Ubwo UEFA yicaraga igashyiraho irushanwa rya UEFA Nations League,yashakaga ko ibihugu byo ku mugabane w’I burayi bihangana mu mikino ikomeye cyane n’amarushanwa...
Umukinnyi ukina asatira mu ikipe ya Real Madrid,Eden Hazard,yongeye kurakaza umutoza Zinedine Zidane,kubera ukuntu yongeye kugaruka mu myitozo yarongereye ibiro ikosa akoze ku nshuro ya kabiri...
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...
Rutahizamu wa Manchester United,Romelu Lukaku yatangaje ko narangiza gukina umupira w’amaguru azaza gitoza amakipe yo muri Afrika ndetse yifuza kuzaba umutoza ukomeye ku mugabane w’Afurika kugira...
Umuganga ukomoka mu bubiligi witwa Marc Van Hoey yavuze ko atewe ishema no kuba amaze kwica ku bushake abarwayi 140 ndetse yiteguye kwambura ubuzima abasaga 500 kuko ibyo akora byemewe na...
Mu ijoro ryakeye nibwo ikipe ya Real Madrid yirukanye umutoza wayo Julen Lopetegui wanyagiwe na FC Barcelona ibitego 5-1 muri El Clasico ku Cyumweru gishize,aho hasohotse urutonde rw’abatoza 4...
Umupilote wungiriza w’abasirikare b’ u Bubiligi yahanutse muri kajugujugyu mu myiyereko ya gisirikare na n’ubu ntaraboneka
Inkuru ya BBC ivuga ko kugeza ubu Ingabo nyinshi z’Ububiligi ziri mu...
Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama
Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu hari hatahiwe imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi aho ikipe ya Portugal ikomeje kongera amahirwe yo kucyitabira...
Ikipe ya Bayern Munich yari itegereje igisubizo cy’umutoza Ralf Rangnick cyo kuyibera umutoza mu cyumweru gitaha; ariko uyu yavuze ko atakwemera aka kazi kubera impamvu ze ku giti...
Umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Declan Rice yizeye ko mugenzi we bakinana mu ikipe ya Arsenal Ben White azahindura ibitekerezo akongera kugaruka mu ikipe y’igihugu atacyemera...
Bamwe bibuka Sonia Rolland wabaye Miss France mu 2000, ubu hari na Kenza Ameloot watowe nka Miss Belgique 2024 muri ’weekend’ ishize. Aba bombi bahuriye ku kuba ba nyina ari Abanyarwandakazi, ba se...
Raporo ya Human Right Watch yo ku wa 10 Ukwakira 2023, igaruka cyane ku Banyarwanda baba mumahanga aho ivuga ko “u Rwanda rucecekesha abashaka kurunenga.”