Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rwakatiye Mwitende Ladislas, wari Umuyobozi wa Kompanyi ya Top Service Ltd yari ishinzwe gutumiza ifumbire mu mahanga ikayishyikiriza abaturage...
Abagabo bane bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gasaka, mu karere ka Nyamagabe bacyekwaho gushuka umwana wajyaga ku ishuri bakamwambura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20.
Ababifungiwe ni...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame avuga ko amikoro make n’ ibibazo u Rwanda rufite bidakwiye kurutera isoni ngo rwumve ko rugomba kubeshwaho n’ imfashanyo kuko abatanga izo mfashanyo hari izindi...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe irimo gushakisha abaturage bakubiswe uwitwa Jean Bikorimana bivugwa ko yari avuye kwiba bikamubiramo urupfu.
Ejo ku wa Mbere ahagana mu ma saa...
Kim Jong nam na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un
Igihugu cya Koreya ya Ruguru n’ igihugu cya Malyasia byahagaritse by’ agateganyo urujya n’ uruza rw’ abaturage bava mu gihugu kimwe bajya mu...
Perezida wa Koreya w’ Epfo Madamu Park Geun-hye wegujwe kuri uwo mwanya abaye Perezida wa mbere wegujwe mu buryo bwa demukarasi.
Urukiko rw’ ikirenga rwashyigikiye umwanzuro wari wafashwe n’...
Mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi abantu bataramenyekana barashe abantu batatu barimo umwana, babiri barapfa undi arakomereka.
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 12 Werurwe 2017...
Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro ya magendu nyuma yo gushyiraho bariyeri ahitwa mu Kajevuba, mu murenge wa Ntarabana ku manywa yo kuri iki...
Mu karere ka Gicumbi, hafatiwe imodoka yari yuzuyemo ibiyobyabwenge n’izindi nzoga zitemewe zitandukanye ku itariki ya 15 Werurwe.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru Inspector...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Banda mu murenge wa Rangiro,mu karere ka Nyamasheke ari mu maboko ya polisi kuri sitasiyo ya Kanjongo akurikiranweho amafaranga 2400 yahawe n’abaturage...
Minisitiri w’ ubuzima Dr Gashumba Diane avuga ko Leta y’ u Rwanda itifuza ko hagira umwana w’ Umunyarwanda ugwingira haba ku mubiri no mu bwenge.
Ibi Minisitiri yabivuze kuri uyu wa Gatandatu...
Mu murenge wa Kimisagara w’ akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa Mbere tariki 20 Werurwe Polisi yahatahuye ibiro 500 by’ urumogi, Umuyobozi w’ ako karere Kayisime Nzaramba avuga ari akaga ako karere...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye abanyeshuri bo mu Ishuri ry’ubucuruzi muri Kaminuza ya Stanford muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umukuru w’igihugu yabasobanuriye inzira u...
Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda asanga abaganga bahawe icyubahiro bakanashimwa byatuma badakomeza kuva mu Rwanda no mavuriro ya Leta ngo bage mu mavuriro yigenga cyangwa ayo hanze y’ u Rwanda....
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...
Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 y’ amavuko wo muri Leta ya Tennesse, imwe muzigize Leta zunze ubumwe z’ Amerika arimo kuvugwa nk’ intwari nyuma yo gutabara murumuna we w’ imyaka 8 wari ugiye gushyira...
Perezida Kagame na Madamu basezera kuri Minisitiri w’ intebe wa Ethiopia
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2017Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, Madame we Roman Tesfaye...
Leta ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo byagerageje kwica Kim Jong Un bikoresheje ibisasu birimo uburozi.
Icyegeranyo cy’amagambo 1800 icyo gihugu...