Abategetsi bo mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo ya Ukraine wigaruriwe n’Uburusiya, basubitse ayo bise amatora ya kamarampaka (referendum) ku kwinjira mu Burusiya kw’uwo mujyi, ku bw’impamvu...
Minisiteri ushinzwe ububanyi n’amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov, yagaye imigirire y’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi ku bijyanye n’akarere ka Afrika. Yabitangaje mu rugendo arimo muri...
Indege zigera hafi ku 100 zifite aho zihuriye n’Uburusiya urebye zahagaritswe na leta y’Amerika, harimo n’indege imwe y’umuherwe utunze za miliyari z’amadolari Roman Abramovich.
Minisiteri...
Ibiro ntaramakuru bya leta y’Uburusiya byatangaje ko ingabo z’iki gihugu uyu munsi kuwa mbere zihagarika kurasa kugira ngo zihe inzira yo guhunga abaturage bo mu mijyi myinshi muri Ukraine.
Ako...
Umutegetsi wo hejuru muri Amerika yatangaje ko ibyavuzwe n’Uburusiya ko buri kuvana zimwe mu ngabo zabwo ku mupaka na Ukraine ari "ikinyoma", yongeraho ko izindi ngabo 7,000 z’inyongera ahubwo...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashinje Amerika kugerageza gushora igihugu cye mu ntambara muri Ukraine.
Mu magambo ya mbere akomeye avuze mu byumweru byinshi byari bishize, yavuze ko...
Perezida wa USA,Donald Trump arahura na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov mu biganiro bikekwa ko bigamije gusasa inzobe ku mubano w’ibihugu byombi umaze igihe...
Uburusiya bwasinye amasezerano n’igihugu cya Uganda agamije kuyubakira ingufu za ‘nuclear’. Uganda ivuga ko izakoresha ingufu za ‘nuclear’ mu bijyanye n’inganda, ubuvuzi no mu bindi bikorwa...
Ikigo cya USA gishinzwe iperereza FBI,cyatangiye gukeka ko Perezida Donald J.Trump yaba ari intasi y’Uburusiya muri White House cyane ko byavuzwe Abarusiya bibye amajwi bakamugira...
Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Abategetsi bavuze ko umugabo w’Umunya-Pologne yatawe muri yombi aregwa guteganya gukorana n’inzego z’ubutasi z’Uburusiya mu gufasha mu gishobora kuba ari umugambi wo kwica Perezida wa Ukraine...
Mu kimenyetso cyo kwiyongera ko kudashaka uburengerazuba (Uburayi n’Amerika) kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri Niger, umucuruzi atewe ishema no kwerekana imyambaro ye iri mu mabara y’ibendera...