Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
Imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe gurwamo mu Rwanda, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwayihaye amezi atatu yo kuba yamaze kwimukira mu mazu yagenewe ubucuruzi.
Ibigaragarira...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
Shampiyona y’u Bwongereza niyo shampiyona umuntu yavuga ko ariyo ikurikiranwa cyane ku mugabane w’Uburayi ndetse no ku isi yose, iyo umukinnyi akina muri iyi shampiyona akaba ari n’umuhanga...
Nicolas Sarkozy
Umucamanza wo mu gihugu cy’ Ubufararansa yategeko ko Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa yitaba urukiko agatanga ibisobanuro by’ ukuntu yakoresheje amafaranga y’...
Ibigo by’imari mu Rwanda biravuga ko byafashe ingamba zikarishye mu guhangana n’ibitero bigabwa ku ma banki by’umwihariko, hifashishijwe ikoranabuhanga [Cyber Attacks], abajura [Hackers] bashaka...
Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique Luis Videgaray
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique yamaganye gahunda ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yo kwirukana...
Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
Igihugu cya Maroc nicyo gihugu cya mbere ku isi gihinga kikanohereza mu mahanga urumogi rwinshi nk’ uko byagaragajwe na raporo ku biyobyabwenge yashyizwe ahagaragara n’ ishami ryo muri Leta zunze...
Mu gihe abakirisitu bitegura kwizihiza Pasika, itsinda ry’abubatsi ryasoje ibikorwa byo kuvugurura ahafatwa nk’ahari imva Yezu Kristu yashyinguwemo akazuka mu mujyi wa Yeruzalemu.
Hari hashize...
Inzego z’umutekano n’iperereza muri US ziri gushakisha umugabo wishe undi muri Leta ya Ohio mu mujyi wa Cleveland, uyu mugabo uri guhigwa FBI yamushyizeho igihembo cya $50 000 ku muntu uri butange...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yirukanye abakozi 10000 avuga ko bafite ibyangombwa bihimbano avuga ko ibyo bakoraga ari ubujura.
Magufuli yahise atangaza ko umushahara w’aba bakozi...