skol
Kigali

Search: UMUSHAHARA (836)

Kenya:Abaganga 100 bo muri Cuba bavuraga mu gihugu bagiye guhagarikwa

Kenya yavuze ko igiye guhagarika amasezerano y’imyka itandatu yari yarasinyiye abaganga 100 bakomoka muri Cuba ngo bakorere ubuvuzi mu bitaro bitandukanye mu...
12 October 2023 472 0

Reba abatoza 5 b’Amavubi bahembwe akayabo ariko bakayigeza habi hashoboka muri ruhago

Ikipe y’igihugu "Amavubi"imaze igihe kinini irwana no gusubira mu gikombe cya Afurika iherukamo muri 2004 ari nayo nshuro imwe rukumbi yagikinnye.
10 August 2023 336 0

Nijeriya:Perezida yashyizeho ingamba zigamije koroshya imibereho y’Abaturage

Perezida w’igihugu cya Nigeriya, Bola Tinubu yatangaje ko hari ingamba ari gufata zigamije kugabanya igiciro cy’ubuzima buri hejuru mu banya Gihugu kuri...
1 August 2023 325 0

Miss Shanitah yagannye inkiko nyuma yo gutsindira imodoka ntayihabwe

Imyaka igiye kuba 2 Miss Shanitah Umunyana atarahabwa imodoka ye yatsindiye nk’igihembo nyamukuru mu irushanwa rya Miss East Africa 2021. Iyi ntsinzi ya Miss Shanitah yari ishema kuri buri...
21 May 2023 731 0

Lionel Messi agiye gutandukana n’ikipe ya PSG

Amakuru aturuka mu Bufaransa aravuga ko Lionel Messi yiteguye guhindura ibitekerezo maze akava muri Paris Saint-Germain muri iyi mpeshyi. Amasezerano y’uyu munyabigwi ararangirana n’uyu mwaka...
4 April 2023 1733 0

Kevin de Bruyne ayoboye urutonde rw’abakinnyi bahembwa menshi mu Bwongereza

Ikinyamakuru L’Equipe kizwiho gukora no gutangaza inkuru zicukumbuye cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse muri Premier League,bayobowe n’Umubiligi Kevin de Bruyne. L’Equipe...
30 March 2023 1383 0

Impaka zikomeje kuzamuka ku kiruhuko kiri gusabirwa umugabo ufite umugore wabyaye

Bamwe mu bagize Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda barifuza ko ikiruhuko cy’umugabo ufite umugore wabyaye kiva ku minsi ine ikaba 30, naho icy’umugore kikava ku mezi atatu akaba atandatu. Iyi ni...
23 March 2023 526 0

Hamenyekanye impamvu abakobwa beza bigira kuri murandasi batsindwa cyane kurusha abandi

Ubushakashatsi bwimbitse bwakozwe bwagaragaje ko abantu b’ikimero n’uburanga butangaje cyane cyane ab’igitsina gore bafite ibyago byo gutsindwa cyane mu ishuri mu gihe bigiye kuri...
23 March 2023 530 0

Man United yasabye David de Gea ikintu gikomeye kugira ngo imugumane

Ikipe ya Manchester United irimo gutekereza uko yakongerera umunyezamu David De Gea amasezerano mashya ariko shebuja Erik ten Hag ngo kugeza ubu ntarameza ko ari muri gahunda ye. De Gea yabaye...
27 October 2022 2878 0

Jimmy Gatete yahishuye byinshi ku rugendo rwa AFCON 2004 n’akayabo yahawe na Rayon Sports

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru mu Rwanda,Jimmy Gatete,yatangaje ko mu mupira w’amaguru yatangiye ahembwa ibihumbi 35 FRW ndetse ko mu 1997 Rayon Sports ariyo yamuguze menshi mu Rwanda miliyoni...
24 October 2022 2877 0

Rwamagana: Abarimu n’abaganga bababajwe no gukatwa amafaranga yo gutera inkunga Rwamagana City

Abarimu bo mu Karere ka Rwamagana n’abaganga bagaragaje ko batishimiye ibyo ubuyobozi bw’akarere bwabasabye byo gukatwa umushahara wabo angana na 1% yo gutera inkunga ikipe y’umupira w’amaguru ya...
21 October 2022 2233 0

APR FC yongereye ibihano Nsanzimfura Keddy ushinjwa imyitwarire mibi

Ikipe ya APR FC yongereye ibihano ku mukinnyi wayo wo hagati,Keddy Nsanzimfura,kubera imyitwarire mibi yagaragaje. Ubuzima bw’uyu mukinnyi muri APR FC bukomeza kuba bubi kuri uyu musore ukiri...
6 October 2022 1666 0

Casemiro yemerewe kujya gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester United

Ikinyamakuru Marca cyanditse ko Real Madrid yahaye uburenganzira Casemiro bwo gukora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester United. Umukinnyi Casemiro ukina hagati mu ikipe ya Manchester United...
19 August 2022 854 0

Ishyaka Green Party ryasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe yitwaje intwaro iyirwanya hatarimo FDLR

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryasabye Leta y’u Rwanda kugirana ibiganiro n’imitwe yitwaje intwaro iba hanze yarwo iyirwanya gusa itarimo abakoze Jenoside kuko ngo aribwo...
5 August 2022 1958 0

MINEDUC igiye gushyira hanze amabwiriza ajyanye no guhangana n’ubwiyongere bw’amafaranga y’ishuri

Minisitiri w’Uburezi,Dr Valentine Uwamariya,yavuze ko mu minsi mike mbere y’uko umwaka w’amashuri utaha utangira, hazasohorwa amabwiriza y’uburyo bw’imitangire y’amafaranga y’ishuri, mu rwego rwo...
2 August 2022 1434 0

Menya akayabo kagiye kwiyongera ku mushahara Abarimu bafataga

Kuri uyu munsi tariki ya 01 Kanama 2022 nibwo,Minisiteri y’Uburezi [MINEDUC] yatangaje ingano y’amafaranga yongejwe abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Ubwo yagezaga ikiganiro ku Inteko...
1 August 2022 2534 0

Atletico Madrid yatangiye gukina amakarita yatuma ibona Cristiano Ronaldo

Amakuru aravuga ko atletico Madrid yashyize Antoine Griezmann ku isoko kugira ngo yongere amahirwe yo gusinyisha Cristiano Ronaldo. Ikipe ya Diego Simeone irashaka gusinyisha rutahizamu wa...
24 July 2022 1477 0

Hatangajwe urutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi kurusha abandi bose ku isi

Ikinyamakuru Dailymail cyo mu bwongereza, cyatangaje abakinnyi 10 ba mbere muri ruhago bahembwa menshi,ku isi. Ibi bije nyuma y’aho Umunyamisiri Mohamed Salah yongereye amasezerano agashyirwa ku...
5 July 2022 2573 0

Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga yavuze uburyo yakiriye ikamba yahawe muri Miss rwanda...

Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni umwe mu bakobwa batunguranye mu irushanwa rya Miss Rwanda2022, aho yaje no kwegukana ikamba ry’uwahize abandi kugira umushinga urimo...
21 March 2022 1111 0

Lionel Messi arifuzwa n’ikipe ikomeye ishaka kumukura muri PSG

Muri iki gihe,ikipe ya FC Barcelona irimo gushakisha uburyo bwo kugarura Lionel Messi mu mpeshyi itaha imukuye muri PSG bitagenze neza. Blaugrana yizera ko ifite ubushobozi bwo kugarura uyu...
11 March 2022 2680 0

PSG yahaye Kylian Mbappe amafaranga atarigeze ahabwa undi mukinnyi wese ku isi ngo ayigumemo

Biravugwa ko ikipe ya Paris Saint-Germain yiteguye gutanga ijuru n’isi kugira ngo Kylian Mbappe ayigumemo aho kuri ubu yemeye kumuha miliyoni 42 z’amapawundi (€ 50m) nk’umushahara wa buri mwaka....
2 March 2022 4242 0

Abakinnyi bahembwa agatubutse kurusha abandi ku isi muri ruhago [Urutonde]

Cristiano Ronaldo, Lionel Messi na Neymar bari mu bakinnyi binjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku rutonde rushya rw’abakinnyi icumi bahembwa menshi ku is rwashyizwe hanze,nubwo hari amazina...
15 January 2022 3030 0

Ibihembo byihariye byiyongereye mu rushanwa rya Miss Rwanda 2022

Ku nshuro ya 11 irushanwa ryo gutora nyampinga w’u Rwanda rigiye kuba , abakobwa bahatanira iri ikamba bakomeje kwiyandikisha mu gihe ubuyobozi bwaryo bwo bwamaze gutangaza ko ibihembo...
13 January 2022 739 0

Bishop Rugagi wahanuriye Miss Umunyana Shanitah yagize icyo atangaza nyuma y’uko ubuhanuzi bwe bwasohoye

Mu 2018 ni bwo bwa mbere hagaragaye cyane inkuru z’abapasiteri zerekeranye n’irushanwa ryubakiye ku bwiza, ubwenge n’umuco rya Miss Rwanda. Icyo gihe ninabwo Bishop Rugagi yahanuriye Miss Umunyana...
27 December 2021 3101 0

Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG yamuhaye akayabo

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yamaze kumvikana na PSG amasezerano y’imyaka ibiri (2), ashobora kongerwa kugeza muri Kamena 2024,nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo...
10 August 2021 1535 0

PSG yiyemeje kugurisha abakinnyi 10 mu rwego rwo guharurira inzira Lionel Messi

Ikipe ya PSG ihabwa amahirwe menshi yo kwegukana Lionel Messi irashaka kugabanya abakinnyi n’umushahara yabahembaga ariyo mpamvu yiyemeje kugurisha abakinnyi 10 bayikiniye mu mwaka ushize....
10 August 2021 1634 0

Haringingo Francis yerekeje muri Kiyovu Sports nyuma yo kwirukanwa na Police FC

Umutoza Haringingo Francis Christian ukomoka mu Burundi waherukaga kwirukanwa na Police FC,yakomereje urugendo rw’ubutoza muri Kiyovu Sports iheruka gutandukana n’umutoza Ndayiragije...
8 July 2021 881 0

Maurizio Sarri yahishuye ukuntu yagowe no gutoza Cristiano Ronaldo muri Juventus

Uwahoze ari umutoza wa Juventus, Maurizio Sarri yemeje ko umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo agoranye kumutoza kubera ko we aba afite intego ze bwite zitandukanye...
7 July 2021 1312 0

Sergio Ramos yahishuye amakipe 2 adashobora gukinira nyuma yo kuva muri Real Madrid

Myugariro Sergio Ramos wasezeye ku ikipe ya Real Madrid ku munsi w’ejo,yatangaje ko mu makipe ashobora kwerekezamo muri iyi mpeshyi hatarimo FC Barcelona cyangwa Sevilla yavuyemo muri...
18 June 2021 3849 0

Sergio Ramos yarize bikomeye ubwo yasezeraga kuri Real Madrid yamwimye amasezerano ku munota wa nyuma

Uyu munsi nibwo Sergio Ramos yasezeye ku mugaragaro ku ikipe ya Real Madrid yari amazemo imyaka 16 nyuma yo kurangiza amasezerano ariko iyi kipe ikagenda gake mu kumwongerera amasezerano...
17 June 2021 3146 0
0 | ... | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | ... | 810