Diamond Platnumz uri mu bahanzi bubashywe muri muzika yakoreye igitaramo cy’amateka I Nyamata mu karere ka Bugesera, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya...
Ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga nibwo twabagejejeho ko ikipe ya Rayon Sports yaramukiye mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 aho basuye urwibutso rwa Jenoside rwa...
Umurundi Amissi Cedrick yamaze kwerekeza mu ikipe ya Al Taawoun ibarizwa mu cyiciro cya mbere muri Arabia Saoudite nyuma y’amezi 6 gusa yari amaze mu ikipe ya Uniao Madeira yo mu cyiciro cya...
Justin Bieber agiye kujyanwa mu nkiko n’umufana yakubise ingumi ku munwa akamuvisha amaraso. Icyo gihe yari i Barcelona aho yakoreye igitaramo mu ijoro ryo kuwa 22 Ugushyingo 2016.
’Purpose Tour’...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Dominic Nic Ashimwe, umuririmbyi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasobanuye impamvu nyakuri ituma akora ibitaramo by’ubuntu. Avuga ko inkoni yakubitiwe kuri Petit Stade zabaye imbarutso...
Ikipe ya Mukura Victory Sports ibashije gukora akazi abakunzi b’umupira w’amaguru batari biteze nyuma yo kugwa miswi na Rayon Sports bakanganya igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa cyenda waberaga i...
Umukinnyi wa Rayon n’ikipe y’iguhugu y’u Burundi, Kwizera Pierrot aratangaza ko atakerekeje muri Maroc mw’igeragezwa mu ikipe ya FAR Rabat, bitewe n’uko ubuyobozi bw’iyi kipe hari ibyo butarumvikana...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryashyizeho ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye. Aba bose barazira imyitwarire mibi bagize mu mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi...
Hakizimana Muhadjiri agiye kwinjira mu minsi mikuru n’ibyishimo byinshi, nyuma yaho asohoje isezerano yari yasezeranyije umukunzi we ryo kumuha igitego ku mukino wa Police FC.
Mu nkuru zabanje...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Masudi Djuma, arasaba abakunzi, abafana ba Rayon Sports gusengera iyi kipe ku bw’ibibazo by’imvune byugarije iyi kipe cyane cyane mu bwugarizi bw’iyi kipe(muri ba...
Abantu icyenda ni bo bamaze kwemezwa ko bitabye Imana barohamye mu kiyaga cya Albert nyuma y’impanuka y’ubwato yabaye kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016.
Usibye abitabye Imana, haracyari abandi 21...
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’.
Ku cyumweru tariki 25...
Okoko Godfrey, umurundi utoza ikipe ya Mukura VS aratangaza ko nta kibazo kiri muri komite ya Mukura, kuko ari abakinnyi barahembwa, abatoza nabo barahembwa ndetse nibyo babonaga mbere n’ubu...
Ndayishimiye Eric uzwi nka ’Bakame’, akaba umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, yatangaje ko icyamuteye kuva muri APR FC agasinyira Rayon Sports kandi ari mukeba wa APR FC, ari uko iyi...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indirimbo ye ’Habibi’ aherutse gushyira hanze yujuje...
Umuhanzi akaba n’ umunyarwenya Bisangwa Nganji Benjamin na mugenzi we nawe ukora ibi byombi Niyitegeka Glatien uzwi ku izina rya Seburikoko batangiye gusetsa abantu babinyujije mu buryo bw’...
Koffi Olomide, umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, yatangaje ko yababajwe bikomeye no kumva urupfu rw’umufana we Me Nzamwita Ntabwoba Toy.
Me Toy Nzamwita...
Umunya Portugal utoza ikipe ya Manchester United, José Mário dos Santos Mourinho Félix Mourinho yatangarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ko atari umufana w’umukinnyi ku giti cye,...
Umuririrmbyi Mugisha Benjamin [The Ben] kuri uyu wa gatanu tariki ya 03 Mutarama 2017 mbere y’uko ataramira abaturage batuye mu Karere ka Rubavu yabanje gusura ishuri ryigisha umuziki rya Nyundo....
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Mutarama 2017, Muri Stade nto ya Kigali i Remera, haraye hamenyekanye abakobwa 15 bagiye mu mwiherero aho bagomba gutozwa umuco, indangagaciro na...
Sauti Sol, Itsinda ry’abaririmbyi rikomeye mu karere k’ubarasirazuba, ndetse n’iwabo mu gihugu cya Kenya, banyuze mu mujyi wa Kigali bakomereza urugendo rwabo mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Congo...