Abatuye muri Repubulika ya Centrafrica bazindukiye mu matora ya kamarampaka agamije kongera umubare wa manda Umukuru w’Igihugu yemerewe kuyobora, no kuvana uburebure bwa manda ku myaka itanu...
Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ’guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda zidakanganye na busa imbere ya FARDC, avuga ko binyuze mu mutwe wa M23 bafatiranye...
Ikipe ya Police FC iri mu biganiro n’Umunyezamu Kimenyi Yves uheruka gusezererwa na Kiyovu Sports nyuma yo kubura Ntwari Fiacre yifuzaga akaza gusinyira TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo.
Hari...
Biravugwa ko Cristiano Ronaldo ashaka kuva mu ikipe ya Al Nassr nyuma y’umwaka urengaho amazi 6 ayikinira, Ndetse mu mezi abiri ashize Perezida wayo yatangaje ko amahitamo ya kabiri mabi yagize...
Kimwe n’ahandi mu bihugu bitandukanye, muri Ambasade zitandukanye zikorera i Kigali hazamuwe amabendera asanzwe akoreshwa n’uyu muryango uzwi nka LGBTQ.
Imibare yo kuva mu 2016, yerekana ko buri...
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’ingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi...
Umuhanzi Nyarwanda utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben uri mu myiteguro y’ubukwe na Miss Uwicyeza Pamella , ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo;...
Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports hagati ya 2019 na 2020, ni umwe mu bagize uruhare mu kubohora u Rwanda mu 1994, aho yiyunze ku Ngabo za RPA muri Gicurasi uwo...
Abagore 13 bari barahamijwe icyaha cyo gukuramo inda bari bafungiwe muri gereza ya Nyarugenge, Ngoma Musanze na Nyamagabe nibo bahawe imbabazi bahawe imbabazi na Perezida...
Perezida Kagame yavuze ko hari abasaba ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga kuko hari imyanzuro rwafashe ndetse avuga ko Abanyarwanda badakwiye gukora nk’abandi mu buryo busanzwe kuko bafite ibibazo...
Akenshi usanga ibyo abantu biyaturirah ariko bibagendekera ni byiza ko umuntu akwiye kwiyaturiraho amagambo meza mu kurema uwo ashaka kuba we kuko bimufasha kubaho ubuzima bwiza kandi...
Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Abari muri dosiye imwe na Poul Rusesabagina nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida ,bashimye imbabazi bahawe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame biyemeza gukoresha ubuhamya bwabo mu...
Inzobere mu buzima bwo mu mutwe Profeseri Gillian Mezey ni we wumviswe uyu munsi mu iburanisha ku rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994.
Profeseri Mezey...
Kuwa kane, ku nshuro ya kabiri muri uku kwezi, Jenerali Muhoozi Kainerugaba yasibye ubutumwa yatangaje ko aziyamamariza gusimbura se Perezida Yoweri Museveni mu matora ya 2026.
Tariki 03 z’uku...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Igisirikare cya Uganda UPDF, kiravuga ko kiri mu mayira abiri kukurasa ku mutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Kongo, igihe hafatwa umanzuro wo kurwana.
Ikinyamakuru Daily Monitor cyanditse ko...