skol
Kigali

Search: amadorali (561)

Bimwe mu bihe by’ingenzi utari uzi byaranze ’KAKA’ wabiciye bigacika muri ruhago

Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
2 January 2017 1875 0

Kigali: imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe guturwamo yahawe amezi atatu

Imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe gurwamo mu Rwanda, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwayihaye amezi atatu yo kuba yamaze kwimukira mu mazu yagenewe ubucuruzi. Ibigaragarira...
4 January 2017 1425 0

Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga 3 Miliyoni agahungira Uganda yatawe muri yombi

Polisi ya Uganda yataye muri yombi inohereza mu Rwanda Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga miliyoni 3 mu karere ka Rusizi akajya kwihisha muri Uganda. Isaïe Hategekimana akurikiranyweho kwiba...
5 January 2017 1158 0

Perezida Kagame ategerejwe mu gihugu cy’u Buhinde ku butumire bwa Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
6 January 2017 590 0

Umunyafurika mu bakinnyi 5 bakize cyane kurusha abandi muri shampiyona y’u Bwongereza

Shampiyona y’u Bwongereza niyo shampiyona umuntu yavuga ko ariyo ikurikiranwa cyane ku mugabane w’Uburayi ndetse no ku isi yose, iyo umukinnyi akina muri iyi shampiyona akaba ari n’umuhanga...
9 January 2017 4161 0

Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa akurikiranywe n’ inkiko

Nicolas Sarkozy Umucamanza wo mu gihugu cy’ Ubufararansa yategeko ko Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa yitaba urukiko agatanga ibisobanuro by’ ukuntu yakoresheje amafaranga y’...
7 February 2017 524 0

Ibigo by’ imari byahagurukiye ubujura bwifashisha inkorabuhanga

Ibigo by’imari mu Rwanda biravuga ko byafashe ingamba zikarishye mu guhangana n’ibitero bigabwa ku ma banki by’umwihariko, hifashishijwe ikoranabuhanga [Cyber Attacks], abajura [Hackers] bashaka...
10 February 2017 495 0

Akayabo kazagenda ku rukuta rutandukanya USA na Mexique kamenyekanye, Mexique yateguye imyigaragambyo

Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
12 February 2017 4482 0

Kenya :Nyuma y’uko bakoze ubukwe bw’ idolari rimwe, bakorewe ubwatwaye asaga miliyoni 30 Frw-AMAFOTO

Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
14 February 2017 9751 0

Trump yongeye yibasira itangazamakuru, nyuma y’ isengesho ryayobowe n’ umufasha we (Uko byari byifashe mu mafoto arenga...

Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
19 February 2017 6366 0

Umugeni wakoze ubukwe bw’idorali 1, yahaye inama abakobwa bashidukira abanyamafaranga

Umugore witwa Ann Mutura washyakanye na Wilson, bagakora ubukwe bwatwaye idorali rimwe mu gihugu cya Kenya, yavuze ko yakunzwe n’abagabo bafite amafaranga ndetse banamusabaga ko bakora ubukwe...
23 February 2017 5160 0

Mexique yateye utwatsi politiki ya Trump yo kohereza muri Mexique abimukira bose badafite ibyangombwa

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique Luis Videgaray Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique yamaganye gahunda ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yo kwirukana...
23 February 2017 1144 0

U Bwongereza: Inzu yubakiwe guhungishirizwamo abayobozi yatahuwemo umurima munini w’ urumogi(AMAFOTO)

Mu gihugu cy’ u Bwongereza mu nzu yubakiwe guhungishirizwamo abayozi, hatahuwe umurima w’ urumogi rufite agaciro ka amadorali y’ Amerika miliyoni n’ ibihumbi 200. Iyo nyubako yasanzwemo uyu murima...
24 February 2017 2332 0

Umugore wa Perezida Trump ashobora kwirukanwa muri Amerika kubera uburiganya

Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
27 February 2017 5715 0

Oprah Winfrey yasobanuye imyaka 31 y’urushako nta mwana

Mu buzima bwa Oprah Winfrey ntiyigeze ashaka kubyara ndetse n’umwana yabyaye yapfiriye mu bitaro hashize iminsi mike avutse! Umunyamakuru Oprah Winfrey umwe mu bagore bavuga rikijyana ku Isi,...
27 February 2017 3973 0

Gen Ousmane wari umugaba mukuru w’ingabo muri Gambia yakuweho

Perezida Adama Barrow uherutse kurahirira kuyobora Gambia atowe n’abaturage yavanye Gen Ousmane Badgie ku mwanya w’ umugaba mukuru w’ingabo. Uyu musilikali yari yashyizweho na Yahya Jammeh wamaze...
28 February 2017 1311 0

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
28 February 2017 1900 0

FERWAFA ihaye umugisha Antoine Hey nk’umutoza w’Amavubi

FERWAFA yemeje Umudage Antoine Hey nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’.Ahigitse umu Portugal n’umu Suwisi. Ni nyuma y’inkuru yasohotse mu kinyamakuru ’La Jeune...
2 March 2017 1338 0

Urifuza guherekeza Rayon Sports muri Mali gukina na Onze Createurs? Dore ibyo usabwa

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
6 March 2017 2975 0

Urumogi rwihariye 23% by’ umusaruro mbumbe wa Maroc 2016

Igihugu cya Maroc nicyo gihugu cya mbere ku isi gihinga kikanohereza mu mahanga urumogi rwinshi nk’ uko byagaragajwe na raporo ku biyobyabwenge yashyizwe ahagaragara n’ ishami ryo muri Leta zunze...
6 March 2017 1126 0

Davido yaguriye umubyeyi we imodoka ihenze ku isabukuru y’amavuko

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, David Adedeji Adeleke [Davido], ubarizwa mu gihugu cya Nigeria yatunguye umubyeyi we amugenera impano y’imodoka ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 60 y’amavuko....
6 March 2017 2862 0

Ibigo n’inzego za leta bishobora kuvanwa i Kigali bigatwarwa mu ntara

Kera kabaye Abanya-Kigali bashobora kujya berekeza mu ntara batagiye gutembera cyangwa gusura abo basizeyo, ahubwo bagiye gusaba serivisi ku byicaro by’ibigo n’inzego za leta bishobora kwimurirwa...
11 March 2017 3798 0

Sudani y’ Epfo irashishikaye mu kugura intwaro abaturage bayo bicwa n’ inzara ikabije, Uganda na D R Congo baba babiri...

Umuryango w’ abibumbye uratangaza ko guverinoma ya Sudani y’ Efpfo ikomeje gutagaguza amafaranga menshi igura intwaro nyamara abaturage b’ icyo gihugu bugarijwe n’ inzara ikabije ishobora guhitana...
19 March 2017 2136 0

Ibikorwa byo kuvugurura imva ya Yesu byasojwe, abakiristu baritegura pasika

Mu gihe abakirisitu bitegura kwizihiza Pasika, itsinda ry’abubatsi ryasoje ibikorwa byo kuvugurura ahafatwa nk’ahari imva Yezu Kristu yashyinguwemo akazuka mu mujyi wa Yeruzalemu. Hari hashize...
23 March 2017 4841 0

Umwangavu yiciye mugenzi we mu modoka umurambo awuta ku nkengero z’ umuhanda

Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 16 yishe arasiye mu modoka umwangavu mugenzi we abifashijwemo n’ umugabo w’ imyaka 22, umurambo bawurambika ku nkengero z’ umuhanda ahitwa Orlando muri Leta ya Frolide....
16 April 2017 3848 0

Tanzania ntirabasha kwikura ibihombo yatewe n’ intambara yo guhirika Idi Amin Dada [Viedewo]

Imyaka hafi 40 irashize, Idi Amin Dada wategetse Uganda benshi bafata nk’ umunyagitugu, ahiritswe ku butegetsi. Ubusesenguzi bwakozwe na televiziyo muri Uganda NTV bugaragaza ko Tanzania...
18 April 2017 2347 0

Yishe umuntu abicisha Live no kuri Facebook none ubu ari guhigwa bidasanzwe kuburyo bamushyizeho n’akayabo k’amafaranga...

Inzego z’umutekano n’iperereza muri US ziri gushakisha umugabo wishe undi muri Leta ya Ohio mu mujyi wa Cleveland, uyu mugabo uri guhigwa FBI yamushyizeho igihembo cya $50 000 ku muntu uri butange...
21 April 2017 4458 0

Menya uko Perezida Trump agambiriye gukorana na bimwe mu bihugu byo muri Afurika

Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
28 April 2017 3914 0

Perezida Maghufuli yirukanye abakozi ba Leta ibihumbi 10 avuga ko ari abajura

Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yirukanye abakozi 10000 avuga ko bafite ibyangombwa bihimbano avuga ko ibyo bakoraga ari ubujura. Magufuli yahise atangaza ko umushahara w’aba bakozi...
28 April 2017 1350 0

Wa mubyeyi wa Kicukiro, uwemeye ko yamwishe ngo yashakaga kwica abantu 1000

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2017, Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu bishe umubyeyi witwa Iribagiza Christine wari utuye mu murenge wa Niboyi barimo uwitwa Majyambere Bertin wiyemerera ko...
29 April 2017 6300 0
0 | ... | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | 480 | 510 | 540