Cristiano Ronaldo uherutse gusinyira ikipe ya Juventus avuye muri Real Madrid yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye kubera ukuntu ahembwa umushahara...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo...
Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo, yatangaje ko abakozi ba leta n’ab’ibigo byigenga bagiye kujya bakatwa 0.5 by’umushahara wabo, aya mafaranga akajyanwa mu kigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB...
Kapiteni wa FC Barcelona,Lionel Messi,yemeye kongera amasezerano muri iyi kipe cyane ko ayo afite azarangira muri Kamena uyu mwaka gusa ngo yiyemeje kugabanya umushahara we kugira ngo afashe...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022,Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yayoboye ikiganiro n’abanyamakuru ku ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente,...
Mu gihe muri Afurika by’ umwihariko muri Uganda na Kenya abaganga bakunze kwigaragambya basaba Leta kubongeza imishahara abo mu gihugu cya Canada bo bigaragambije binginga leta y’ iki gihugu ngo...
Leta y’Ubufaransa yemeye gutanga miliyari 8 z’ama-euro yo kongerera imishahara abaganga, ibashimira ku ruhare bagira mu kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Ikipe ya Arsenal yiteguye gukuba kane umushahara w’umusore wayo ukina asatira Bukayo Saka kugira ngo ishimangire ko ari umwe mu bakinnyi bayo bakomeye.
Uyu mukinyi w’imyaka 20 w’Ubwongereza, kuri...
Umugabo ukomoka muri Africa y’Epfo witwa Gayton McKenzie yatorewe kuba Meya w’Akarere maze yigomwa umushahara we wose , nyuma yo guhabwa aka kazi amaze igihe kinini yarafunze .
Ku ya 11 Mata...
Ikipe ya Paris Saint-Germain irashaka kugabanya umushahara w’abakinnyi bayo uri hejuru cyane nyamara batabasha gutanga umusaruro ufatika muri UEFA Champions League.
Igitangaje, abakinnyi 18 muri...
Urugaga rw’abalimu mu Rwanda, SYPERWA, ruvuga ko rwakiriye neza inyongera ku mushahara wa mwalimu nyuma y’igihe kinini bifuza impinduka kuko isoko naryo ryahindutse
Kuwa mbere, leta yatangaje...
Umukinnyi uhagaze neza cyane muri Arsenal, Gabriel Martinelli, ’ntago ari hafi’ yo gusinyana amasezerano mashya yo kuguma kuri Emirates kubera kutumvikana n’iyi kipe ku mushahara.
Uyu munya Brazil...
Perezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01...
Nyuma y’uko Al Nassr imanuye Cristiano Ronaldo akava Iburayi akisanga akina muri Saudi Pro League.
Al Hilal (mukeba wa Al Nassr) yabwiye Messi ko hari umushahara wa miliyoni 400€ ku mwaka....
Ntibimenyerewe ko abakinnyi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bashyira ahagaragara imishahara yabo bahembwa ku kwezi, semababa wa Rayon Sports ukina ku ruhande rw’ibumoso, Nshuti Dominique Savio...
Nyuma y’aho ikipe ya AS Kigali imaze iminsi igura abakinnyi batandukanye,kuri ubu yamaze no kwerekeza mu bafana aho yatangiriye kuri Ngenzahimana Bosco uzwi cyane ku izina rya Rwarutabura, wari...
Ikipe ya PSG yo mu Bufaransa, irateganya kugira Kylian Mbappe umukinnyi uhembwa amafaranga menshi mu mateka, nyuma yo kumwemerera miliyoni 250 z’ama-Euro agomba gufata mu gihe cy’imyaka...
Umutoza wa Etincelles FC yamaze kwandika ibaruwa yo kwegura muri iyi kipe yagezemo kuwa 10 Kamena, 2019 kubera impamvu zitandukanye zirimo kuba abayobozi bayo batarubahirije ibikubiye mu...
Umukinnyi Ally Niyonzima ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko impamvu yavuye ku rubuga rwa WhatsApp ruhuza abakinnyi bose b’iyi kipe ari uko bavugaga ibijyanye n’amafaranga gusa...
Umwarimu ukiri muto ari kuvugwa cyane mu binyamakuru n’ imbugankoranyambaga bitewe no kuba yarigomwe umushara we akawudodeshamo impuzankano y’ abanyeshuri...