Uwitwa Gakwaya Ngirerubanda Eric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko amazina Gakwaya Ngirerubanda akayasimbuza izina Muhire naho izina Nick akaryongera ku mazina yari asanzwe...
U Rwanda rumaze kugira abantu 50 bamaze kwandura coronavirus mu gihugu aho 88% muri bo baje bavuye mu mahanga, 21 muri abo 50 binjiye mu Rwanda bavuye i Dubai, 17 muri aba 21 babonetse mu minsi...
Ubufaransa, Espagne n’Ubutaliyani bari kwitegura uko bakoroshya amabwiriza yo gukumira coronavirusi, ni mu gihe ibindi bihugu bitegereje ngo birebe uko ibi bihugu byazahajwe bikomeye na Covid-19...
Amakipe ari mu myanya mibi muri Premier League arifuza ko iyi shampiyona y’uyu mwaka 2019-2020 yagirwa imfabusa bikayafasha kuguma mu kiciro cya mbere gikinwa n’umugabo kigasiba...
TP Mazembe yatangajwe ko ari yo yegukanye igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, nyuma y’isozwa rya shampiyona kubera...
Umuvugizi w’ubushinjacyaha bw’u Rwanda,Faustin Nkusi ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Jean Damascene Bizimana batangarije RBA ko bishimishije kuba Ubufaransa bwataye muri yombi...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020, ni bwo Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko i Paris mu Bufaransa, aho amenyeshwa ibyaha akurikiranweho. Biteganyijwe ko mu minsi 8 urukiko...
Ikipe ya Manchester United yafashe umwanzuro wo kurekura abakinnyi bayo 9 biganjemo ab’amazina atazwi uretse uwitwa Cameron Borthwick-Jackson wakinaga mu bwugarizi,wazamuwe n’umutoza Louis Van Gaal...
Umuhesha w’inkiko w’umwuka Me Ntirushwa Ange Diogene yandikiye FERWAFA ayisaba gufatira amafaranga ya Rayon Sports bitewe n’uko nta bushake igaragaza mu kwishyura umwenda wa Ivan...
Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku kohereza Félicien Kabuga mu rukiko rwa ONU cyangwa se niba azaburanishirizwa mu...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje gahunda ye yo gusoza ubushyamirane bumaze amezi hagati ye n’uwo yasimbuye Joseph...
Kuri uyu wa Gatatu niwo wagaragaje ko hasigaye iminsi 100 gusa kugira ngo irushanwa rikundwa na benshi rya UEFA Euro 2020 ritangire aho ibihugu by’ibigugu bizesura kakahava muri iyi mikino...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
Igihugu cy’Ubutaliyani gisanzwe ari ubukombe mu mupira w’amaguru ku isi cyatsinze Turkia ibitego 3-0 mu mukino ufungura imikino ya Euro 2020yatangiriye mu mujyi wa...
Umutoza wa Hongria witwa Marco Rossi yatumye benshi bacika ururondogoro kubera amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo waherukaga kumuha isomo rya ruhago ubwo yafashaga Portugal kumunyagira...
Nyuma yo kuva muri Euro 2020 atarenze umutaru we na bagenzi be bo muri Portugal,Cristiano Ronaldo yanze guheranwa n’agahinda asohokana n’umukunzi we ndetse n’abana be bose ku mazi ahitwa Majorca...
Nyuma y’ imyaka 15 ashaka igikombe ari kumwe n’ikipe y’igihugu cye Argentina,Lionel Messi na bagenzi be begukanye igikombe cya Copa America 2021 batsindiye Brazil ku mukino wa nyuma igitego 1-0....