Umusore w’imyaka 24 yafatiwe mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata muri gare afite ibikoresho byo munzu birimo na Television ndetse n’amafaranga agera ku bihumbi 96 rwf yari yibye mu rugo...
Mu rwego rwo kurinda no gusigasira umubano w’urukundo rwanyu ni byiza ko umusore yirinda amagambo n’ibibazo abaza umukunzi we kuko bishobora kurwangiza mu gihe we yibwiraga ko ari...
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko wafatiwe na Polisi mu Kagari ka Kabuga I mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, ubwo yari amaze kwiba ibihumbi 119 Frw Koperative yamuhaye akazi, yanze kugorana...
Umukobwa ukora umwuga wo kwicuruza wo mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko mu Murenge wa Kimisagara yafashe umwanzuro wo kwiruka ubwo yari mu gikorwa cyo kwinezeza n’umusore wari wamwishyuye bitewe...
Uwimbabazi Sharifa wahoze ari umugore wa nyakwigendera Jay Polly yerekanye umusore bari mu munyenga w’urukundo yasimbuje undi waherukaga kumwambika impeta.
Hari ibintu umukobwa wese yitaho cyane mbere yo kwemera kujya mu rukundo n’umusore runaka, nyamara abasore bo bibwira ko nta gaciro bifite ndetse abenshi...
Umusore wo muri Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo guhagarika ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi...
Uwimana Aisha uzwi ku izina Ciney ,mu njyana ya hip hop na afrobeat nyir’ indirimbo zitandukanye nka Nkunda, Igire(get your money), Tuma bavuga, Ndabaga n ’izindi , nyuma yo kwambikwa impeta...
Umusore witwa Ganga Raju ukomoka mu Buhindi ari guca ibintu hirya no hino kubera akaga yahuye nako ari kwifotora selfie,ahanuka mu ruzi rwitwa Nagavali...
Umusore w’imyaka 23 witwa Roger Alvarado ukomoka muri Leta ya Florida yatawe muri yombi na polisi kubera kwinjira mu nzu y’icyamamare Taylor Swift akaryama ku gitanda...