Kuri uyu wa 14 Mutarama, 2018 ibikorwa byo gushakisha Nyampinga w’igihugu byakomereje mu ntara y’Uburengerazuba mu Karere ka Rubavu, Aka Karere akaba ariko kibarutse Miss Mutesi Jolly wa 2016,...
Uwase Hirwa Honorine uzwi nka miss Igisabo wahagurutse i Kigali yerekeza mu gihugu cya Philippines guhagararira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya miss Earth akomeje kudasekerwa n’amahirwe kuko...
Muri iyi minsi Miss Uwase Honorine uzwi cyane nka Miss Igisabo ari mu gihugu cya Philippines aho yagiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa rya Miss earth 2017 ndetse uyu mukobwa akaba yaranze...
Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda ryasohoye itangazo rigaragaza ko batemera ibyakozwe n’uwasezeranyije Umutare Gaby n’umukunzi we baherutse kurushinga.
Ibi bitangajwe nyuma...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Mutarama 2017, Muri Stade nto ya Kigali i Remera, haraye hamenyekanye abakobwa 15 bagiye mu mwiherero aho bagomba gutozwa umuco, indangagaciro na...
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo Nyampinga w’u Rwanda 2017, amenyekanye mu birori bizabera kuri Petit Stade, kuri ubu aba bakobwa bakomeje gutemberezwa ahantu hatandukanye ari nako bigishwa amasomo...
Uwanyana Assia, umugore wa Pst Théogène Niyonshuti yatangiye gutera ikirenge mu cy’umugabo we uherutse kwitaba Imana, akaba yatumiwe mu giterane cy’Ububyutse kizabera i Muhanga kuri uyu wa Gatandatu...
Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi...
Uko iminsi igenda ishira ibyamamare mu Rwanda ntibisiba gukora ubukwe bitandukanye no mu myaka yashize kuko wasangaga abakora ubukwe ari bake.Umuryango wongeye kubegeranyiriza amafoto atandukanye...
Rutahizamu wa APR FC,Nshuti Innocent yasutse amarangamuti ye ku mbuga nkoranyambaga ubwo yifurizaga umukunzi we isabukuru nziza y’amavuko.
Uyu mukinnyi uri mu baherutse guhesha APR FC igikombe...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugore uherutse kugaragara ku mbuga nkoranyambaga yarushijwe imbaraga na manyinya akaryama mu muhanda i Remera ku Gisimenti.
Ku wa Kane tariki 3 Werurwe...
Umunyandakazi Uwase Delphine wamenyekanye muri Cinema nka Soleil muri filimi y’uruhererekane ya Bamenya,yavuze ko hari igihe yatezwe n’ibisambo ari nijoro,arabyivuna binyuze mu masomo ya Karate...
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Gashyantare 2022 mu muhango wabereye ku Gisozi, nibwo Eric Dushimirimana usanzwe ari umusifuzi wo hagati mu cyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda...