skol
Kigali

Search: abaturage (7674)

Prof. Dusingizemungu usanzwe uyobora IBUKA yahawe imirimo mishya

Prof Dr Dusingizemungu Jean Pierre wahawe imirimo mishya Hari hashize umwaka Kaminuza ya Kibungo (UNIK) idafite umuyobozi ushinzwe amasomo, Prof Dr Dusingizemungu Jean Pierre kuri uyu wa...
8 December 2016 6775 0

Muhanga: Umushoferi ufunzwe arazira guha umupolisi ruswa y’ ibihumbi bitanu

Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyamabuye mu karere ka Muhanga, hafungiye Umushoferi witwa Utazirubanda Jean de Dieu w’ imyaka 32 y’ amavuko. Utazirubanda yafashwe na polisi y’ u Rwanda ikorera muri...
8 December 2016 787 0

Polisi y’u Rwanda na TIGO basinyanye amasezerano ku gutahura ibyaha

Polisi y’u Rwanda na kompanyi y’itumanaho TIGO- Rwanda ,basinyanye amasezerano ashyiraho ingamba zihuriweho n’impande zombi ku gukumira no gutahura ibyaha, harimo no kurwanya ruswa. Ubu bufatanye...
8 December 2016 872 0

Koreya y’ Epfo abadepite beguje Perezida w’ iki gihugu ’ Park Geun-Hye’

Inteko ishinga amategeko ya Koreya y’ epfo kuri uyu wa gatanu tariki 9 Ukuboboza 2016 batoye bemeza itegeko ryo kweguzwa Perezida wa Koreya y’Epfo, Park Geun-hye . Iri tegeko ryatowe n’ abadepite...
9 December 2016 1103 0

‘Gutekereza ko ubutegetsi bwa Nkurunziza butemewe ni uguta umutwe’

Umuhuza mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burundi Benjamin Mkapa afata gutekereza ko ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza butewe nko guta umutwe. Ibi Mkapa yabitangaje nyuma y’ uruzinduko...
9 December 2016 2631 0

Perezida wa Ghana John Mahama yemeye ko yatsinzwe

Nana Akufo-Addo yatsinze amatora yiyamamaje kunshuro ya gatatu 2008, 2012 na 2016 Perezida Ghana John Dramani Mahama yemeye ko yatsinzwe amatora y’ umukuru w’ igihugu yabaye kuwa 7 Ukuboza 2016,...
9 December 2016 1068 0

’Ntabwo wagira ubuzima bwiza uhohoterwa’ Me Evode Uwizeyimana

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana avuga ko bagiye guhiga bukware abahohotera abana b’abakobwa. Me Evode Uwizeyimana Evode avuga ko u Rwanda rwafashe ingamba...
10 December 2016 1887 0

Ese Bibilya na Koruwani ruswa biyifata nk’ icyaha cyangwa biyifata ukundi ?

Mu Rwanda ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo ni ibyaha biteganywa kandi bihanwa n’Itegeko Ngenga n° 01/2012/OL ryo ku wa 02/05/2012 rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana. Ruswa ni icyaha...
11 December 2016 1153 0

Perezida Kagame yakebuye abagera ku buyobozi bakiyitiranya n’ igihugu

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’umuryango wa RPF Inkotanyi (Chairman) yakebuye abayobozi bagera ku buyobozi bakumva ko babaye abantu bakomeye kugera ubwo biyitiranya n’ igihugu....
11 December 2016 1621 0

Miss Jolly yishimiye kuba muri 24 bafite ibikorwa by’indashyikirwa

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya ’Miss World’ ari muri ba nyampinga 24 bakoze ibikorwa by’indashyikirwa bifitiye akamaro rubanda Nyamwinshi kuva...
11 December 2016 1485 0

Misiri: Abantu 22 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye hafi ya kiliziya

Abantu 22 bapfuye abandi 35 bakomereka nyuma y’aho igisasu giturikiye hafi ya kiliziya y’aba-Orthodox, mu mujyi wa Cairo mu Misiri. Iki gisasu cyaturikiye iruhande rwa Catedrale ya St Mark kandi...
11 December 2016 140 0

Ibura ry’ amazi muri Kamonyi, n’ abakozi b’ Akarere barimo kuvoma igishanga

Abatuye imirenge ya Rukoma na Gacurabwenge yo mu karere ka Kamonyi bugarijwe n’ ikibazo kibakomereye cyo kubura amazi meza kuburyo n’ abakora isuku mu biro by’ akarere barimo kuvoma igishyanga....
12 December 2016 924 0

EU yafatiye ibihano abayobozi bakuru barindwi ba Congo kubera ibyaha by’ ihohoterwa

Akanama k’Abaminisitiri bashinzwe Ububanyi n’Amahanga mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, EU, kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza, katangaje kafatiye ibihano abayobozi bakuru barindwi ba Repubulika...
12 December 2016 662 0

‘Yemen: Buri minota 10 umwana apfa azize indyo mbi’ UNICEF

Mu gihugu cya Yemen abana ibihumbi 462 bugarijwe bikomeye n’ ikibazo cy’ imirire mibi naho hafi miliyoni 2,2 bakeneye gufashwa kubona amafunguro. ibi ni bigaragazwa na raporo ryashyizwe...
13 December 2016 1038 0

MINALOC yatanze igihe ntarengwa kubashaka kwiyamamaza mu matora ya 2017

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, bazatanga kandidatire hagati ya tariki ya 5 kugeza tariki ya 14 Kamena 2017....
13 December 2016 2079 0

Meya wa Rubavu yabeshyuje amakuru amushinja kubeshya Perezida Kagame

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Sinamenye Jeremie ahakana ko atigeze abeshya Perezida Paul Kagame na Minisitiri nk’uko biherutse gutangazwa n’umuyobozi wa TI Rwanda Ingabire Marie Immaculee. Ubwo...
14 December 2016 3484 0

Kagame mu ba Perezida 3 ba Afurika bakoze ingendo nyinshi muri 2016

Perezida Kagame niwe mukuru w’igihugu wa gatatu ku mugabane wa Afurika wakoreye ingendo nyinshi mu mahanga muri uyu mwaka. Idris Deby wa Tchad niwe wakoze ingendo nyinshi kurusha abandi,...
14 December 2016 2424 0

2016 ibyaha byagabanutseho 12% ugereranyije n’umwaka ushize

Kuwa gatatu tariki ya 14 Ukuboza 2016, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe yahuje Polisi y’u Rwanda n’abanyamakuru bakorera...
14 December 2016 243 0

Akanyamuneza ni kose ku bagororwa barenga 800 bafunguwe ku bw’ imbabazi za Perezida Kagame

Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwashyize mu bikorwa, kuri uyu 14 Ukuboza 2016, icyemezo cyo gufungura by’agateganyo abagororwa 814, n’abandi 62 bahawe imbabazi na Perezida wa...
15 December 2016 4810 0

Musanze : Twizerimana wasizwe iheruheru n’ inkongi y’ umuriro arasaba ubufasha

Umuturage witwa Twizerimana Thomas arasaba ubufasha ubwo ari bwose nyuma yuko inzu ye kuri uyu 15 Ukuboza 2016 ifashwe n’ inkongi y’ umuriro igakongokana n’ ibyari biyirimo byose. Twizerimana...
16 December 2016 1175 0

Rubavu: Abana babiri bishwe n’ imyumbati abandi batatu ibasiga ari intere

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Kanama abana babiri bo mu muryango umwe bapfuye bazize kurya imyumbati ifite ubumara bwitwa Sayinayi. Aba bana ni Himbazimana Elysé w’imyaka itanu na mushiki we...
17 December 2016 1304 0

Kayonza: Hangijwe ibiyobyabwenge birimo litiro 500 za kanyanga n’ ibiro 40 by’ urumogi

Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Nyamirama, akagari ka Shyogo, tariki ya 14 uku kwezi, habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo litiro za Kanyanga zisaga 500. Abaturage...
18 December 2016 299 0

Ibaruwa yandikiwe Nelson Mandela yagurishijwe miliyoni zisaga zirindwi

Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda). Iyi baruwa...
18 December 2016 1515 0

Burundi: Abarenga 800 barafunzwe 71 baburiwe irengero

Mu gihe u Burundi bumaze umwaka urenga mu bibazo by’umutekano muke byakurikiye ukwiyamamaza kwa Perezida Pierre Nkurunziza muri manda ya gatatu, abantu benshi biganjemo abatavuga rumwe...
18 December 2016 477 0

Impuguke mu mupira w’ amaguru zemeza ko Ronaldo Gifaru ari we mukinnyi mwiza isi yagize

Bamwe bamubonye arimo asaza, ntibabashije kuryoherwa n’imikinire mu gihe cye, babona amashusho y’igihe cye akina ariko ntahabwa agaciro nka Cristiano Ronaldo ndetse na Lionel Messi. Abenshi...
19 December 2016 1965 0

Umunyarwanda yavumbuye ubuhanga bwo gukora imbaho mu birere by’ insina

Habiyaremye Cleophas, w’imyaka 44, utuye mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, mu Kagari ka Kayonza, Mu mudugudu wa Munazi yavumbuye uburyo bwe bwihariye bwo gukora imbaho ziri mu bwoko bwa...
19 December 2016 3164 0

Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perezida wa Koreya y’ Epfo

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye Ban Ki- Moon yitandukanyije na Perzida w’ igihugu cye ‘Koreya y’ Epfo’ Park Geun-hye amunenga kuba yaratumye iki gihugu gitakarizwa icyizere. Ki- Moon...
19 December 2016 1211 0

Abanyapolitiki bakuru bavuye mu kazi bambuwe bimwe mu byo bagenerwaga

kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2016, Sena y’u Rwanda yashyigikiye ivugururwa mu byagenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu, mu gihe bavuye mu kazi nta busembwa. Abasenateri 24 bitabiriye...
19 December 2016 3391 0

Inteko itora yemeje bidasubirwaho ko Donald Trump ariwe Perezida wa USA

Inteko itora kuri uyu 19 Ukuboza 2016 yemeje ko Perezida Donald Trump ariwe Perezida wa 45 wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika imutoye ku majwi 304 , mu gihe Hillary Clinton yagize 227 . Inteko...
20 December 2016 931 0

Dr Nkosazana yeretse Afurika inyungu u Rwanda rukura mu koroshya urujya n’ uruza

Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yatangaje ko iterambere ryihuse mu bukerarugendo bw’ u Rwanda ari inyungu zo kuba u Rwanda rwarafunguriye amarembo...
20 December 2016 125 0
0 | ... | 7260 | 7290 | 7320 | 7350 | 7380 | 7410 | 7440 | 7470 | 7500 | ... | 7650