skol
Kigali

Search: amadorali (559)

Nigeria: Umukozi yabeshyeye inzoka ko yamize ibihumbi 100$

Nigeria-Umukozi mu kigo cya Leta gishinzwe gutegura ibibazo bitangwa mu mashuri, yirukanywe mu kazi azizwa kubeshya ko amadorali 100 ya Amerika yabuze yamizwe n’inzoka. Uyu mukozi yatanze...
13 February 2018 1013 0

Charly&Nina bavuze ku ikaramu Radio yakoreshaga yandika indirimbo yateje imvururu i Nyamirambo

Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
11 February 2018 4521 0

Perezida wa Philipine yasenye imodoka z’ imingara

Perezida Rodrigo Duterte yarahagaze arebera uko imodoka zihenze zangizwa nk’ uko yari yabitege. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki 7 Gashyantare 2018. Gusenya izi modoka z’ imingara byahuriranye no...
10 February 2018 2356 0

Perezida Weah wahoze ari umukinnyi yafashe umwanzuro ukomeye mu gucunga ibya Leta

Perezida George Weah, wanditse amateka yo kuba ariwe mukinnyi w’ umupira w’ amaguru ukomoka muri Afurika wahawe igihembo gihabwa umukinnyi witwaye neza ku mugabane w’ Uburayi Ballon d’ or, uherutse...
26 January 2018 1379 0

Oprah wafashwe ku ngufu ku myaka 14 ashobora kuzahangana na Perezida Trump

Umugore w’ umwirabura, umukinnyi w’ amafilime akana b’ umunyamakurukazi wavukiye mu muryango w’ abakene agafatwa ku ngufu agaterwa inda afite imyaka 14 y’ amavuko, ubu akaba ari icyamamarekazi cy’...
9 January 2018 772 0

FB: Dore amakipe y’ abagore ahembwa neza mu Isi

Umupira w’ amaguru mu bagore urimo gutera imbere by’ umwihariko ku mugabane w’ I Burayi. Nubwo bimeze gutyo ariko ku bijyanye n’ umushara abagore bakina umupira w’ amaguru umushara wabo uri inyuma y’...
23 December 2017 287 0

Umuherwe n’ umugore we bapfuye mu buryo bw’ amayobera

Umunyamamiliyari Barry Sherman n’ umugore Honey, imirambo yabo yabonetse muri kave y’ umuturirwa wabo. Icyateye uru rupfu gikomeje kuba urujijo. Ikinyamakuru cyo muri Canada cyatangaje ko...
16 December 2017 650 0

Zimbabwe: Yegukanye ikamba ry’umugabo mubi kurusha abandi

Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
9 December 2017 5402 0

Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3

Guverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi. Buri mwimukira wemeye kuva...
28 November 2017 3986 0

Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge

Kuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge. Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri iyo...
10 November 2017 792 0

Bwa mbere hakozwe urukweto rudasanzwe kandi ruhenze kurusha izindi ku isi(AMAFOTO)

Nyuma y’uko hakozwe ikanzu ihenze kurusha izindi ku isi ubu noneho hakozwe n’urukweto ruhenze cyane kurusha izindi mu mateka y’isi. Uru rukweto ruri kubarirwa akayabo ka miliyoni 15 n’imisago...
28 October 2017 2667 0

U Burundi bwahanwe n’ ikigenga mpuzamanga kirwanya SIDA

Ikigega mpuzamahanga kirwanya SIDA, Malariya n’ igituntu binyuze muri gahunda ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika itsura amajyambere cyagabanyije inkunga y’ amafaranga cyageneraga u Burundi. Radio...
17 October 2017 1208 0

Mu mafoto reba Hoteli yafunguwe y’igitangaza ku isi yubatse munsi y’amazi yahawe izina ry’ikinyarwanda[AMAFOTO]

Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
6 November 2018 4839 0

Magare na Hakizimana bigaranzuye ibihangange mu irushanwa ryo muri Congo Brazaville

Abanyarwanda 2 Muhitira Felicien uzwi nka magare na Hakizimana Jean bitwaye neza mu irushanwa ryo kwiruka igice cya marathon (21km) muri Congo Brazaville aho bigaranzuye ibihangange birimo...
15 August 2017 654 0

Bill Gates wari umukire wa mbere ku isi yahigitswe n’umugabo uzwiho gutanga imineke muri rubanda

Umuherwe Jeff Bezos w’imyaka 54 y’amavuko ayoboye urutonde rw’abaherwe bafite akayabo k’amafaranga asimbuye Bill Gates kuri uyu mwanya wari uwumazeho imyaka ine kuva mu mwaka wa 2013. Ikinyamakuru...
27 July 2017 4773 0

Star Time Cup yagombaga kwitabirwa na Rayon Sports ntikibaye

Irushanwa ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda yagombaga kwitabira muri Tanzania ryiswe ’Star Time Cup’ ryasubitswe nyuma y’uko amwe mu makipe atangaje ko atazaboneka kubera ko abakinnyi bagiye mu...
29 November 2016 107 0

Wizkid yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi azira ubuhemu

Polisi mpuzamahanga interpol yashyizeho impapuro zo guta muri yombi Umuhanzi Wizkid azira ubuhemu yakoze tariki 3 Ukuboza 2016. Ngo umuhanzi Wizkid yari afite igitaramo yagombaga kwitabira muri...
17 December 2016 656 0

Ruswa yaba irimo kuvuza ubuhuha mu bayobozi bakomeye ku Isi

Muri iyi minsi mu bitangazamakuru bitandukanye ku Isi hakomeje kugaragara inkuru z’ abayobozi bakomeye ku isi bavugwaho ruswa. Abo bayobozi bakomeye muri politiki ku rwego rw’ isi bavugwaho ruswa...
3 January 2017 1449 0

Urukiko ruraburanisha urubanza EAC iregwamo n’ umudepite yirukanye

Margret Zziwa Kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gashyantare 2017, Arusha mu rukiko rwa EAC, EACJ hateganyijwe urubanza Umuryango uhuza ibihugu by’ Afurika y’ Iburasirazuba EAC yarezwemo n’ umudepite...
3 February 2017 544 0

EU yagobotse Leta ya Gambia iherutse gusahurwa akayabo

Umuryango w’ Ubumwe bw’ ibihugu by’ Uburayi wemereye igihugu cya Gambia imfashanyo ingana na miliyoni 240 z’ amadorali y’ Amerika. Ni mu gihe ku wa Kabili tariki 6 Gashyantare 2017 Perezida w’ iki...
11 February 2017 1071 0

Perezida Trump arashinja Obama kuba inyuma y’ imyigaragambyo yabaye

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuze ko azi neza ko Barack Obama ariwe uri inyuma y’ imyigaragambyo yabaye yo kwamagana abanyapolitiki b’ abarepubulikani bari mu ntegeko...
28 February 2017 2113 0

Uganda yiyongereye ku Rwanda, Burundi, na Sudani y’ Epfo bivugwamo ibura ry’ ibiribwa

Leta ya Uganda yatangaje ko ibice birenga 30 % by’ ubuso bw’ igihugu byugarijwe n’ ikibazo cyo kutangira amafunguro. Ibi bije nyuma y’ aho mu bice byinshi by’ icyo gihugu hacanye izuba ryinshi. Iri...
1 March 2017 902 0

Umugabo yibagishije inshuro 110, ashaka kubaho atagira igitsina n’ isura idasanzwe ku Isi - AMAFOTO

Umugabo wo mu mujyi wa Los Angles muri Leta ya California yibagishije inshuro 110 ashaka kugira isura nk’ iyi ikinanuka idasanzwe ku Isi. Vinny Ohh w’ imyaka 22 avuga ko iyo gahunda yo kwihindura...
2 March 2017 5966 0

Burundi : Muri miliyoni 11, 8 barwaye Malariya muri 2016

Leta y’ u Burundi yatangaje ko icyo gihugu cyugarijwe n’ icyorezo cy’ indwara ya Malariya, aho abarenga 72%. Iyo ivuga ko hakwiye ingamba zo guhangana n’ iyo ndwara zirimo no kuvura abantu benshi ku...
14 March 2017 485 0

White House yatangaje ubutunzi bw’ umukobwa wa Trump

Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, byatangaje ubutunzi bw’abakorana bya hafi na Donald Trump. Gutangaza ubwo butunzi bitegekanijwe n’amategeko, bikaba...
1 April 2017 613 0

83% by’ ingengo y’ imari ya 2017/2018 ni amafaranga y’ imbere mu gihugu

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb. Claver Gatete mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 yamurikiye inteko ishingamategeko imitwe yombi Imbanzirizamushinga w’Ingengo y’Imari y’igihe giciriritse. Muri iyi...
28 April 2017 672 0

Perezida Museveni ntiyumva ukuntu abishe Kaweesi bataricwa

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yavuze ko abishe umuvugizi wa polisi AIGP Andrew Kaweesi bakoze icyaha gihanishwa igihano cy’ urupfu yibaza impamvu bakindegembya kandi baratawe muri...
7 June 2017 2112 0

Amerika yafatiye ibyemezo u Rwanda, Uganda na Tanzaniya nyuma y’ikumirwa rya caguwa muri ibi bihugu

Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’urwego rw’ubucuruzi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hatangiwe inyigo yimbitse ku rwunguko rw’ubucuruzi ruva ku Rwanda, Uganda na Tanzaniya. Ibi bikozwe...
21 June 2017 4206 0

Burundi: Imiryango itegamiye kuri leta 6 yareze u Rwanda isaba indishyi ya miliyari eshatu z’amadolari

Imiryango 6 itegamiye kuri Leta yo mu Burundi yatanze ikirego kirega u Rwanda mu rukiko rwa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) isaba indishyi zingana na miliyari 3 z’amadolari yo guhabwa imiryango...
29 April 2024 204 0

Dr Jose Chameleone yihenuye Ku bafana bamubazaga ibyo guhanika itike y’igitaramo cye

Umuhanzi Jose Chameleon umaze kubaka izina rikomeye muri Uganda ndetse no hanze yayo, yateguye igitaramo mu mpera za Kanama mu mujyi wa Kampala Aho itike ya macye muri iki gitaramo izaba ihagaze...
23 April 2024 291 0
0 | ... | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | ... | 540