Minisitiri w’ibikorwa remezo mu Rwanda, James Musoni, aravuga ko bitarenze mu mwaka wa 2019, ikibuga cy’indege mpuzamahanga kizubakwa i Bugesera kizaba cyararagiye kubakwa kigatangira gukoreshwa...
Umuraperi Tyga arashinjwa n’umugabo witwa Alex Benedict, kutuzuza amasezerano bagiranye igihe yamukodeshaga imdoka yo mu bwoko bwa Ferrai kuva muri Mata uyu mwaka.
Uyu mugabo avuga ko Tyga yaje...
Ikipe ya Rayon Sports yatumiwe mu gihugu cya Tanzania mu marushanwa yiswe ’Star Times cup’. Rayon sports izahahurira n’amakipe akomeye muri Africa, bizayifasha kwitegura neza CAF Confederations Cup...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ngo umutekano we utwara miliyoni y’ amadorari buri munsi. Ni ukuvuga miliyari 820 mu manyarwanda.
Ibi ni ibitangazwa...
Ubusanzwe umunyapoliti afite inshingano zo gukorera Sosiyete ye ,igihugu cye, gutekereza bikomeye,kuvugwa neza cyangwa nabi hagendewe ku bikorwa bye.Umurimo wa Politiki ubu usigaye ufite...
Taliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera...
Turi tariki ya 07 Nyakanga ni umunsi 188 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 177 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki abantu bane bacuze umugambi wo kwica Perezida wa Leta...
Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu buryohe...
Polisi ya Malawi yatangaje ko Madamu Joyce Banda wabaye Perezida wa Malawi kuri ubu arimo gushakishwa n’ inkiko kubera ibirego bya ruswa bivugwa ko yagizemo uruhare ubwo yari akiri ku butegetsi...
Imwe mu mazu ya Ivan Ssemwanga yashyizwe ku isoko, n’abagize umuryango we, ku kayabo ka miliyoni 100 z’Amashilingi yo muri Uganda mu rwego rwo guhosha amakimbirane yavutse ku mitungo y’uyu mugabo...
Umuryango wa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza kuri uyu wa Mbere tariki 6 Kanama washyikirije banki nkuru y’ u Burundi (BRB) akayabo k’ amadorari yo gushyigikira amatora ataha y’ umukuru w’...
Mu gihugu cya Brezil hari kubera imiyereko y’abakobwa 27 bari guhatanira ikamba rya miss urusha abandi kugira ikibuno cyiza ndetse giteye amabengeza.
Mu gihe bimenyerewe ko ku Isi habaho...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryaguye mu gihombo cya miliyoni 500 nyuma y’amakosa ryakoze mu minsi ishize mu bijyanye no guha akazi ba rwiyemezamirimo. Amakuru dukesha...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017, Leta ya Kenya yamaze kwemeza bidasubirwaho ko umuntu uzajya afatananywa, atemberana cyangwa se acuruza amasashi azajya acibwa amadorali ya Amerika...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama 2017 nibwo Sergeant Major Namegabe Ndosa Jean Paul winjiye mu Rwanda ku wa Gatandatu saa yine z’igitondo yashyikirijwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Ikipe ya Rayon Sports yatakaje amahirwe yo gusinyisha umusore w’umunya Mali Ismaila Diarra nyuma y’aho ibiganiro n’ikipe Darling Club Motema Pembe (DCMP) ku bijyanye no kugura uyu musore byanze...
Umusore wo muri Namibiya yakoze telefoni itangaje itagombera kugira simu kadi ndetse no guhamagara bikaba ari ubuntu.
Simon Petrus w’imyaka 20 ukomoka muri iki gihugu cya Namibiya giherereye mu...
Koreya ya Ruguru yatangaje ko izihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika mu buryo itigeze ibona. Ibi iki gihugu cyabitangaje nyuma y’ uko akanama gashinzwe umutekano muri Loni kagifatiye ibihano...
Isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro guhera mu cyumweru gishize riragaragaza ukuzamuka gutunguranye kw’ikiguzi cy’amabuye y’agaciro ya Tungsten aya kandi akaba ari amabuye y’agaciro aza ku mwanya...
U Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20.
Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari...