skol
Kigali

Search: Ubwongereza (1333)

Wayne Rooney yahishuye umukinnyi ukwiye gutwara Ballon d’Or uyu mwaka

Ikipe ya Manchester City iracyafite imbaraga zo guhatanira igikombe cya Premier League, Champions League na FA Cup kandi Wayne Rooney yavuze umukinnyi wayo akwiye na Ballon d’or, Umunyabigwi wa...
24 April 2023 1796 0

Sudani:Umwe mu bajenerali bahanganye yavuze icyo ashaka ngo yemere ibiganiro

Umwe mu bajenerali bahanganye muri Sudani, uyoboye abarwanyi barimo guhangana n’abasirikare b’igihugu, yabwiye BBC ko atazajya mu biganiro intambara idahagaze. Ariko Gen Mohamed Hamdan...
29 April 2023 3571 0

Guardiola yashimagije umukinnyi we Haaland uri kumufasha gutsinda bihoraho

Pep Guardiola yasabye abakinnyi be n’abandi bakozi b’ikipe ya Manchester City guhagurukira Erling Haaland bamuha icyubahiro mu kwizihiza umuhigo yaciye wo gutsinda ibitego byinshi mu mwaka umwe...
4 May 2023 550 0

Ibihugu bya G-7 Bihangayikishijwe n’Uko Ingufu z’Ubushinwa Ziguma Kwiyongera

Abaministri b’imari bo mu bihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi bahuye mu mpera z’icyumweru gishize.
15 May 2023 881 0

G7 yihuje n’abarwanya M23 aho gushaka umuti wo kugarura amahoro Muri DRC

Mu nama y’abagize ihuriro ry’ubukungu ku isi G7 batangaje ko bamaganye inyeshyamba za M23, nyuma yo kugezwaho ko izi nyeshyamba zitigeze zisubira inyuma, nk’uko byari byasabwe mu myanzuro ya Luanda,...
24 May 2023 3606 0

Uburusiya bwagabye igitero gisumba ibindi kuva bwatangiza intambara kuri Ukraine

Ingabo z’Uburusiya zasutse ururasu i Kyiv umurwa mukuru wa Ukraine mu ijoro ryakeye. Ni cyo gitero cya mbere gikomeye kibaye kuva iyi ntambara yatangira, gikoreshejwe indege z’intambara zitagira...
28 May 2023 3869 0

Ministri w’Intebe w’Ubuhinde yakoze igikorwa gifatwa nko kwishongora kuri Perezida

Ministri w’Intebe w’Ubuhinde Nerendra Modi yafunguye ku mugaragaro ingoro nini izakorerwamo n’inteko ishinga amategeko y’icyo gihugu mu murwa mukuru New...
28 May 2023 2331 0

Real Madrid yaguze umkinnyi wa Dortmund ku kayabo

Real Madrid yemeranyijwe na Borussia Dortmund ku masezerano yo kugura umukinnyi wo hagati w’Umwongereza Jude Bellingham kuri miliyoni 103 z’ama-Euro (miliyari 124Frw). Uyu mukinnyi w’imyaka 19,...
8 June 2023 1010 0

Volodymyr Zelenskyy yeruriye Vladimir Putin ko Yiteguye Urugamba

Mu burasirazuba bwa Ukraine haravugwa intambara ikomeye mu duce twa Bakhmut na Maryinka aho bivugwa ko ingabo za Ukraine zakumiriye ibitero zagabweho n’izu Uburusiya zishaka kuzitsinsura muri utwo...
12 June 2023 936 0

Byarangiye ba bagabo batanu barimo abaherwe bari muri Titan byemejwe ko bapfuye

Abagabo batanu bari mu bwato Titan bujya hasi mu nyanja babupfiriyemo, nk’uko byemejwe na kompanyi nyiri ubu bwato yitwa OceanGate.
23 June 2023 1868 0

Mu Rwanda bahaye ibirori by’Isabukuru y’Umwami w’u Bwongereza[AMAFOTO]

U Rwanda n’u Bwongereza birishimira ko bikomeje gushimangira umubano n’ubufatanye mu nzego zitandukanye. Byaraye bigarutsweho mu birori byo kwizihiza isabukuru y’Umwami Charles III. Ni ibirori...
23 June 2023 808 0

UK: Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye ko kohereza abimukira mu mahanga binyuranyije n’amategeko

Urukiko rw’Ubujurire i Londres mu Bwongereza uyu munsi rwategetse ko umugambi wa leta wo kohereza abimukira n’abasaba ubuhingiro mu Rwanda utemewe n’amategeko.
29 June 2023 416 0

U Rwanda rwavuze ku mwanzuro wakumiriye kohereza abimukira mu Rwanda

Yolande Makolo, umuvugizi wa leta y’u Rwanda yatangaje ko “Nubwo uyu ari umwanzuro w’inkiko zo mu Bwongereza, dufite ikibazo ku kwanzura ko u Rwanda atari igihugu gitekanye kuburyo cyakwakira...
29 June 2023 698 0

Bwa mbere Tiwa Savage yahishuye ibyamubayeho mw’iyimikwa ry’Umwami Charles III

Umuhanzikazi Tiwa Savage wo muri Nigeria ufatwa nk’umwamikazi wa afrobeats muri Afurika , bwa mbere yahishuye ubwoba yagize ubwo yajyaga ku rubyiniro mu gitaramo cy’iyimikwa ry’umwami w’Ubwongereza...
6 July 2023 1699 0

Nta gihugu cya Afurika kirimo!Dore Pasiporo zikomeye kurusha izindi ku isi muri 2023 [URUTONDE]

Kompanyi yo mu Bwongereza y’ibijyanye n’ubwenegihugu n’aho gutura Henley & Partners yasohoye raporo yayo ya buri gihembwe ya pasiporo zifuzwa cyane ku isi bitewe n’aho zishobora kugeza abazifite....
10 July 2023 3987 0

Umunyamakuru Huw Edwards wa BBC ari mu bitaro nyuma yo gushinjwa

Huw Edwards ari mu bitaro kubera "ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe", nkuko umugore we abivuga, ni nyuma yuko kandi uyu mugore we avuze ko umugabo we ari we munyamakuru wa BBC urimo...
13 July 2023 375 0

Kuryama igihe kirekira bishobora kukuviramo urupfu

Ushobora kuba ari ubwa mbere ibi ubyumvise, cg se wari usanzwe ubyumva ko gusinzira cyane bishobora kwica. Ariko se nibyo? Ababivuga babikomora he? Bisanzwe bizwi ko kutaryama igihe gihagije...
19 July 2023 1011 0

Arsenal yerekeje muri Amerika mu mikino yo kwipima isusurutswa na Vist Rwanda

Ikipe ya Arsenal ikina mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona yo mu Bwongereza iri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aho izakina imikino yo kwipima yo kwitegura shampiyona izatangira mu kwezi kwa...
20 July 2023 410 0

Harimo n’izabanyafurika ! Dore urutonde rw’indirimbo zanyuze Obama muri iyi Mpeshyi

Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
21 July 2023 461 0

Nyuma yo gupfusha umwana Davido n’umukunzi we bibarutse

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria David Adeleke uzwi cyane nka Davido nyuma yo guhura n’ibyago agapfusha umwana w’umuhungu yabyaranye n’umukunzi we baheruka no kurushinga ,Imana...
31 July 2023 441 0

Rhesus ni iki? Ni ryari itera umugore utwite gukuramo inda? Yakora iki ngo abyirinde? Sobanukirwa

Burya umugore ufite ubwoko bw’amaraso bufite Rhesus negatf (negative) , Iyo atwite umwana ufite Rhesus Positif (positive) ., aba afite amahirwe yo kubyara umwana umwe gusa , izindi nda atwite...
5 August 2023 974 0

Hashyizwe hanze urutonde rushya rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika

Mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya ikomeje gufata indi ntera,ibindi bihugu bikomeje kwiyubaka by’umwihariko muri Afurika aho n’ama Coup d’etat akomeje guca...
5 August 2023 5154 0

Wa mukobwa uheruka gushyingiranwa n’uwahoze arumuyobozi ukomeye mu Bwogerereza yimwe Visa

Umunyarwandakazi, Uwamahoro Claudine uherutse gushyingiranwa n’uwahoze ari umudepite mu ishyaka ry’abakozi mu Bwongereza, yahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko ubuyobozi bwo mu Bwongereza bumwimye Visa...
11 August 2023 1394 0

Ibihugu 10 bisurwa na ba mukerarugendo benshi kurusha ibindi ku isi [URUTONDE]

Ku isi yose,ibihugu byinjiriza akayabo mu bukerarugendo ariko hari ibifite ibyiza nyaburanga bikurura benshi ku isi bigatuma bajya kubireba.
12 August 2023 1268 0

Kane wari warazengereje amakipe mu Bwongereza yagiye muri FC Bayern

Rutahizamu Harry Kane w’imyaka 30 wari warazengereje amakipe mu Bwongereza yamaze kwerekeza mu ikipe y’ikigugu ku isi ya Bayern Munich yo mu Budage.
12 August 2023 706 0

Xi Jinping w’Ubushinwa Ategerejwe muri Afurika Y’Epfo no mu nama ya BRICS

Mu Cyumweru kizatangira taliki 21, Kanama, 2023 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping azajya muri Afurika y’Epfo kuganira na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Azaboneraho no kwitabira n’Inama izahuza ibihugu...
18 August 2023 236 0

Umuyobozi w’umupira muri Espagne amerewe nabi azira gusoma ku munwa umukinnyi watwaye igikombe cy’isi

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Espagne, Luis Rubiales, aranengwa nyuma y’amashusho yagaragaye afashe imyanya ye y’ibanga ari iruhande rw’umwamikazi Letizia n’umukobwa we Sofia...
21 August 2023 1506 0

Putin utaritabiriye Brics yatangaje ko n’inama ya G20 atazayitabira

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yabwiye kuri telefone Minisitiri w’intebe w’Ubuhinde Narendra Modi ko atazitabira inama y’itsinda ry’ibihugu 20 bikize cyane ku isi rya...
29 August 2023 541 0

Umunyabigwi wa Arsenal yitabiriye ibirori byo #KwitaIzina

Umunyabigwi wa Arsenal,wabaye myugariro ukomeye mu Bwongereza, Sol Campbell, yageze mu Rwanda aho yitabiriye umuhango wo #KwitaIzina.
30 August 2023 803 0

Erling Haaland yatowe nk’umukinnyi w’umwaka i Burayi

Umunya Norway,ukinira,Manchester City, Erling Haaland,yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023 nyuma yo gutsinda Lionel Messi na Kevin de...
31 August 2023 827 0
0 | ... | 1050 | 1080 | 1110 | 1140 | 1170 | 1200 | 1230 | 1260 | 1290 | 1320