Umuhanzi Ingabire Marina yamaze gusesa amasezerano yari afitanye n’inzu ifasha abahanzi ya The Mane. Marina aje yiyongera kuri Queen Cha na Aristide Gahunzire nabo batandukanye na The Mane mu...
Umwaka wa 1994 ni umwaka utazibagirana mu mateka y’Abanyarwanda n’Isi yose kubera Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni. Ni ku nshuro ya 27 U Rwanda rwibuka inzirakarengane zazize...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...
Mu gihe habura igihe gito ngo amatora abe muri Uganda,perezida Museveni yiyemeje kugaruka mu muziki aho ashaka gukorana indirimbo n’ibyamamare ku isi birimo Kanye West na Lionel...
Harmonize azakorana indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina babarizwa muri The Mane.
Bad Rama umuyobozi mukuru wa The Mane Label yatangaje ko mu gihe kingana n’ iminsi 3 umuhanzi Rajab Abdul...
Ibihangano Radio yasize bigitunganyirizwa muri Studio ya Producer Washington byatangiye kubyutsa urwango hagati y’ abashinzwe kureberera inyungu za Goodlife n’ uwakoze amajwi.
Nyakwigendera...
Umuririmbyi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya, mu bihembo bizwi nka ‘Muzik Magazine awards (Afrimma)’ yabaye umuhanzi w’umwaka muri Afurika w’umwaka (best artist of the Year ), ni mu gihe...
Abanyarwanda n’inshuti zabo bitabiriye ibirori bitibagirana by’ukurahira kwa Paul Kagame bigiye kuba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017. Ibyamamare nyarwanda bashyigikiye uyu mukuru...
Dj Pius uri mu bahanga mu kuvanga imiziki hano mu Rwanda ndetse no kuyiririmba yasubije abakomeje kwibasira aba Dj babashinja kudacuranga indirimbo z’Abanyarwanda avuga ko kuzicuranga atari...
Umuhanzi, Umu-DJ akaba na nyiri 1K Entertainment ifasha abahanzi n’aba DJs, DJ Pius yatangaje Blamo nk’undi muhanzi agiye gufasha mu rugendo rwe rwa muzika, anakomoza ku byavugwaga ko yaba...
Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi mu buryo bw’amajwi Junior Multisystem yatangaje ko adateze kuva mu muziki nubwo yaciwe ukuboko n’impanuka ikomeye yagize kuwa 30 Werurwe...
Muneza Christophe uzwi nka Christopher muri muzika nyarwanda ari mu bahanzi bahabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya munani. Nawe ubwe ngo ikizere ni cyose,...