Muribuka wa mupfumu wo muri Benin wateye ubwoba Perezida wa Amerika Donald Trump ko agomba kwegura bitarenze ukwezi kumwe bitaba ibyo agahura n’ ingaruka zikomeye? Yahishuye ko Perezida Trump...
Umugore wa Perezida wa Emmanuel Macron w’ Ubufaransa Brigitte Macron nyuma y’ uko muri iki cyumweru agiranye ibihe byiza na mugenzi we Melania Trump umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta zunze...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Umukinnyi wa Filimi z’urukozasoni Stormy Daniels yatangaje ko umwe mu bakozi ba perezida wa USA Donald Trump yamubwiye ko azamwica kugira ngo adashyira hanze ibyerekeranye n’uko baryamanye mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Davos mu Busuwisi, aho yitabiriye inama y’Ihuriro ku bukungu bw’isi ribaye ku nshuro ya 48; bikaba biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu azagirana ibiganiro na...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gutabwa muri yombi kuri uyu wa Kane kubera ibyaha by’amanyanga mu matora ya Perezida byakorewe muri Leta ya...
Donald Trump mu rundi rubanza rwa kabiri mu mezi abiri
Urukiko rwo muri Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahamagajae Donald Trump wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, nyuma yo kuregwa...
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya...
Inshuti ikomeye ya Donald Trump yamushishikarije kureka umuhate we wo kugerageza kuburizamo ibyavuye mu matora ya perezida byerekanye ko yatsinzwe na Joe...
Umucamanza muri leta ya Pennsylvania yanze ibirego byari byatanzwe n’abashinzwe amatora ku ruhande rwa Perezida Donald Trump bashaka ko amamiliyoni y’amajwi y’abatoye bakoresheje uburyo bw’iposita...
Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo "matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika" - batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe...
Perezida Donald Trump wa Amerika amaze gutangaza ko Mark Esper wari umunyamabanga wa leta (yagerewanywa na minisitiri) ushinzwe ingabo ibye ‘byarangijwe’.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu buryo butangaje yasubiye mu nyubako akoreramo ya White House kuhakomereza kuvurwa coronavirus, nyuma yo kumara amajoro atatu mu...
Perezida Donald Trump yandikiye ibaruwa ukuriye ishami rya ONU rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO amumenyesha ko Amerika ishobora guhagarika burundui inkunga yayo kubera...
Perezida Donald Trump wa Amerika yagaragaje ko adahuza n’inzego z’ubutasi za leta ye ubwo yavugaga ko yabonye ibihamya ko coronavirus yakorewe muri laboratoire mu...
Abanyamategeko ba Perezida Donald Trump batangiye kumuburanira mu rubanza rwo kumweguza muri sena ya Amerika, barashinja abademokarate gushaka gukuraho ibyavuye mu matora ya...
Ibiro bya perezida wa Amerika byatangaje ko ku wa gatatu Perezida Donald Trump n’abanyamategeko be batazitaba inteko izateranira mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko ikomeje kwiga ku...
Umugabo uvuga ko yahoze ari maneko wabigize umwuga w’ igihugu cy’ u Burusiya yavuze ko muri 2006 we ubwe yishe Donald Trump, Moscow ikamusimbuza undi basa.
Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu gihugu cya Slovenia bahawe ubwenegihugu bw’Amerika mu ibanga.
Eric Trump, Umuhungu wa Donald Trump, Perezida Leta zunze ubumwe z’ Amerika yakomoje ku cyenewabo kivugwa kuri se, avuga ko icyenewabo ari kimwe mu bigize ubuzima bwa muntu, ashimangira ko kuba Se...
Ku mugoroba w’uyu wa kane uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasohotse muri kasho y’akarere ka Fulton County mu mujyi w’Atlanta nyuma y’iminota 20 ahageze agatabwa muri...
Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari...
Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Donald Trump aheruka kuboneka agaruka muri White House avuye i Sterling muri Virginia aho yariho akinira golf, amaze kubwirwa ko Joe Biden biboneka ko...
Mu gihe akomeje gushinja Komisiyo ishinzwe amatora muri amerika ko yamwibye amajwi, Donald Trump, yatangiye gufatirwa ibyemezo na televiziyo zikomeye ndetse n’imbuga nkoranyambaga muri...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasubiye ku kazi ndetse akoresha inama zitandukanye mu biro bye, nyuma y’icyumweru bamusanzemo coronavirus.