Ministeri y’uburezi ya Nigeria yavuze ko igiye guhagarika impamyabumenyi zitangwa mu bihugu byo muri EAC cyane Uganda na Kenya kuko abahiga byagaragaye ko zitujuje...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta.
Uyu mukunzi wa Davido afite...
Ibihugu bihuriye muri Afurika y’u Burengerazuba (Ecowas), byiyemeje ko isaha iyo ariyo yose byiteguye kugaba igitero kuri Perezida wa Gambia Yahya Jammeh, nyuma yo kunangira kuva ku butegetsi....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryashyizeho ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye. Aba bose barazira imyitwarire mibi bagize mu mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo baringa mu gihugu cya Ghana, bari bamaze imyaka icumi batanga viza, impamyabumenyi n’ibyangombwa byo...
Turi ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga, ni umunsi wa 201 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 164 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, itariki nk’iyi ya 20 Nyakanga imaze kugera ari ku wa...
Umugabane w’Afurika ni umwe mu migabane igira uruhare runini mu kuryoshya shampiyona y’Uburayi ahanini kubera abakinnyi bakomeye bo kuri uyu mugabane berekeza mu makipe y’aho akomeye.
5.Emmanuel...
Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
Uyu mugabo uri hagati Barafinda Ssekikubo Fred
Barafinda Ssekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuba Perezida w’ u Rwanda ntashobore kuzuza ibisabwa yatangiye gukina urwenya (comedy).
Tariki...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...
Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...
Umugore wo mu gihugu cya Togo ahitwa Agbavi, yatawe muri yombi na polisi yo mu mugi wa Lome̕ nyuma yo gutaba umwana we w’ amezi atatu.
Abatangabuhamya bavuga ko uyu mugore wari ukiri muto yatabye...
Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro.
Iri tora ryabereye...
Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka...
Ministre w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Mme Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa kabiri yagiranye ibiganiro na perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari,...