Kenya yavuze ko igiye guhagarika amasezerano y’imyka itandatu yari yarasinyiye abaganga 100 bakomoka muri Cuba ngo bakorere ubuvuzi mu bitaro bitandukanye mu...
Perezida w’igihugu cya Nigeriya, Bola Tinubu yatangaje ko hari ingamba ari gufata zigamije kugabanya igiciro cy’ubuzima buri hejuru mu banya Gihugu kuri...
Imyaka igiye kuba 2 Miss Shanitah Umunyana atarahabwa imodoka ye yatsindiye nk’igihembo nyamukuru mu irushanwa rya Miss East Africa 2021.
Iyi ntsinzi ya Miss Shanitah yari ishema kuri buri...
Bamwe mu bagize Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda barifuza ko ikiruhuko cy’umugabo ufite umugore wabyaye kiva ku minsi ine ikaba 30, naho icy’umugore kikava ku mezi atatu akaba atandatu.
Iyi ni...
Ikipe ya Manchester United irimo gutekereza uko yakongerera umunyezamu David De Gea amasezerano mashya ariko shebuja Erik ten Hag ngo kugeza ubu ntarameza ko ari muri gahunda ye.
De Gea yabaye...
Umunyabigwi w’umupira w’amaguru mu Rwanda,Jimmy Gatete,yatangaje ko mu mupira w’amaguru yatangiye ahembwa ibihumbi 35 FRW ndetse ko mu 1997 Rayon Sports ariyo yamuguze menshi mu Rwanda miliyoni...
Abarimu bo mu Karere ka Rwamagana n’abaganga bagaragaje ko batishimiye ibyo ubuyobozi bw’akarere bwabasabye byo gukatwa umushahara wabo angana na 1% yo gutera inkunga ikipe y’umupira w’amaguru ya...
Ikipe ya APR FC yongereye ibihano ku mukinnyi wayo wo hagati,Keddy Nsanzimfura,kubera imyitwarire mibi yagaragaje.
Ubuzima bw’uyu mukinnyi muri APR FC bukomeza kuba bubi kuri uyu musore ukiri...
Ikinyamakuru Marca cyanditse ko Real Madrid yahaye uburenganzira Casemiro bwo gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester United.
Umukinnyi Casemiro ukina hagati mu ikipe ya Manchester United...
Amakuru aravuga ko atletico Madrid yashyize Antoine Griezmann ku isoko kugira ngo yongere amahirwe yo gusinyisha Cristiano Ronaldo.
Ikipe ya Diego Simeone irashaka gusinyisha rutahizamu wa...
Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni umwe mu bakobwa batunguranye mu irushanwa rya Miss Rwanda2022, aho yaje no kwegukana ikamba ry’uwahize abandi kugira umushinga urimo...
Muri iki gihe,ikipe ya FC Barcelona irimo gushakisha uburyo bwo kugarura Lionel Messi mu mpeshyi itaha imukuye muri PSG bitagenze neza.
Blaugrana yizera ko ifite ubushobozi bwo kugarura uyu...
Cristiano Ronaldo, Lionel Messi na Neymar bari mu bakinnyi binjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku rutonde rushya rw’abakinnyi icumi bahembwa menshi ku is rwashyizwe hanze,nubwo hari amazina...
Ku nshuro ya 11 irushanwa ryo gutora nyampinga w’u Rwanda rigiye kuba , abakobwa bahatanira iri ikamba bakomeje kwiyandikisha mu gihe ubuyobozi bwaryo bwo bwamaze gutangaza ko ibihembo...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG amasezerano y’imyaka ibiri (2), ashobora kongerwa kugeza muri Kamena 2024,nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo...
Uwahoze ari umutoza wa Juventus, Maurizio Sarri yemeje ko umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo agoranye kumutoza kubera ko we aba afite intego ze bwite zitandukanye...
Myugariro Sergio Ramos wasezeye ku ikipe ya Real Madrid ku munsi w’ejo,yatangaje ko mu makipe ashobora kwerekezamo muri iyi mpeshyi hatarimo FC Barcelona cyangwa Sevilla yavuyemo muri...
Uyu munsi nibwo Sergio Ramos yasezeye ku mugaragaro ku ikipe ya Real Madrid yari amazemo imyaka 16 nyuma yo kurangiza amasezerano ariko iyi kipe ikagenda gake mu kumwongerera amasezerano...