Muri ibi bihe Abanyarwanda hibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, umuhanzi The Ben witegura kugaruka i Kigali The Ben yasabye abahanzi bagenzi be kuba intangarugero,...
Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
Ubukwe bwa The Ben na Pamella buzabera muri Kigali Convention Centre, ku wa 23 Ukuboza 2023,byitezwe ko buzatahwa n’abantu batandukanye biganjemo ab’ibyamamare aba bombi...
Umuhanzi Tom Close yasabye bamwe mu bahanze bafitiye ishyari umuhanzi Meddy kubera indirimbo ye "My Vow" iri kurebwa cyane kurusha izindi zo mu Rwanda.
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje...
Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Werurwe 2018 nibwo habaye igikorwa cyo gutora abahanzi 10 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya 8. Abo...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James, umuhanzi umaze kuba ubukombe muri muzika nyarwanda, yatangaje abahanzi bazamurekereza mu karere ka Rubavu anavuga uko ibiciro bihagaze kugirango...
Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga...