skol
Kigali

Search: Togo (212)

Ibihugu byahoze bikoronizwa n’Ubufaransa biri kwerekeza muri Commonwealth. Kubera iki?

Inyuma y’aho ibihugu 2 by’Afrika byahoze bikoronizwa n’Ubufaransa byinjiriye muri Commonwealth, Paul Melly yasobanuye ikiri gukururira ibyo bihugu kwinjira mu muryango ukoresha ururimi...
29 June 2022 875 0

Nigeria igiye guhagarika dipolome ziturutse mu bihugu birimo Kenya na Uganda

Ministeri y’uburezi ya Nigeria yavuze ko igiye guhagarika impamyabumenyi zitangwa mu bihugu byo muri EAC cyane Uganda na Kenya kuko abahiga byagaragaye ko zitujuje...
4 January 2024 751 0

Ibyaranze tariki 20 Kamena mu mateka harimo ivuka ry’ icyamamare Frank Rampard

Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
20 June 2017 459 0

Cote d’Ivoire iri mu itsinda rimwe n’Amavubi yatsindiwe mu rugo

Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
11 June 2017 1555 0

Bruce Melody agiye kujya ku rubyiniriro rumwe n’umuhanzi uri kubica bigacika muri iyi minsi ku isi Jason...

muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
6 June 2017 1736 0

CAF: Hamenyekanye abatoye Hayatou n’abatoye Ahmed; Vincent De Gaulle ijwi yarihaye Hayatou

Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
21 March 2017 5647 0

Umuririmbyi Davido agiye kwibaruka Ubuheta

Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta. Uyu mukunzi wa Davido afite...
13 March 2017 782 0

Perezida Jammeh wanze guhara ubutegetsi agiye kugabwaho igitero

Ibihugu bihuriye muri Afurika y’u Burengerazuba (Ecowas), byiyemeje ko isaha iyo ariyo yose byiteguye kugaba igitero kuri Perezida wa Gambia Yahya Jammeh, nyuma yo kunangira kuva ku butegetsi....
23 December 2016 3711 0

FIFA yahannye ibihugu byiganjemo ibyo muri EAC kubera imyitwarire

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryashyizeho ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye. Aba bose barazira imyitwarire mibi bagize mu mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi...
21 December 2016 132 0

Ibihugu bitanu by’ Afurika byahagaritse ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera abaturage indwara

Ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku bidukikije ryatangaje ko ibihugu bitanu byo muri Afurika byafashe umwanzuro wo guhagarika ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera uburwayi Abanyafurika....
5 December 2016 1363 0

USA yatahuye ambasade yayo ya baringa muri Ghana, imaze imyaka 10 itazwi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo baringa mu gihugu cya Ghana, bari bamaze imyaka icumi batanga viza, impamyabumenyi n’ibyangombwa byo...
5 December 2016 620 0

Dore ibintu 5 ugomba kwirinda uri mu buriri

Ni byiza ko umugore wawe umushimisha igihe muryamanye k’uburyo nawe azajya abasha kukwisanzuraho bihagije igihe cyose muri mu buriri. Aya ni amakosa atanu ukwiye kwirinda gukora igihe uzaba uri...
2 December 2016 4089 0

Urutonde rw’abasifuzi 38 bazasifura CAN 2017

Ihuriro ry’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ryatangaje urutonde rw’abasifuzi 17 bazasifura iri rushanwa ndetse na bagenzi babo 21 bazabafasha. Ni mu rwego rwo kwitegura...
1 December 2016 1497 0

Amwe mu mateka yaranze tariki 2 Nyakanga umunsi Lumumba yavutseho

Isomere ibyaranze tariki ya 02 Nyakanga, umunsi ugaragaza kimwe cya kabiri cy’umwaka usanzwe, umunsi urimo iyicwa ry’umugabo utazibagirana mu mateka y’isi cyane muri Afurika. Turi tariki ya 02...
2 July 2017 554 0

Mu bitazibagirana kuri iyi tariki ya 20 Nyakanga harimo ukuntu Hitler yasimbutse urupfu

Turi ku wa Kane, tariki ya 20 Nyakanga, ni umunsi wa 201 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 164 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, itariki nk’iyi ya 20 Nyakanga imaze kugera ari ku wa...
20 July 2017 1251 0

Urutonde rw’abakinnyi 5 b’Abanyafurika baguzwe amafaranga menshi mu mateka ya ruhago Nyafurika(AMAFOTO)

Umugabane w’Afurika ni umwe mu migabane igira uruhare runini mu kuryoshya shampiyona y’Uburayi ahanini kubera abakinnyi bakomeye bo kuri uyu mugabane berekeza mu makipe y’aho akomeye. 5.Emmanuel...
27 July 2017 1544 0

Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda 2017-2024

Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
18 August 2017 3380 0

Jules Sentore yageze I Rabat muri Maroc

Umuririmbyi mu njana gakondo Nyarwanda Jules Sentore kuri ubu arabarizwa i Rabat mu murwa Mukuru wa Maroc aho yatumiwe mu iserukiramuco ryatangiye tariki ya 9 Nzeri kugeza kuwa 16 Nzeri 2017....
12 September 2017 499 0

Barafinda nyuma yo kugerageza kuba Perezida bikanga, yinjiye mugukina urwenya

Uyu mugabo uri hagati Barafinda Ssekikubo Fred Barafinda Ssekikubo Fred wagerageje kwiyamamariza kuba Perezida w’ u Rwanda ntashobore kuzuza ibisabwa yatangiye gukina urwenya (comedy). Tariki...
5 October 2017 5531 0

Cristiano Ronaldo yatorewe kuba umukinnyi mwiza ku isi ku nshuro ya gatanu

Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid niwe watowe nk’umukinnyi wahize abandi ku isi mu mwaka wa 2016 aho yari ahanganye cyane na Lionel Messi wa FC Barcelona na Neymar...
23 October 2017 869 0

AMAFOTO y’ingenzi yaranze umuhango wo guhemba abitwaye neza ku isi mu mupira w’amaguru muri 2016

Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...
24 October 2017 1428 0

Umunyarwanda ari mu basore b’uburanga bazavamo Rudasumbwa wa Afurika-AMAFOTO

Amarushanwa y’ubwiza arakataje mu ngeri zose!Ku nshuro ya 6 muri Afurika hatangajwe urutonde rw’abasore 25 bahiga abandi m’uburanga bazatoranywamo Rudasumbwa wa Afurika aho n’umunyarwanda witwa Jay...
4 November 2017 3789 0

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta

Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n’abakuru b’ibihugu 11 harimo na perezida w’u Rwanda...
27 November 2017 2641 0

Abasore b’ibituza bazavamo Rudasumbwa w’Afurika biyerekanye mu mwambaro gakondo (Amafoto)

Abasore bahatanye mu irushanwa rya Rudasumbwa w’Afurika 2017 batambutse imbere y’akanama nkemurampaka mu mwambaro ugaragaza umuco gakondo w’igihugu buri musore aturukamo. Umunyarwanda usanzwe...
1 December 2017 1403 0

Yatabye umwana we w’ amezi atatu ari muzima ngo arongorwe n’ umukire

Umugore wo mu gihugu cya Togo ahitwa Agbavi, yatawe muri yombi na polisi yo mu mugi wa Lome̕ nyuma yo gutaba umwana we w’ amezi atatu. Abatangabuhamya bavuga ko uyu mugore wari ukiri muto yatabye...
10 December 2017 4637 0

Ibihugu 128 byanze ikifuzo cya Trump kuri Yeluzaremu u Rwanda ruri mu byifashe

Amatora yo kwemeza cyangwa gutesha agaciro ikifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za America cyo guhindura Yeluzaremu umurwa mukuru wa Israel yarangiye iki kifuzo giteshejwe agaciro. Iri tora ryabereye...
22 December 2017 1718 0

Amatariki n’ ibitazibagirana muri politiki y’ u Rwanda 2017

Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017. Uyu mwaka...
28 December 2017 17282 0

Mushikiwabo yaganiriye na Perezida wa Nigeria bakomoza no ku kibazo cy’abimukira

Ministre w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Mme Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa kabiri yagiranye ibiganiro na perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari,...
10 January 2018 534 0

U Rwanda mu bihugu 23 byatashye isoko ry’ ubwikorezi bwo mu kirere

U Rwanda n’ ibihugu 23 byo muri Afurika ubwo bari mu nama y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabereye i Addis Ababa, ibihugu 23 bya Afurika byatangije isoko rihuriweho mu gutwara abantu...
29 January 2018 471 0

Guverineri Mureshyankwano yakomoje ku gafuti yakoze ari umwana yibuka agaseka

Ni umunyapolitiki uzwiho ubuhanga bwo kuganiriza abaturage ayobora abaha ingero z’ aho yavuye n’ uko yaje gutera imbere, abandi bamuzi ari Umuyobozi wa komisiyo y’ imibereho myiza y’ Abaturage mu...
20 February 2018 4401 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210