Kuwa Gatandatu tariki ya 08 Gircurasi mu masaha y’umugoroba Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze yataye muri yombi abantu 20 bari muri Hoteli yitwa Musanze Caves Hotel y’umuhanzi witwa...
Umugabo witwa Cameron Wright w’imyaka 23 usanzwe acunga umutekano mu bitaro bya St Francis Hospital biherereye mu mujyi wa Memphis muri USA,yafashwe ari gusambanya umurambo w’umugore wari umaze...
Ubanza niwe Munyarugendo Jean Claude
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rwagize umwere rwahanaguyeho ibyaha Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kinigi mu karere ka Musanze MUNYARUGENDO MANZI...
Hirya no hino ku isi hari gucaracara amafoto y’abanya Mexico bari guhunga ibyuka biryana mu masobatewe n’abarinzi b’umupaka ubwo bashakaga kwambuka umupaka berekeza...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yabwiye abanyamakuru ko adakumbuye Messi ndetse we amaze kuzenguruka hose yerekana ubuhanga bwe mu gihe uyu munya Argentina we yiziritse muri Espagne...
Umuraperikazi Cardi B yahuye n’uruva gusenya ubwo yacugusaga ikibuno imbere y’abafana be bo mu gihugu cya New Zealand, imyenda ye igacika bituma ahagarika igitaraganya iki...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...
Ni inkuru idasanzwe ku bantu batuye ibice bitandukanye by’isi, kubera imico yabo itabemerera kujya ku mugaragaro bambaye ubusa, ariko nanone iyi ni inkuru isanzwe ku baturage bo muri Switzerland...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko mu mukino w’uyu munsi baracakirana na Musanze FCariyunga n’abafana b’iyi kipe bamaze iminsi bamukomera kubera kwitwara nabi ku...
Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS ku nshuro yayo ya 8 bakoze igitaramo kidasanzwe mu Ntara y’amajyaruguru mu Karere ka Musanze nyuma yuko bavuye i Gicumbi.
Umugabo witwa John Mwaura ukomoka mu gace ka Murunyu aherutse gufatwa ari gusambanya inka y’abandi byatumye ahururizwa akubitwa inkoni nyinshi ari nako abazwa impamvu yabikoze atangaza ko ari uko...