Muri Nijeriya, hatangijwe gahunda yo gukingira icyorezo cya korela mu gihugu hose, mu gukumira ko iki cyorezo gikwira mu bihugu bihana imbibi.
Abarenga 48 kugeza ubu bamaze guhitanwa n’iki...
Abantu cumi na bane bapfuye, igihe ikamyo yasekuraga bisi yari itwaye abantu bari bavuye mu bukwe mu gihugu cya Uganda. Ibyo byatangajwe n’igipolisi uno musi ku wa mbere. Abandi cumi na barindwi...
Nyuma yo kwemeranya kubana akaramata,Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we barabarizwa i Dar es salaam mu gihugu cya Tanzaniya mu kwezi kwa Buki.
Bivugwa ko aba bombi...
Safi wibereye mu kwezi kwa buki n’umufasha we Judith akomeje gusangiza abakunzi be amafoto atandukanye agaragaza uburyo amerewe aho ari kuruhukira, Kuri ubu ifoto yashyize hanze yavugishije abantu...
Umuririmbyi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya, mu bihembo bizwi nka ‘Muzik Magazine awards (Afrimma)’ yabaye umuhanzi w’umwaka muri Afurika w’umwaka (best artist of the Year ), ni mu gihe...
Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu gihugu cya Tanzaniya ndetse no muri Afurika muri rusange Diamond Platinumz yasetswe na bamwe mu bakunzi be aho bamunenga kubera ifoto yashyize hanze akayandikaho...
Hamisa Mobetto arifuza miliyoni eshanu buri kwezi ho indezo y’umwana
Diamond yatsembeye urukiko ko atabona miliyoni eshanu zo kurera umwana we na Mobetto
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yirukanye abayobozi babiri nyuma y’ uko ababajije amafaranga guverinoma izakoresha mu kubaka imihanda mu turere bayoboye bakamubwira ko batayibuka....
Abanyeshuri batari munsi ya batanu bapfuye abagera kuri 20 barakomereka ubwo igisasu cyaturikiraga mu ishuri ribanza ryo mu mu ntara ya Kagera mu gihugu cya Tanzania.
Umuyobozi wa Polisi ya...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Umurundikazi Asma Jesca wavugwaga kuba mu rukundo na Katauti Ndikumana witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2017, yanditse ubutumwa bwihanganisha umuryango wa...
Kugeza ubu abantu 9 nibo bamaze gutangazwa ko baburiwe irengero mu mu gihugu cya Tanzaniya, nyuma ubwato barimo buhamye mu Nyanja y’Ubuhinde kuri uyu wa Gatatu
Daily Monitor yatangaje ko inzego...
Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 z’amadolari mu buryo bwo gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage. Aya masezerano banki y’isi yagiranye...