Prof Dr Dusingizemungu Jean Pierre wahawe imirimo mishya
Hari hashize umwaka Kaminuza ya Kibungo (UNIK) idafite umuyobozi ushinzwe amasomo, Prof Dr Dusingizemungu Jean Pierre kuri uyu wa...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamabuye mu karere ka Muhanga, hafungiye Umushoferi witwa Utazirubanda Jean de Dieu w’ imyaka 32 y’ amavuko.
Utazirubanda yafashwe na polisi y’ u Rwanda ikorera muri...
Inteko ishinga amategeko ya Koreya y’ epfo kuri uyu wa gatanu tariki 9 Ukuboboza 2016 batoye bemeza itegeko ryo kweguzwa Perezida wa Koreya y’Epfo, Park Geun-hye .
Iri tegeko ryatowe n’ abadepite...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana avuga ko bagiye guhiga bukware abahohotera abana b’abakobwa.
Me Evode Uwizeyimana Evode avuga ko u Rwanda rwafashe ingamba...
Mu Rwanda ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo ni ibyaha biteganywa kandi bihanwa n’Itegeko Ngenga n° 01/2012/OL ryo ku wa 02/05/2012 rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana.
Ruswa ni icyaha...
Abantu 22 bapfuye abandi 35 bakomereka nyuma y’aho igisasu giturikiye hafi ya kiliziya y’aba-Orthodox, mu mujyi wa Cairo mu Misiri.
Iki gisasu cyaturikiye iruhande rwa Catedrale ya St Mark kandi...
Abatuye imirenge ya Rukoma na Gacurabwenge yo mu karere ka Kamonyi bugarijwe n’ ikibazo kibakomereye cyo kubura amazi meza kuburyo n’ abakora isuku mu biro by’ akarere barimo kuvoma igishyanga....
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, bazatanga kandidatire hagati ya tariki ya 5 kugeza tariki ya 14 Kamena 2017....
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Sinamenye Jeremie ahakana ko atigeze abeshya Perezida Paul Kagame na Minisitiri nk’uko biherutse gutangazwa n’umuyobozi wa TI Rwanda Ingabire Marie Immaculee.
Ubwo...
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Kanama abana babiri bo mu muryango umwe bapfuye bazize kurya imyumbati ifite ubumara bwitwa Sayinayi.
Aba bana ni Himbazimana Elysé w’imyaka itanu na mushiki we...
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Nyamirama, akagari ka Shyogo, tariki ya 14 uku kwezi, habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo litiro za Kanyanga zisaga 500. Abaturage...
Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda).
Iyi baruwa...
Mu gihe u Burundi bumaze umwaka urenga mu bibazo by’umutekano muke byakurikiye ukwiyamamaza kwa Perezida Pierre Nkurunziza muri manda ya gatatu, abantu benshi biganjemo abatavuga rumwe...
Habiyaremye Cleophas, w’imyaka 44, utuye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, mu Kagari ka Kayonza, Mu mudugudu wa Munazi yavumbuye uburyo bwe bwihariye bwo gukora imbaho ziri mu bwoko bwa...
kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2016, Sena y’u Rwanda yashyigikiye ivugururwa mu byagenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu, mu gihe bavuye mu kazi nta busembwa.
Abasenateri 24 bitabiriye...
Inteko itora kuri uyu 19 Ukuboza 2016 yemeje ko Perezida Donald Trump ariwe Perezida wa 45 wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika imutoye ku majwi 304 , mu gihe Hillary Clinton yagize 227 .
Inteko...
Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yatangaje ko iterambere ryihuse mu bukerarugendo bw’ u Rwanda ari inyungu zo kuba u Rwanda rwarafunguriye amarembo...