Ibifashijwemo na Gareth Bale winjiye mu kibuga asimbuye agahindura umukino ndetse n’amakosa akomeye y’umunyezamu Loris Karius,Real Madrid ibashije kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku...
Miss Erika Canela, wahize abandi mu kugira ikibuno kinini kuri iy’Isi , wishyizeho Tattoo y’ishusho ya Donald Trump ku mugongo ndetse no ku kibuno cye.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
Safi Madiba ubarizwa muri The Mane atangaza ko ajya ahura n’abakobwa batandukanye bamubwira ko bamukunda, bakunda ibihangano bye ariko ngo ntakirenze kuri ibyo kuko aba ari umufana utamusaba ko...
Impundu mu muryango w’umukinnyi Wayne Rooney n’umufasha we Coolen Rooney bamaze gutangaza y’uko bakiriye umwana wa kane w’umuhungu,wavutse kuwa 14 Gashyantare,2018.
Umufasha wa Wayne Rooney yanditse...
Umuhanzikazi Young Grace yahakanye avugwa ko akundana n’ umukinnyi wa filime Njuga .
Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace yahakanye amakuru avugwa ko akundana na Ngabo Leo ubusanzwe ukina...
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Jesse Lingard yamaze gutandukana n’umukunzi we Jena Frumes ukomoka muri USA bari bamaze amezi 15 bakundana, bapfuye kumuca inyuma agasambana na Leonie...
Umunyamakuru w’imikino kuri City Radio na BTN Rwanda TV Muramira Francois Regis yarekuwe nyuma y’iminsi 3 yari amaze atawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubitira umuntu ku kabari ka...
Umukobwa witwa Mirtha Sosa ukomoka muri Paraguay yashyize hanze amafoto yambaye ubusa kubera kwishimira igitego cyiza cyane Ronaldo yatsinze Juventus dore ko asanzwe ari umufana we wo ku rwego...
Murangwa Eric Eugene wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports nk’umunyezamu ndetse wibukirwa ku kuba yarakinaga yambaye ingofero,yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kubera ko abashatse...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 13 Mata umugabo utatangajwe amazina ye yateye ivi asaba Rema Namakula wabyaranye na Eddy Kenzo ko yamubera umufasha nawe akamubera umutware ,umugore yigira ntibindeba...
Umuririmbyi Nemeye Platini atangaza ko kuri ubu nta byinshi agikeneye kuvuga ku biranga umukobwa akeneye kuko ashaka uteye nka Knowless, ni mu gihe mugenzi bakorana muzika Mujyanama Claude[TMC]...
Karekezi Olivier yagaragaye ku mukino wa Rayon Sports na Kirehe FC yishimana byimbitse n’umufasha we Niwin Sorlu,nyuma yo guhagarikwa kubera kutumvikana n’umutoza wa Bugesera mu mukino...
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Umugore wa Tom Close yamwifurije isabukuru nziza
Niyonshuti Ange Tricia yakoresheje amagambo yuje urukundo yifuriza Tom Close isabukuru nziza
Tom Close n’umugore we abenshi bemeza ko ari...
*Umwe mu bafana ba Rayon Sports witwa munyentwari Jean Maurice yareze Radio 10 n’umunyamakuru wayo Jado Castar gusebanya mu kiganiro cy’imikino yakoze ku wa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,ubwo...
Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...