Nigeria-Umukozi mu kigo cya Leta gishinzwe gutegura ibibazo bitangwa mu mashuri, yirukanywe mu kazi azizwa kubeshya ko amadorali 100 ya Amerika yabuze yamizwe n’inzoka.
Uyu mukozi yatanze...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
Perezida Rodrigo Duterte yarahagaze arebera uko imodoka zihenze zangizwa nk’ uko yari yabitege. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki 7 Gashyantare 2018.
Gusenya izi modoka z’ imingara byahuriranye no...
Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
Kuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge.
Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri iyo...
Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
Umuherwe Jeff Bezos w’imyaka 54 y’amavuko ayoboye urutonde rw’abaherwe bafite akayabo k’amafaranga asimbuye Bill Gates kuri uyu mwanya wari uwumazeho imyaka ine kuva mu mwaka wa 2013.
Ikinyamakuru...
Irushanwa ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda yagombaga kwitabira muri Tanzania ryiswe ’Star Time Cup’ ryasubitswe nyuma y’uko amwe mu makipe atangaje ko atazaboneka kubera ko abakinnyi bagiye mu...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuze ko azi neza ko Barack Obama ariwe uri inyuma y’ imyigaragambyo yabaye yo kwamagana abanyapolitiki b’ abarepubulikani bari mu ntegeko...
Umugabo wo mu mujyi wa Los Angles muri Leta ya California yibagishije inshuro 110 ashaka kugira isura nk’ iyi ikinanuka idasanzwe ku Isi.
Vinny Ohh w’ imyaka 22 avuga ko iyo gahunda yo kwihindura...
Leta y’ u Burundi yatangaje ko icyo gihugu cyugarijwe n’ icyorezo cy’ indwara ya Malariya, aho abarenga 72%. Iyo ivuga ko hakwiye ingamba zo guhangana n’ iyo ndwara zirimo no kuvura abantu benshi ku...
Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, byatangaje ubutunzi bw’abakorana bya hafi na Donald Trump.
Gutangaza ubwo butunzi bitegekanijwe n’amategeko, bikaba...
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’urwego rw’ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hatangiwe inyigo yimbitse ku rwunguko rw’ubucuruzi ruva ku Rwanda, Uganda na Tanzaniya. Ibi bikozwe...
Imiryango 6 itegamiye kuri Leta yo mu Burundi yatanze ikirego kirega u Rwanda mu rukiko rwa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) isaba indishyi zingana na miliyari 3 z’amadolari yo guhabwa imiryango...
Umuhanzi Jose Chameleon umaze kubaka izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yayo, yateguye igitaramo mu mpera za Kanama mu mujyi wa Kampala Aho itike ya macye muri iki gitaramo izaba ihagaze...