Ikipe ya Manchester City iracyafite imbaraga zo guhatanira igikombe cya Premier League, Champions League na FA Cup kandi Wayne Rooney yavuze umukinnyi wayo akwiye na Ballon d’or,
Umunyabigwi wa...
Umwe mu bajenerali bahanganye muri Sudani, uyoboye abarwanyi barimo guhangana n’abasirikare b’igihugu, yabwiye BBC ko atazajya mu biganiro intambara idahagaze.
Ariko Gen Mohamed Hamdan...
Pep Guardiola yasabye abakinnyi be n’abandi bakozi b’ikipe ya Manchester City guhagurukira Erling Haaland bamuha icyubahiro mu kwizihiza umuhigo yaciye wo gutsinda ibitego byinshi mu mwaka umwe...
Mu nama y’abagize ihuriro ry’ubukungu ku isi G7 batangaje ko bamaganye inyeshyamba za M23, nyuma yo kugezwaho ko izi nyeshyamba zitigeze zisubira inyuma, nk’uko byari byasabwe mu myanzuro ya Luanda,...
Ingabo z’Uburusiya zasutse ururasu i Kyiv umurwa mukuru wa Ukraine mu ijoro ryakeye. Ni cyo gitero cya mbere gikomeye kibaye kuva iyi ntambara yatangira, gikoreshejwe indege z’intambara zitagira...
Real Madrid yemeranyijwe na Borussia Dortmund ku masezerano yo kugura umukinnyi wo hagati w’Umwongereza Jude Bellingham kuri miliyoni 103 z’ama-Euro (miliyari 124Frw).
Uyu mukinnyi w’imyaka 19,...
Mu burasirazuba bwa Ukraine haravugwa intambara ikomeye mu duce twa Bakhmut na Maryinka aho bivugwa ko ingabo za Ukraine zakumiriye ibitero zagabweho n’izu Uburusiya zishaka kuzitsinsura muri utwo...
U Rwanda n’u Bwongereza birishimira ko bikomeje gushimangira umubano n’ubufatanye mu nzego zitandukanye. Byaraye bigarutsweho mu birori byo kwizihiza isabukuru y’Umwami Charles III.
Ni ibirori...
Urukiko rw’Ubujurire i Londres mu Bwongereza uyu munsi rwategetse ko umugambi wa leta wo kohereza abimukira n’abasaba ubuhingiro mu Rwanda utemewe n’amategeko.
Yolande Makolo, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yatangaje ko “Nubwo uyu ari umwanzuro w’inkiko zo mu Bwongereza, dufite ikibazo ku kwanzura ko u Rwanda atari igihugu gitekanye kuburyo cyakwakira...
Huw Edwards ari mu bitaro kubera "ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe", nkuko umugore we abivuga, ni nyuma yuko kandi uyu mugore we avuze ko umugabo we ari we munyamakuru wa BBC urimo...
Ushobora kuba ari ubwa mbere ibi ubyumvise, cg se wari usanzwe ubyumva ko gusinzira cyane bishobora kwica.
Ariko se nibyo? Ababivuga babikomora he?
Bisanzwe bizwi ko kutaryama igihe gihagije...
Ikipe ya Arsenal ikina mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona yo mu Bwongereza iri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aho izakina imikino yo kwipima yo kwitegura shampiyona izatangira mu kwezi kwa...
Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Umunya Norway,ukinira,Manchester City, Erling Haaland,yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023 nyuma yo gutsinda Lionel Messi na Kevin de...