Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yavuze ko mu mezi 3 ari imbere,Mu mujyi wa Kigali hazongerwa imodoka zitwara abagenzi 300.
Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Ibyavuye mu matora bya mbere byatangiye kuboneka, mu matora yo muri Nigeria ya mbere abayemo guhatana gukomeye cyane kuva ubutegetsi bwa gisirikare bwarangira mu mwaka wa 1999.
Ibyavuye mu...
Ikipe ya Manchester United yatwaye Carabao Cup 2023 itsinze Newcastle United ibitego 2-0,ikuraho igisuzuguriro cy’imyaka itandatu yari ishize mu kabati kayo katinjiramo igikombe icyo aricyo cyose....
Ikipe ya Real Madrid biravugwa ko iri gushaka rutahizamu wa Chelsea, Christian Pulisic ngo ayerekezemo nubwo atabona umwanya uhagije wo gukina.
Iki kigugu cyo muri Espagne kiritegura kurekura...
Mu gihugu cya Nigeriya, abakandida biyamamariza umwanya wa Perezida bari ku munsi wanyuma w’icyo gikorwa.bamwe mu bayoboke b’amashyaka bari kuhasiga ubuzima
Mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hafatiwe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibihumbi 950Frw mu iduka ricururiza mu mujyi wa Karongi amavuta yo kurya n’amasabune yo...
Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweri Museveni yaganiriye ku ncuro ye yambere na mugenzi we wa Ukraine Perezida Volodymyr Zelensky nkuko byatangajwe na Perezidansi y’icyo gihugu cya...
Abakinnyi ba Inter Milan barimo umunyezamu Andre Onana na Edin Dzeko bashwaniye bikomeye mu mukino bakinaga na FC Portowa 1/16 cya UEFA Champions League.
Umunyezamu Onana yafashwe na mugenzi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2023,umutwe wa M23 wigaruriye agace k’ingenzi cyane ka Mushaki, nk’uko byemejwe na Maj. Willy Ngoma,uvugira uyu mutwe mu bya Gisirikare....
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
Umufaransa, Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023, abasiganwa bavaga i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera ya Kilometero 138,3.
Bonnet...
Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, haravugwa impfu zidasanzwe z’abana babiri bigaga ku ishuri rimwe bapfuye mu cyumweru kimwe, none bamwe mu baturage baravuga ko ari imyuka mibi yateye...
Abafana ba Liverpool basanzwe bazwiho kugira imyitwarire idasanzwe irimo n’idahwitse bagiye kuri Hoteli INNSiDe ikipe ya Real madrid icumbitsemo baturitsa ibishashi byinshi cyane bisakuza cyane mu...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yatangiye gutakaza icyizere yari ifitiye umutoza Christophe Galtier aho bivugwa ko yaba yifuza kugarura Thomas Tuchel baheruka gutandukana mu myaka mike ishize.
Iyi...
Umubare w’abantu bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi yaguye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Brazil ikomeje kwiyongera aho kuri uyu wa mbere bageze kuri 40.
Perezida wa Brazil, Luiz Inacio...
Umugabo wahawe izina rya Duesseldorf yabaye umuntu wa gatatu byemejwe ko atagifite mu maraso ye ubwandu bw’Agakoko gatera Sida, nyuma y’uko ahinduriwe amaraso ku buryo yanavuwe indwara ya cancer...