Ku nshuro ya 21 hagiye kuba igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kigiye kubera mu Burusiya aho amakipe 32 yamaze gutangaza abakinnyi 23 azakoresha ndetse na nimero...
Umukobwa witwa Olga Buzova w’imyaka 32, watandukanye n’umukinnyi witwa Dmitry Tarasov ukinira ikipe ya Lokomotiv Moscow yo mu Burusiya mu mwaka wa 2016 amuhoye kumuca inyuma,yatangije irushanwa...
Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
Myugariro wa mbere ku isi Sergio Ramos yatangaje abanyamakuru bamubajije niba agiye gusezera mu ikipe y’igihuguya Espagne nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka aho yababwiye ko we...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
Ushobora kuba ujya wibaza uko abandi bantu imibonano mpuzabitsina ibagendekera, iyi nkuru igiye kugutembereza mu bihugu bitandukanye tureba uko bakora imibonano mpuzabitsina, agaciro bayiha ,...
Ubushakashattsi bwakozwe bwerekanye urutonde rw’inyamaswa 10 ubariyemo n’abantu zishobora kuba ari iziza ku isonga mu guteza imfu nyinshi ku isi kurusha izindi mu nyamaswa cyangwa mu...
Meng Hongwei, umukuru wa polisi mpuzamahanga Interpol, yaburiwe irengero ari mu rugendo mu Bushinwa. Ubufaransa bwatangije iperereza ku iburirwa irengero kwa Meng...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 imwe mu nkuru zavunzwe mu binyamakuru byinshi ku Isi ni ubwegure bwa Nikki Haley wari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’ Abibumbye...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni arashinjwa na bamwe mu bakongomani kugira uruhare runini mu gutuma Felix Tshisekedi atsinda amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira...
Ikipe ya Chelsea FC ishobora kugurwa na kimwe mu ibigo 3 bikomeye birimo icyo muri Asia,US n’ikigo cya INEOS gisanzwe ari icya Sir Jim Ratcliffe, umuherwe wa mbere mu...
Umunya Cote d’Ivoire Yaya Toure wabaye umukinnyi w’indashyikirwa mu makipe akomeye ku isi arimo FC Barcelona,Manchester City n’izindi,yamaze gutangaza ko ahagaritse umupira w’amaguru nyuma y’ibigwi...