Kuri uyu wa Mbere tariki 9 Ukwakira 2017, Adeline Rwigara , Anne Rwigara na Diane Rwigara bageze mu cyumba cy’urukiko ahagana saa tatu zuzuye, bavuze ko batarabona dossier yabo kandi ko batazi...
Umuhanzi Oda Paccy uzwi cyane mu njya ya Hip Hop akaba muri iyi minsi akomeje kwamamara kubera uburyo yifotozamo, yatangaje ko umushinga wo kurushinga yamaze kuwiga neza ndetse anatangaza igihe...
Kuri uyu wa Gatanu taariki ya 06 ukwakira 2017, Diane Rwigara n’abo mu muryango we baragera imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugirango baburane ku cyemezo ku ifungwa n’ifungurwa...
Sebarinda Leonard n’ umuryango batuye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bari mu byishimo nyuma yo kongera kubona umukobwa wabo baherukaga mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
Uyu...
Umuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Knowless Butera washakanye na Ishimwe Clement uri mu bahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda, yahishuye ko hari inyamaswa atajya arota guhuranayo, anavuga ko aramutse ahuye n’Imana hari icyifuzo...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuzweho gukunda abakobwa bakiri bato, ibi ariko ntibikuraho ko ajya anyuzamo akavuga nabi igitsina gore.
Aya mafoto agaragaza uburyo...
Umunyamideli Shady Boo akaba umuhanga mu kwifotoza agaragaza ikimero, yongeye gufotorwa ari kumwe n’inshuti ze z’akadasohoka yambaye ikanzu hafi yo kumwambika ubusa ari nako atumura shisha iharawe...
Abanyeshuri barenga 10 bo mu ishuri ryisumbuye rya Ruganda riherereye mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi baravugwaho kuba batwite.
Aya makuru yemezwa na bamwe mu banyeshuri biga kuri...
Abagore bo mu gihugu cya Arabia saudite ngo babaho mu guhezwa gukomeye, bimwe mubyo babujijwe gukora harimo Gutwara Imodoka.
Arabia Saudite ni igihugu kigendera ku mahame akaze ya islam...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 04 Nzeri 2017, Polisi y’u Rwanda yakuye mu rugo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara.
Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu...
Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 28 Kanama 2017, umukuru w’Umudugudu wo mu karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru yishwe n’umuturage ubwo yari agiye gutabara.
Ngo uyu mukuru w’umudugudu yatabajwe...
Umugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we...
Nyina wa Meddy uri mu bari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali I kanombe,yavuze ko yahoranga impungenge yibaza uko umuhungu abayeho ubwo yari amaze kwiyemeza gutura muri leta zunze ubumwe...
Inkuru itari nshya mu matwi ya bamwe ni uko hari umukobwa w’ imyaka 10 wo mu gihugu cy’ Ubuhinde wari utwite. Kuri uyu wa 17 Kanama nibwo humvikanye inkuru nziza ko uyu mwana yibarutse umwana w’...