isaza ishonga, urukundo burya ni nk’isabune isaza ishonga’, yahanze afite ishingiro kuko akaryoshye...
7 January 2017 26099 0

Platini yahaye ikaze umugore we mu magambo ateye ubwuzu

Umuhanzi Platini Nemeye usigaye yiyita "P" yaraye akoze ubukwe anasezerana imbere y’Imana ko azakunda umugore we Ingabire Olivia kugeza ku rupfu ariko nyuma y’ubukwe yanditse kuri Instagram...
28 March 2021 1333 0

Knowless, King James, Riderman n’abandi bahanzi bashyigikiye umukandida wa RPF Inkotanyi

Amatora mu Rwanda niyo nkuru ibanza ku rupapuro rw’itangazamukuru muri iki gihe Abanyarwanda bategereje gutora Umukuru w’igihugu uzabayora mu myaka irindwi iri imbere. Yaba abakora Cinema,...
13 July 2017 2971 0

Danny Nanone yaguye ku gasongero k’ubwiyunge n’abategura Guma Guma

Umuraperi Danny Nanone wakunze kugaragaza ko atishimiye umwanya wa 9 yahawe mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi, yagiranye ikiganiro kihariye n’abari bagize akanama...
3 August 2017 938 0

Umuhanzi Beka Flavor yanenze Dream Boys yamushishuye indirimbo

Abakurikiranira hafi umuziki wa Tanzaniya baranenga bikomeye itsinda rya Dream Boyz ryo mu Rwanda bavuga ko ryiganye indirimbo y’umuhanzi Beka Flavour yitwa ‘Sikinai maze bagakora indi bise ‘ Romeo...
31 August 2018 2241 0

Clement yakoresheje ibirori byo kwizihiza isabukuru ya Knowless-AMAFOTO

Clement Ishimwe yakoreye ibirori umugore we, Knowless Butera byo kwizihiza isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzikazi buri mwaka tariki ya 01Ukwakira yizihiza isabukuru y’amavuko, iy’uyu mwaka yahuriranye...
3 October 2017 8259 0

Platini yavuze uburyo we na Or ndetse na Ishimwe Clement bakunda Knowless Butera

Umwe mu basore bagize itsinda rya Dream Boyz, Nemeye Platini ubwo yifurizaga isabukuru nziza y’amavuko umuhanzikazi, Butera Knowless, yamugaragarije urwo...
1 October 2019 3221 0

Platini (Dream Boys) yasobanuye ihuriro ry’indirimbo zabo n’urukundo yagiranye na Diane

Umuririmbyi Nemeye Platini wo muri Dream Boys asubiza ko atazi impamvu amateka y’urukundo yagiranye na Ingabire Diane ahuzwa neza neza n’indirimbo bashyize hanze nyuma y’uko bashwanye muri 2016....
8 December 2017 2087 0

Umuhanzi nyarwanda Platini yavuze ku mukobwa w’umurundikazi ngo yateye inda anasaba umukobwa wese yaba yarateye inda...

Umuhanzi Platini Nemeye wamenyekanye mu muziki Nyarwanda mu itsinda rya Dream Boys, yateye utwatsi ibihuha bimaze iminsi bivugwa ko hari umukobwa w’umurundi yateye inda...
4 September 2019 5582 0

Platini wo muri Dream Boys yeruye maze asubiza Knowless na Tom Close bamusabye kurongora

PLatini yabwiye Knowless na Tom Close ko ibyo bamwifuriza ari ibyiza gusa ababwira ko ari ibintu byo kwitondera kuko kubaka urugo ari icyemezo cy’ubuzima bwe...
16 March 2019 3855 0

Aya niyo mazina nyakuri y’abahanzi/kazi b’ibyamamare 64 mu Rwanda

Bamwe mu bahanzi nyarwanda bafite amazina atandukanye cyane n’ayo ababyeyi babo baba barabise. Aya mazina abahanzi biyita, hari abantu bifuza ko yavaho bakagumana ayo biswe n’ababyeyi n’ubwo bose...
3 December 2018 16198 0

Dream Boys bakomoje ku kuba bashobora kugenda umuti wa mperezayo nkuko Meddy na The Ben babikoze

Dream Boys bavuze ko badashobora kujyenda ngo bahereyo kuko bagifite byinshi byo gukora mu Rwanda kandi hari amahirwe menshi yo gukora ku rubyiruko bityo ko batazatindayo ahubwo bashobora...
21 September 2018 1581 0
0 | 30