skol
Kigali

Search: USA (34612)

Mu Rwanda kuramba byiyongereye imyaka 9 kurusha abatuye mu bindi bihugu bya EAC

Uburambe bw’imyaka Abanyarwanda bamara ku isi yazamutseho imyaka 9 kurusha byinshi mu bihugu bituranyi muri Afurika y’Iburasirazuba, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bw’ikigo cy’igihugu...
27 February 2023 622 0

Umujyi wa Kigali ugiye kongerwamo imodoka 300 zitwara abagenzi

Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yavuze ko mu mezi 3 ari imbere,Mu mujyi wa Kigali hazongerwa imodoka zitwara abagenzi 300. Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya...
27 February 2023 1456 0

Briana Jai wahoze ari umukunzi wa Harmonize ari mu rukundo rushya n’umusore ufite ubumuga

Briana Jai wahoze akundana n’umuhanzi Harmonize akaba yaranavuzwe mu rukundo na Kivin Kade yahishuye ko ari murukundo rushya n’umusore ufite ubumuga.
27 February 2023 1188 0

Umuraperi Mwana FA yagizwe Minisitiri wungirije muri Minisiteri y’Umuco

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yahaye inshingano nshya umuraperi Mwana FA agirwa Minisitiri Wungirije w’Umuco, Ubuhanzi na Siporo.
27 February 2023 930 0

Icyo bamwe mu banyarwanda bifuza ko Inama y’Umushyikirano 18 yakwigaho

Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa. Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
27 February 2023 1018 0

Nigeria: Ibyavuye mu matora byatangiye kumenyekana

Ibyavuye mu matora bya mbere byatangiye kuboneka, mu matora yo muri Nigeria ya mbere abayemo guhatana gukomeye cyane kuva ubutegetsi bwa gisirikare bwarangira mu mwaka wa 1999. Ibyavuye mu...
27 February 2023 652 0

Manchester United yongeye gukora ku gikombe nyuma y’imyaka itandatu

Ikipe ya Manchester United yatwaye Carabao Cup 2023 itsinze Newcastle United ibitego 2-0,ikuraho igisuzuguriro cy’imyaka itandatu yari ishize mu kabati kayo katinjiramo igikombe icyo aricyo cyose....
26 February 2023 1156 0

Real Madrid igiye gusimbuza Eden Hazard undi mukinnyi uvunika cyane nkawe

Ikipe ya Real Madrid biravugwa ko iri gushaka rutahizamu wa Chelsea, Christian Pulisic ngo ayerekezemo nubwo atabona umwanya uhagije wo gukina. Iki kigugu cyo muri Espagne kiritegura kurekura...
25 February 2023 1683 0

Kizigenza muri Sinema Harvey yakatiwe indi myaka 16 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata ku ngufu

Umuyobozi wa filime wabaye ikimenyabose muri senama ya Hollywood, Harvey Weinstein yakatiwe gufungwa indi myaka 16 nyuma y’amezi abiri ahamijwe ibyaha bitatu byo gufata ku...
24 February 2023 345 0

Mfite byinshi byo kukubwiraPapa!Ubutumwa bwa Kim Kardashian wizihiza isabukuru y’umubyeyi we

Umunyamideli Kim Kardashian mu gahinda kenshi yifurije isabukuru nziza umubyeyi we umaze imyaka 20 yitabye Imana amubwira ko amufitiye urukumbuzi rwinshi ndetse n’ibintu byinshi byo...
24 February 2023 653 0

Miss Gisabo yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we

Uwase Hirwa Honorine wamenyekanye nka Miss Gisabo ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2017 yasezeranye imbere y’amategeko kubana akaramata n’umukunzi we Nsengiyumva Mugisha Christian...
23 February 2023 3404 0

Burkina Faso irashyingura bundi bushya Sankara,umuryango we ushimangira kutahaboneka

Ubutegetsi bw’igisilikare muri Burikina Faso buri gutegura gushyingura bundi bushya uwahoze ari perezida w’icyo gihugu Thomas Sankara n’ubwo umuryango wa Sankara watangaje ko utaza kwitabira iki...
23 February 2023 1061 0

Umunyafurika y’Epfo yegukanye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda 2023

Umunya-Afurika y’Epfo Ormiston Callum ukinira Ikipe y’Igihugu yegukanye Etape ya Gatanu akoresheje amasaha ane, iminota 59 n’amasegonda 51. Umwambaro w’umuhondo ufatwa na Lecerf William Junior. Iri...
23 February 2023 1483 0

Nigeria:Umunsi wanyuma wo kwiyamamariza kuba perezida,uri gutwara amagara yabamwe

Mu gihugu cya Nigeriya, abakandida biyamamariza umwanya wa Perezida bari ku munsi wanyuma w’icyo gikorwa.bamwe mu bayoboke b’amashyaka bari kuhasiga ubuzima
23 February 2023 852 0

Karongi:Batatu barakekwaho kwiba arenga ibihumbi 900Frw

Mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hafatiwe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibihumbi 950Frw mu iduka ricururiza mu mujyi wa Karongi amavuta yo kurya n’amasabune yo...
23 February 2023 843 0

Perezida Museveni yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine uri mu kaga k’intambara

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Museveni yaganiriye ku ncuro ye yambere na mugenzi we wa Ukraine Perezida Volodymyr Zelensky nkuko byatangajwe na Perezidansi y’icyo gihugu cya...
23 February 2023 1457 0

Pascal Nyamulinda wayoboye Umujyi wa Kigali yahawe inshingano mu kindi Gihugu

Pascal Nyamulinda wabaye Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, yahawe umwanya na Perezida wa Benin, wo kuyobora Ikigo cy’iki Gihugu [Benin] gishinzwe irangamuntu.
23 February 2023 1696 0

Moses yasabye Imbabazi ababajwe no kuba yise u Burundi ‘Urundi Rwanda’

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yiseguye ku bantu bose babajwe n’ijambo yakoresheje yita u Burundi ‘Urundi Rwanda’ ubwo yasohoraga itangazo rigaragaza ko agiye kujya kumurikayo...
23 February 2023 2021 0

Abakinnyi ba Inter Milan bari bagiye kurwanira mu kibuga mu mukino wa Champions League

Abakinnyi ba Inter Milan barimo umunyezamu Andre Onana na Edin Dzeko bashwaniye bikomeye mu mukino bakinaga na FC Portowa 1/16 cya UEFA Champions League. Umunyezamu Onana yafashwe na mugenzi...
23 February 2023 1908 0

M23 yemeje ko yafashe agace k’ingenzi ka Mushaki

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2023,umutwe wa M23 wigaruriye agace k’ingenzi cyane ka Mushaki, nk’uko byemejwe na Maj. Willy Ngoma,uvugira uyu mutwe mu bya Gisirikare....
22 February 2023 3603 0

RDC :Abatuye mu duce twa Saké na Mushaki bugarijwe n’imirwano ikomeje hagati ya FARDC na M23

RDC :Abatuye mu duce twa Saké na Mushaki bugarijwe n’imirwano ikomeje hagati ya FARDC na M23
22 February 2023 2022 0

Igisirikare cya Somaliya cyakuye ibirindiro I Mogadishu,umutekano uzamba kurushaho

Byibura abantu babarirwa mu 10 nibo bamaze kumenyekano ko baguye mu gitero bagabweho mu mugi wa Mogadishu muri Somaliya.
22 February 2023 732 0

Poutine yakuye Uburusiya mu masezerano ya Nikereyeri bari barasinyanye n’ Amerika

Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
22 February 2023 1212 0

Thomas Bonnet yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023

Umufaransa, Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023, abasiganwa bavaga i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera ya Kilometero 138,3. Bonnet...
22 February 2023 1408 0

Rubavu: Abana babiri bapfuye urupfu rw’amayobera

Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, haravugwa impfu zidasanzwe z’abana babiri bigaga ku ishuri rimwe bapfuye mu cyumweru kimwe, none bamwe mu baturage baravuga ko ari imyuka mibi yateye...
22 February 2023 3380 0

"Nahitamo kuba inzererezi aho guhura na Mama"-Umukobwa wa Jackie Chan

Umukobwa wa Jackie Chan,witwa Etta Ng Chok Lam,yavuze ko yahitamo gukomeza kuba inzererezi ntagire aho atura aho kujya kubana na nyina umubyara. Uyu mwana w’umukobwa w’imyaka 23 yashwanye na...
21 February 2023 3439 0

Abafana ba Liverpool bahemukiye ikipe ya Real Madrid mbere y’umukino bafitanye

Abafana ba Liverpool basanzwe bazwiho kugira imyitwarire idasanzwe irimo n’idahwitse bagiye kuri Hoteli INNSiDe ikipe ya Real madrid icumbitsemo baturitsa ibishashi byinshi cyane bisakuza cyane mu...
21 February 2023 2173 0

PSG imerewe nabi irashaka kugarura umutoza iheruka kurekura

Ikipe ya Paris Saint-Germain yatangiye gutakaza icyizere yari ifitiye umutoza Christophe Galtier aho bivugwa ko yaba yifuza kugarura Thomas Tuchel baheruka gutandukana mu myaka mike ishize. Iyi...
21 February 2023 1631 0

Brazil:Imvura yahitanye abantu 40 isiga iheruheru abarenga 2000

Umubare w’abantu bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi yaguye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Brazil ikomeje kwiyongera aho kuri uyu wa mbere bageze kuri 40. Perezida wa Brazil, Luiz Inacio...
21 February 2023 849 0

Byemejwe ko umuntu wa gatatu yakize agakoko gatera SIDA

Umugabo wahawe izina rya Duesseldorf yabaye umuntu wa gatatu byemejwe ko atagifite mu maraso ye ubwandu bw’Agakoko gatera Sida, nyuma y’uko ahinduriwe amaraso ku buryo yanavuwe indwara ya cancer...
21 February 2023 2242 0
0 | ... | 34020 | 34050 | 34080 | 34110 | 34140 | 34170 | 34200 | 34230 | 34260 | ... | 34590