Ndayambaje Emmanuel uzwi cyane mu muziki nka Bob Pro avuga ko umuziki nyarwanda udakeneye abiyita abajyanama (managers), ko ahubwo ukeneye abakorera hamwe nk’itsinda rimwe ari abantu benshi kugira...
Umuhanzi Kid Gaju, yongerewe mu mubare w’abahanzi bazaririmba mu gitaramo The Ben ateganya gukorera i Kampala, ahitwa Fusion Auto Spa Munyonyo, ku wa Gatanu, tariki 17 Gashyantare 2017.
Iki...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi, abahanzi basaga 20 hatitawe mu njyana n’ ubwo bw’ indirimbo baririmba bahuriye mu ndirimbo yo kwibuka.
Abo bahanzi barimo...
Umuhanzi Paul Van Haver [Stromae] yasohoye amashusho y’indirimbo yayoboye ihuriwemo n’abahanzi bakomeye barimo n’umuraperi Nicki Minaj uri mu bafite izina rizwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Calvin Harris niwe muvanzi w’umuziki ubikora nk’umwuga ugaragara ku rutonde rw’abakire bakora mu ruganda rw’umuziki rusohorwa buri mwaka n’ikinyamakuru Sunday Times buri mwaka aho umutungo we wikubye...
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Nadia Umugwaneze akaba azwi nka naddy_makeup_artist ari nayo mazina akoresha ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram,akaba amaze kuba icyamamarekazi mu Rwanda kubera...
Kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi University of Global Health Equity (UGHE),yateguye Iserukiramuco ryitwa “Hamwe Festival” igamije kurwanya indwara zo mu mutwe izitabirwa n’abahanzi,abanditsi,...
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria Burna Boy asa nk’aho akunzwe muri White House. Muri 2019, yakoze urutonde rw’abahanzi bakunzwe rw’uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama,...
Kayirebwa Marie Paul ni umukobwa witabiriye Miss Rwanda 2021 yiyamamaje ahagarariye Umujyi wa Kigali, yegukana ikamba ry’umukobwa ukunzwe n’abaturage [Miss Popularity] anahembwa 1,000,000 Frw...
Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana estine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe’ n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E...
Kaminuza ya University of Global Health Equity (UGHE) yateguye iserukiramuco ryitwa HAMWE "Hamwe Festival" ku nshuro ya 3,rigiye guhuriza hamwe abahanzi mu ngeri zitandukanye n’abandi bahanga mu...
Perezida Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nk’uko amakuru dukesha ibiro by’umukuru w’igihugu abitangaza, yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Sénégal aho baganiriye ku ngingo zirebana n’uyu...
Ku wa kane, Rihanna n’umukunzi we A $ AP Rocky bakiriye umwana wabo wa mbere mu cyumweru gishize.
Uyu mwana w’umuhungu hataramenyekana izina yiswe,yahise ashyirwa ku mwanya wa mbere mu bana...
Bamwe mu bahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya Demarco giherutse kubera i Kigali ariko ntibagaragare ku rubyiniro hari amakuru avuga ko bagiye kugana inkiko basaba kwishyurwa ibyo bari...
Nyiri Konde Gang, Harmonize yasubije uwahoze ari Boss we muri Wasafi Classic Baby, nyuma yo gutangaza ko hari abahanzi benshi afata nk’abana be abandi akabafata nk’abuzukuru...
Umuhanzi The Ben yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06 Mutarama 2020 arashyira hanze Album ye ‘Fine Girl’ ikaba araba iboneka ku mbuga zitandukanye zigurishirizwaho...
Mu rwego rwo gutyaza ubwenge Kaminuza ya St Lawrence Univerity yatangaje ko yatanze amahirwe yo kwiga ‘Scholarships’ ku bahanzi 50 bakomoka muri Uganda.