FIFA yanze ubusabe bwa Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky wifuzaga gutanga ubutumwa bw’amahoro ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi Argentina and France.
Uyu yasabaga ko yazohereza videwo...
Akanama gashinzwe umutekano ku isi ka ONU kafashe umwanzuro wo gukuraho kumenyesha komite ishinzwe ibihano ku ugiye kugurisha cyangwa gufashisha intwaro DR Congo, n’uwo kongerera umwaka umwe...
Rutahizamu ukomeje gutitiza Ubwongereza n’isi ya ruhago muri rusange,Erling Haaland yaraye aciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere utsinze ibitego 20 mu mikino mike muri Premier League.
Uyu...
Ikipe ya Manchester City iyoboye izindi mu kugira ikipe ihenze aho yigaranzuye ibindi bihangange nka Real Madrid na PSG.
Iyi Manchester City yigaruriye Ubwongereza mu myaka 5 ishize,yahize andi...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB), rwajyanwe mu nkiko rushinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini.
Abapasiteri 6 bo muri Authentic Word Ministries cyangwa Zion Temple bareze uru rwego...
Ikipe ya Arsenal imaze kugura abakinnyi babiri barimo rutahizamu na myugariro irashaka kugura kizigenza wa Real Madrid,Eduardo Camavinga ukina hagati.
Uyu mufaransa w’umuhanga arifuzwa...
Mu kiganiro yahaye Sky News,yishimiye ko nyuma y’ibyumweru nta mwanzuro urafatwa,Ubudage bwemeye koherereza Ukraine ibifaru biasanzwe bya Leopard 2 tanks mu kuyifasha guhangana na Vladimir Putin....
Polisi ya Manchester yafunze ikirego yari ikurikiranyeho Mason Greenwood nyuma y’umwaka urenga akurikiranyweho guhohotera Umukunzi we.
Kuri uyu wa 02 Gashyantare 2023 nibwo iyi Polisi yavuze ko...
Rutahizamu wa Chelsea,Pierre Emerick-Aubameyang yakuwe mu bakinnyi b’iyi kipe bagomba gukina imikino yo gukuranamo ya Champions League biramurakaza ahita yigira i Milan.
Uyu munya Gabon w’imyaka...
Ikipe ya Everton FC yatunguranye muri Premier League,itsinda igitego 1-0 Arsenal yari imaze igihe kinini idatsindwa ndetse inayoboye shampiyona.
Iyi kipe yari imaze iminsi itsindwa...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yavuze ko arimo gutekereza ku kwambura Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin umudali wo ku rwego rwo hejuru cyane mu yitangwa n’Ubufaransa iki gihugu cyamuhaye....
Itorero Angilikani ry’u Rwanda yatangaje ko yitandukanyije byeruye niyo mu Bwongereza yashimangiye ko igiye kujya iha umugisha abaryamana bahuje ibitsina ikabasezeranya.
Kuri uyu wa 10...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,yatangaje ko yumvise iterambere ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda bityo yaje gukina Tour du Rwanda ngo abisuzume.
Chris Froome...
Abategetsi bo muri Amerika bavuga ko abacanshuro barenga 30,000 barwanira itsinda ryitwara gisirikare rya Wagner ryo mu Burusiya bishwe cyangwa barakomereka kuva intambara yo muri Ukraine...
Nyuma yo gutsinda bigoranye Aston Villa ibitego 4-2,Umukinnyi Oleksandr Zinchenko yashimangiye ko Arsenal ishobora kugera "ku kintu icyo ari cyo cyose bashaka".
Iyi kipe y’umutoza Mikel...
Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi ukinira Paris Saint-Germain ntiyigeze aha ijwi na rimwe mugenzi we bakinana Kylian Mbappe kuko yatoye inshuti ye Neymar na Karim Benzema mu bihembo...
Umwe mu bayobozi bakuru muri Pentagon yavuze ko intambara yo muri Ukraine idateze kurangira mu mwaka umwe cyangwa ibiri iri imbere kuko ingabo z’Uburusiya zidashobora gufata ubu butaka vuba....
Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika....
Kuri uyu wa kane,tariki ya 16 Werurwe 2023, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko abaryamana bahuje ibitsina "bataye umutwe" anasaba ko hakorwa iperereza ku kuryamana kw’abahuje...
Ikipe ya Real Madrid ikomeje gukurikiranira hafi rutahizamu wa Tottenham Hotspurs,Umwongereza Harry Kane w’imyaka 29, mu gihe amasezerano afitanye n’iyi kipe azarangira mu 2024.
Iyi kipe ikomeye...
Kizigenza wa Arsenal,Bukayo Saka yaganiriye n’umwana wa Kim Kardashian ku rubuga FaceTime nyuma gato y’uko uyu mugore agaragaye ku kibuga cya Emirates akareba umukino iyi kipe yakinnye na Sporting...
Raporo y’uyu mwaka yasohotse uyu munsi irakomatanya izo mu myaka itatu ishize ku byishimo mu bihugu ku isi. Ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya Finland ni cyo gihugu cyishimye kurusha ibindi ku...
Myugariro Victor Lindelof niwe wateye penaliti yafashije Manchester United kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup aho izahurira na mukeba wayo baturanye Manchester City.
Nyuma yo gutsinda penaliti...