Imiryango ine yo mu gihugu cy’u Burundi, yasubiye aho yirukanwe mu kibanza kiri kubakwamo ingoro nshya ya perezida Nkurunziza ahitwa Gasenyi, ihashinga inzu za nyakatsi zo kubamo ivuga ko yabuze...
Abaturage b’akarere ka Burera by’umwihariko abatuye hafi y’ikirunga mu gace k’amakoro baravuga ko bugarijwe n’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatswe nabi kubera ubutaka bugufi mu bujyakuzimu.
Nk’uko...
Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda Minisante yatangaje ko igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi budakoresha imiti buzwi nka Reflexology, iyakuramyakura.
Iyi Minisiteri yabitangaje mu kiganiro...
Dr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Mu masaha y’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Ngeruka ko mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera, yafatiwe mu macumbi (Lodge)...
Mu karere ka Gasabo mu mudugudu wa Rubonobono Akagari ka Nyamabuye Umurenge wa Gatsata umugabo yagiye kwiba igitoki mu murima w’umuturage witwa Akingeneye afatirwa kuri icyo gitoki kiugeza mu...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...